Umutwe wa M23 wamaze kwakira undi musirikare ukomeye waje kuwutera  ingabo mu bitugu mugihe urugamba rukomeje gukara barwanamo na Leta ya Congo

Umutwe  w’agisirikare wa M23 urwanira  mu burasirazuba bwa congo  ukomeje kunguka amaboko mashya nyuma yo kwakira undi musirikare wa wuhozemo kandi ukomeye uje kubatera ingabo mubitugu muntumbara  bahanganyemo na Leta ya ya Congo ariwe Colonel Vianney Kazarama Kanyamuhanda. N’imugihe imirwano ikomeje gukaza umurego muburasirazuba bwa Congo hagati ya Congo ndetse n’uyu mutwe uvugako uharanira byumwihariko…

Read More

NIGER : imfungwa zitaramenyekana umubare zatorotse gereza yafungirwagamo inyeshyamba

Leta ya Niger yatangaje ko Ku wa kane imfungwa z’abajihadisite zitaramenyekana umubare zatorotse gereza iherereye mu burengerezuba bwa Niger . Abayobozi bo muri Nijeriya batangaje ko yuko imfungwa nyinshi zatorotse gereza ikomeye cyane izwiho gufata ikanafunga abajihadiste mu karere ka Tillaberi .Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko ibi byabaye ku wa kane muri gereza ya Koutoukale…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 12/Nyakanga,Hezbollah, Umutwe wa Politiki witwara gisirikare wagabye igitero cyiswe Operation True Promise, ku gihugu cya Israel naho Lionel Jospin abona izuba

Uyu munsi kuwa gatanu,Taliki ya cumi n’ebyiri/Nyakanga ni umunsi w’i 193mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 173 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe binini binini mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1580: Hashyizwe ku mugaragaro igitabo cyiswe Ostrog Bible, imwe muri bibiliya zashyizwe ahagaragara bwa mbere, iyi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Jurgen Klopp ashobora  kujya gutoza muri Amerika, Umunya-Brazil Casemiro agiye gusanga Ronaldo muri Arabie Saoudite !

Umusore w’ikipe ya  Bayern Munich  Matthijs de Ligt  ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi  yegereje  kwinjira mu ikipe ya  Manchester United,  uyu musore w’Imyaka  24  akaba akina nka myugariro . (Sky Sports) Gusa  Bayern Munich  irashaka  agera kuri 50m euros (£38.7m) kuri uyu musore  Matthijs de Ligt . (90min) Crystal Palace iratekereza kuba itagurisha umusore wayo  Eberechi Eze w’imyaka…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wa Police FC Ani Elijah yagarutse mu Rwanda , yatoje muri Real Madrid none aje gutoza muri Africa!

Umunya-Africa y’Epfo Rulani Mokwena w’imyaka 37  umutoza mushya wa Wydad AC yo muri Morocco  hagiye hanze amafaranga azajya atangwaho buri kwezi  ndetse  n’abo bazakorana bose uko ari batanu bazajya batangwaho agera ku $74,000 buri kwezi.(#MickyJr) Umufaransa David Bettoni  w’Imyaka 52  wabaye umutoza wungirije  wa  Zinedine  Zidane muri Real Madrid yamaze kuba umutoza mushya w’ikipe ya…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Zinedine Zidane yafashije ubufaransa kwegukana igikombe cy’isi naho James Rodríguez na Vinícius Júnior babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1817 Karl Drais von Sauerbronn yegukanye isiganwa rya magare rya shampiyona y’isi muri uyu mukino 1928 Umukino wa tennis wa 1 werekanwe kuri tereviziyo mu mateka. 1934 Willy de Supervise yaciye agahigo mu mukino wo koga ku isi muri metero 400 akoresheje igihe cyingana…

Read More

KENYA : Perezida William Ruto yazingishije abaminisitiri bose utwabo!

kuri uyu wa Kane, Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yirukanye abaminisitiri bose bari bagize Guverinoma y’iki gihugu, asigaza umwe rukumbi. Perezida wa Kenya uri munsi y’umuriro, William Ruto, yirukanye ako kanya abaminisitiri be bose n’umushinjacyaha mukuru, nyuma y’imyigaragambyo iherutse guhitana abantu yaturutse ku umushinga w’imisoro utarishimiwe na Banyakenya. Perezida yavuze ko iki cyemezo cyaje…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Espagne yatsinze ubuholandi itwara igikombe cyisi cya FIFA 2010 naho Éric Abidal abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1900 Charlotte Cooper yatsinze Hélène Prévost aba shampiyo wa 1 wa tennis mu bagore mu mikino Olempike ndetse na shampiyo wa 1 w’umubagore mu mikino ya Olempike muri siporo iyari yoyose. 1982 Umukino wanyuma wigikombe cy’isi cya FIFA, kuri sitade Santiago Bernabéu, i Madrid muri Espagne: Ubutaliyani bwatsinze…

Read More

Harabura Iminsi 4 ngo amatora atangire: Uko umunsi wa 19 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Bugesera i Mayange.Uyu mukandida kandi nk’uko…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 11/Nyakanga,Hatangiye ibibazo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavutse nyuma y’aho Intara ya Katanga yiyomoroye ku gihugu naho John Quincy Adams abona izuba

Tariki ya 11 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga w’abaturage, World Population day, uyu munsi ugamije kumenyekanisha ibibazo byugarije abaturage batuye isi nko Kuringaniza imbyaro, uburinganire, ubukene, n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Ibarura ryo ku wa 06 Gashyantare 2016 ryagaragazaga ko isi izaba igize abantu 7,400,000,000 ku wa 24 mata 2017. Uyu munsi kuwa kane,Taliki ya cumi n’imwe/Nyakanga ni umunsi…

Read More