Sudan : Abana bakomeje guhunga intambara ku bwinshi

Abana barenga miliyoni eshanu bahunze ingo zabo muri Sudani kubera intambara za hato na hato zibasira ibice bitandukanye by’iki gihugu. Mahmoud Ni impfubyi yo muri Sudani yatereranywe kabiri, kandi yimuwe kabiri mu ntambara ikomeye y’igihugu cye – bamwe  mu bana bo muri  Sudani bagera kuri miliyoni eshanu babuze hafi ibintu byose kuko basunitswe bava ahantu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Taddeo Lwanga yavuze ko abatsindira Pyramids FC muri Misiri, Uwayezu Jean Fidèle yasigiye umwenda rayon sports wa  miliyoni 400 Frw!

Tariki 13 Nzeri 2024, nibwo ubufatanye hagati ya Ubumwe Initiative n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG), binyuze mu ikipe yacyo y’umukino wa Basketball y’abagore bwashyizweho akadomo aho kuri ubu REG WBBC iri ukwayo ndetse n’Ubumwe BBC ikaba yarasubiye ku ivuko. (Kigali To Day) Etincelles FC yanganyije na Police FC 0-0 mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Mbere…

Read More

Dore ibisubizo byihuse Mikel Arteta azafata mu kuziba icyuho cya Kai Havertz uzagaruka umwaka utaha

Ikipe ya Arsenal iherutse kuvunikisha rutahizamu wayo Kai Havertz waje usanga abandi Batanu b’iyi kipe, benshi bakomeje kwibaza abagomba kuza kuziba icyuho cye ndetse n’abandi badahari mu gice cy’imbere. Muri iyi nkuru reka tugaruke kuyandi mahitamo ahari nk’uko ababasesenguzi bakomeye i Burayi bari kubigarukaho! 1.Raheem Sterling : Uyu ni Umwongereza batijwe n’ikipe ya Chelsea gusa…

Read More

Minisitiri Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa perezida Habyarima mu itsembwa ry’abatutsi i Kibeho

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène yagaragaje ko mu 1992 Perezida Habyarimana yohereje muri Gikongoro na Komisiyo yo ku rwego rwa Perefegitura igizwe n’abantu 15 biganjemo ab’iwabo muri Gisenyi na Ruhengeri, bahabwa inshingano yo kuyobora ubukangurambaga bwa Jenoside, gutoza Interahamwe n’Impuzamugambi zatsembye Abatutsi mu 1994. Ibi Minisitiri, Dr Bizimana Jean Damascène, yabitangaje…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Intara ya Timor y’Iburasirazuba, yongewe ku zigize Indonésie naho, Letsie III umwami w’ubwami bwa Lesotho abona izuba

Tariki ya 17 nyakanga Ni umunsi mpuzamahanga w’ubutabera. Uyu munsi mu mateka y’u Rwanda ,Mu mwaka wo mu1994: Tariki ya 17 Nyakanga, Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1429: mu ntambara y’Imyaka 100 Hundred Years’ War, umwami Charles VII w’ubufaransa yambitswe ikamba ryo kuba umwami w’ubwami bw’ubufaransa…

Read More

OMS yatanze ihumure ku bwoba bwari buhari bwo guhagarika ubuhahirane mpuzamahanga n ‘u Rwanda kubera Marburg

Ishami ry’umuryango w’abibumye ryita ku ubuzima OMS ryatangaje ko abantu badakwiye kugira ubwoba bwo guhahirana n’u Rwanda cyangwa kwirinda ingendo zihagana n’iz’ubucuruzi n’u Rwanda mu rwego rwo kwirinda kwandura indwara ya virusi ya Marburg (MVD) kuko ngo iki cyorezo kidashobora kugikwirakwiza hanze y’Igihugu bijyana n’ingamba zashyizweho. Aya makuru kandi yemejwe n’umunya -Porutigale uyobora ishami ry’umuryango…

Read More

DRC yakiriye izindi dose z’inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende

Ministri w’ubuzima muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo yatangaje ko icyo gihugu kigiye kwakira inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende. Repubulika ya demukarasi ya Kongo itegereje inkingo za mbere z’indwara y’ubushita bw’inkende kuri uyu wa kane, icyiciro cya kabiri cyazo kikazahagera kuwa gatandatu w’iki cyumweru. Byatangajwe n’umukuru w’itsinda rishinzwe kurwanya iyo ndwara, Cris Kacita. Ishami ry’umuryango w’Abibumbye…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Amatike y’umukino  wa nyuma  wa  CAF Super Cup yashize nyuma y’iminota 10 ashyizwe hanze!  Umukino w’Iki y’Igihu y’u Rwanda na  Nigeria wahumuye

Umufaransa   w’Imyaka  52  Fernando Da Cruz  nyuma yo gutandukana  n’Ikipe  ya  Kaizer Chiefs  nk’umutoza  wa  yo  aho yasimbuwe  na  Nasreddine Nabi w’Imyaka 59 ,  kuri ubu agiye kubona akazi gashya  mu ishyirahamwe  ry’Aruhago  muri Morocco  nka  Technical Director .(#MickyJr) Umukino w’Ishiraniro  wa  CAF Super Cup  uhuza ikipe yatwaye CAF  Champions League  na Confederation  uzahuza ikipe …

Read More