Esipanye na senegal basinyinye amasezerano aha amahirwe y’Akazi k’abanyasenegal byoroshye

Minisitiri w’intebe wa Esipanye, Pedro Sánchez, yabonanye na perezida wa Senegali, Bassirou Diomaye Diakhar Faye, mu rugendo ruzamugeza mu bihugu bitatu byo muri Afurika y’iburengerazuba, hagamijwe gushakira umuti ikibazo cy’abimukira barenga ku mategeko, bajya mu birwa bya Canaries bya Esipanye. Abo bayobozi bombi bashyize umukono ku masezerano yo guteza imbere amahirwe y’akazi k’igihe gito muri…

Read More

Mauritania : Ibikorwa byo gushakisha abimukira 150 barohamiye mu nyanja ya Atlantike birakomeje

Umuryango mpuzamahanga wita ku mpunzi uratangaza ko abimukira batari bake bamaze kwitaba imana , abandi bagera ku 150 bakaba bataziwe irengero, nyuma y’uko ubwato bwari bubatwaye burohamye mu mazi y’injyanja ya Atlantike hafi yo ku nkombe z’igihugu cya Moritaniya. Ibi byatumye ibikorwa bigamije gutabara no kurohora aba baba bagitera akuka k’abazima bikomeza ,aho kugeza ubu…

Read More

Imbabazi The Ben yahaye Fatakumavuta ntizivugwaho rumwe

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yatangaje ko yahaye Sengabo jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta imbabazi. Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yatangaje ko yahaye Sengabo jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta imbabazi nyuma y’uko amwibasiye ku mbuga nkoranyambaga bikamuviramo gutabwa muri yombi. Abinyujije kuri Konti ye ya Instagram, Umuhanzi The Ben yavuzeko yababariye Fatakumavuta…

Read More

Intambara ya Israel na Palestine : Isirayeli yateye Ibirindiro birindwi by’Umutwe wa Hezbollah muri Libani

Ingabo za Isirayeli kuri uyu wa kane zatangaje ko zagabye ibitero ku birindiro birindwi by’abarwanyi ba Hezbollah muri Libani. Zatangaje kandi itabwa muri yombi ry’umuturage wa Isirayeli ukekwaho kugira uruhare mu mugambi wa Irani wo gushaka guhitana bamwe mu bayobozi b’igihugu. Mw’itangazo bwasohoye, ubutegetsi buvuga ko uwatawe muri yombi ari umucuruzi ufite abantu akorana na…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal umukinnyi yari kuvanamo amafaranga byanze! icyemezo cya Manchester City kuri Pep Guardiola

Atletico Madrid nyuma yo gutunga abanya Argentina benshi barimo Angel Correa, Rodrigo de Paul Nahuel Molina  na bandi  irashaka n’undi munya Argentina w’imyaka 24  wa  Manchester City  Julian Alvarez nyuma yo kubura umwanya uhagije wo gukinga kubera Erling Braut Haaland. (#Marca – in Spanish) Gusa n’anone Paris St-Germain irifuza  Alvarez. (#Fabrizio Romano) Manchester United yamaze kwiyunga kuri Liverpool mu gushaka…

Read More

Ikigo cy’ubutasi cya Koreya yepfo cyemeje ko Koreya ya ruguru yohereza ingabo mu Burusiya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza muri Koreya yepfo cyemeje ko amato y’Uburusiya yimuye abasirikare 1,500 bo muri Koreya ya Ruguru aberekeza muri Vladivostok. Ikigo cy’ubutasi cya Koreya yepfo cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yohereje ingabo zo gushyigikira igihugu cy’ Uburusiya mu intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza cya Koreya yepfo (NIS) cyemeje ibi mu…

Read More

Abasore bafite imiterere yo kuryamana n’abo bahuje ibitsina bazajya bahabwa ubupadili

Kuri iki cyumweru  , Kiliziya Gatolika  yatangaje ko yemeje  icyemezo gishya kirebana n’abagabo bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina ko bemerewe kuba bahabwa ubupadili .  Mu itangazo ryashyizweho umukono n’Inama y’Abepisikopi yo mu Butaliyani (CIE) mu Ukwakira 2024, ryemeza ko abagabo bafite ubwo bwoko bw’imyemerere bemerewe kuba abapadiri igihe cyose bemeye gukomeza kuba ingaragu…

Read More

Mbonye amahirwe yo gukina umukino wa nyuma nahitamo gukina na Uruguay : Asamoah Gyan

Uwahoze ari kapiteni w’inyenyeri zirabura za Ghana, Asamoah Gyan yongeye kwerura avuga ku bihe bikomeye yanyuzemo ubwo yahushaga penaliti maze ikipe y’igihugu cye igasezererwa na Uruguay ya Luis Suarez mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’isi muri 2010. Mu guhangana n’ingaruka z’ibibazo uyu mukino wateje kuri uyu mugabo, uyu yasobanuye ko kugeza nanubu inzozi mbi zo…

Read More

Gabon : Perezida w’inzibacyuho yabujije abakozi ba Leta kujya kuruhukira mu mahanga

Brice Oligui Nguema ,Perezida w’inzibacyuho wa Gabon yabujije abakozi ba leta kujya mu biruhuko mu mahanga, iyi ikaba ari n’ingingo igendanye na politike agarukaho inshuro nyishi kuko abifata nkaho ari uburyo bwo kwimakaza ubutegetsi bwegereye abaturage. Umuvugizi wa komite y’inzibacyuho ya gisirikare yavuze ko izi ngamba zigamije gushishikariza gusubira ku mizi no kurushaho kwegera abaturage,…

Read More

Umuhuro wa Perezida Ramaphosa na Donald Trump wateje impagarara aho gukemura amakimbirane

Umuhuro wagombaga kunga ubumwe hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’Epfo wahindutse intandaro y’umwuka mubi, ubwo Perezida Donald Trump yashinjaga Leta ya Afurika y’Epfo gutoteza no kwica abahinzi b’abazungu. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu ubwo Perezida Cyril Ramaphosa yasuraga White House, nyuma y’icyumweru Amerika ihaye ubuhungiro Abanyafurika y’Epfo 59 b’Abazungu, ndetse…

Read More