Mali yahagaritse imigenderanire na Ukraine kubera ibirego ishinja umutwe wa Wagner

Mali ivuga ko yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Ukraine, nyuma y’uko umuyobozi w’ingabo za Mali avuga ko leta ya Kyiv yagize uruhare mu mirwano yabereye hafi y’umupaka uhuza iki gihugu na Alijeriya mu kwezi gushize. Abasirikare n’abacanshuro benshi bo mu mutwe wa Wagner w’Uburusiya bivugwa ko bishwe mu minsi y’imirwano yagiranye n’inyeshyamba zo mu…

Read More

Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!

Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27,  arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror) Chelsea  itangiye gutekerezakongerera amasezerano  umusore wayo w’imyaka  24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na  Aston Villa ndetse na  Tottenham Hotspur. (Guardian) AC Milan ikomeje ibiganiro…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Papa Yohani Pawulo wa Kabiri yagiriye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cye cy’amavuko cya Pologne naho Nouri Al-Maliki abona izuba

uyu munsi ku wa gatanu , tariki 2 Kanama ni umunsi wa 215 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 151 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Ku munsi nk’uyu kandi hari kuwa 02 Kamena 1953 ni bwo umwamikazi w’Ubwongereza Queen Elizabeth II yambikwaga ikamba mu birori…

Read More

Stephen Constantine wahoze atoza Amavubi yaburiye Nigeria

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Pakistan, Stephen Constantine yaburiye Kagoma za Nigeria kutirara imbere y’Amavubi y’u Rwanda mu mukino urabahuza kuri uyu wa Gatanu, tariki 21 Werurwe 2025. Stephene avuga ko ubudahangarwa bw’Amavubi, budashingiye ku ngano cyangwa umubare w’abaturage b’u Rwanda, ahubwo bushingira ku mpano n’imyiteguro myiza, imenyerewe k’u Rwanda. Stephen Constantine umutoza w’ikipe y’igihugu ya…

Read More

Amerika yunze murya perezida Kagame ko Afrika yagira ibyicaro bibiri bihoraho mu kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kw’isi

Leta zunze ubumwe z’Amerika ishyigikiye ko Afrika igira ibyicaro bibiri bihoraho mu kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kw’isi.Iyi nteko igira n’ibindi bihugu icumi, bihagarariye imigabane yose y’isi, bigenda bisimburana buri myaka ibiri. Muri byo, bitatu biba ari iby’Afrika. Uretse Afrika, hari n’ibindi bihugu nabyo bisaba icyicaro gihoraho. Ni nk’Ubuhinde, Ubuyapani, n’Ubudage, n’ibindi byo muri Amerika…

Read More

Watford yegukanye Nestory Irankunda wa Bayern Munich

Ikipe ya Watford yo mu cyiciro cya kabiri mu Bwongereza yamaze kumvikana na Bayern Munich ku igurwa rya Nestory Irankunda, rutahizamu w’imyaka 19 w’umunya-Australia, ku giciro kiri hafi ya miliyoni 3 z’ama-euro (€3m) hamwe n’amasezerano y’igihe kirekire azageza mu 2029.  Nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru wizewe Fabrizio Romano, Bayern izagumana uburenganzira bwo kugura Irankunda ku giciro cyemewe…

Read More

Kuzirikana aya mateka bidufasha gukomeza kubaka u Rwanda ruzima : Madame Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari intango y’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Mu butumwa yageneye Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31, yavuze ko badakwiye gucika intege mu gukomeza gusobanura ukuri kw’amateka nubwo hashize imyaka 31 bakiyasobanura. Ubu butumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa X rwa Unity Club Intwararumuri, Madamu…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 06/Nyakanga,Malawi yatangaje ubwigenge bwayo nyuma yo kwibohora ubukoloni bw’Abongereza naho 50 Cent abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatandatu/Nyakanga ni umunsi w’188 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 178 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 2004: Radio Izuba, Radiyo y’Abaturage ikorera mu Burasirazuba bw’u Rwanda yatangiye gukora ku mugaragaro. 1484: Diogo Cão ukomoka muri Portugal yageze ku isoko y’umugezi…

Read More

Togo : Perezida Faure Gnassingbe yagaruye mu nshingano minisitiri w’intebe wari wareguye

Perezida wa Togo, Faure Gnassingbe yagumishije Victoire Sidemeho Tomegah-Dogbe, ku mwanya wa minisitiri w’intebe nubwo guverinema izashyirwaho mu minsi iri imbere bijyanye n’itegeko nshinga rishya. Iki gikorwa cyo ku mugarura ku nshingano cyibaye nyuma y’amezi make Tomegah-Dogbe yeguye kuri uyu mwanya hamwe na guverinoma ye yose muri Werurwe N’ubwo yeguye, Gnassingbe yari yarahaye Tomegah-Dogbe gukomeza…

Read More