Umutwe wa M23 wamaze kwakira undi musirikare ukomeye waje kuwutera ingabo mu bitugu mugihe urugamba rukomeje gukara barwanamo na Leta ya Congo
Umutwe w’agisirikare wa M23 urwanira mu burasirazuba bwa congo ukomeje kunguka amaboko mashya nyuma yo kwakira undi musirikare wa wuhozemo kandi ukomeye uje kubatera ingabo mubitugu muntumbara bahanganyemo na Leta ya ya Congo ariwe Colonel Vianney Kazarama Kanyamuhanda. N’imugihe imirwano ikomeje gukaza umurego muburasirazuba bwa Congo hagati ya Congo ndetse n’uyu mutwe uvugako uharanira byumwihariko…