Paper Talk[Rwanda&Africa]:Impinduka kumukino wa APR FC muri CECAFA Kagame Cup,Rwanda Premier League, FERWAFA kongera abanyamahanga!

Harasabwa ko umubare w’abanyamahanga bakina muri shampiyona y’u Rwanda wongerwa bakaba 12. Ihuriro ry’amakipe akina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, ryasabye ko umubare w’abakinnyi bakomoka hanze y’u Rwanda wava ku bakinnyi batandatu ukagera kuri 12 kuva mu mwaka w’imikino 2024-2025.(#Kigali ToDay) Basketball: REG WBBC yihimuye kuri APR WBBC inasoza shampiyona iyoboye. mu mukino w’abakeba…

Read More

Knowless na Ariel Wayz bagiye gushyira hanze indirimbo bahuriyemo

Umuhanzikazi ukomeye muri muzika nyarwanda, Butera knowless ubarizwa muri imwe munzu zitunganya umuziki mu Rwanda izwi nka KinaMusic, afatanyije na mugenzi we Ariel Wayz uri mu bakunzwe hano mu rw’imisozi igihumbi bateguje abanyarwanda indirimbo nshya bagiye gushyira hanze bise “Katira.” Kuri uyu wambere taliki 21 Ukwakira 2024, Umuhanzikazi knowless Butera ukunzwe cyane mu gihugu cy’u…

Read More

Luxembourg yatindije ifatwa ry’ibindi bihano by’uburayi ku Rwanda

Igihugu cya Luxembourg cyatumye hashyirwaho igihe cy’inyongera mu ifatwa ry’Umwanzuro w’Uko umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’Iburayi ugomba gufatira u Rwanda ibindi bihano bikomeye kubera uruhare n’ubufasha rugenera umutwe wa M23 ukomeje guhungabanya umutekano mu Burasirazuba bwa Kongo , nubwo u Rwanda rudahwema guhakana ibyo birego. Ibihano byitezwe ko bigomba kongera gufatirwa u Rwanda biri kumeza ndetse…

Read More

Bakabaye barakoresheje ayo mafaranga n’imbaraga zabo mu bindi. U Rwanda rurahari ndetse ruzakomeza gutera imbere buri mwaka:Perezida Kagame

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cy’igihugu,perezida wa repubulika y’u Rwanda Kagame Paul yatangaje ko u Rwanda rutazigera rugendera ku gitutu cy’amahanga ndetse n’abandi batifuriza igihugu ibyiza. Nyakubahwa Kagame Paul kuri iki gicamunsi yagiranye ikiganiro na RBA byumwihariko cyagarukaga ku ncamake y’ibyagezweho ,imbogamizi ndetse na amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri nyakanga taliki 15,umuyobozi…

Read More

MONUSCO yashimiye u Rwanda na DRC ku ntambwe bateye iganisha ku mahoro

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [MONUSCO ] bwatangaje ko bwishimiye amasezerano aganisha ku mahoro yo  ku ya 25 Mata 2025 i Washington DC,yari  ayobowe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika, yasinwe hagati ya guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) na Repubulika y’u Rwanda. Mu itangazo yashyize…

Read More

Uyu munsi mu mateka :  Amashyaka ya gisosiyalisite yabonye intsinzi mu Bufaransa mu matora y’abadepite naho  Havutse Jean-Paul Sartre abona izuba

uyu munsi tariki 21 Nyakanga ni umunsi wa 203 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 163 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 21 Nyakanga 2021, Polisi y’u Rwanda, ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe babiri mu bari bikoreye magendu y’imyenda ya caguwa, abandi babaherekeje bafite imipanga…

Read More

Transfert : Arsenal irifuza gusinyisha Matheus cunha wa Wolves

Ikipe ya Arsenal irashaka gusinyisha umukinnyi witwa Matheus cunha ukina  usatira mu ikipe ya Wolvermpton wonderers muri uku kwezi kwa mbere nyuma y’imvune yo ku itako y’umukinnyi wayo witwa Bukayo Saka. Uyu mukinnyi ukina imbere asigaje imyaka ibiri nigice kugirango asoze amasezerano afite muri iyi kipe, ariko birashoboka ko ashobora kwerekeza muri Arsenal. Kurundi ruhande…

Read More

havutse ingagi 10 muri uyu mwaka : Parike ya Virunga

Virunga National Park, imwe mu byanya by’inyamaswa muri DR Congo yatangaje ko kugeza ubu muri uyu mwaka havutse abana 10 b’ingagi nubwo ari mu gace karimo umutekano mucye mu burasirazuba bw’icyo gihugu. Mu itangazo, abakuriye Virunga National Park bavuze ko mu myaka ibiri ishize, abarinzi b’iyi parike (rangers) bitaga ku ngagi ku ruhande rwa DR…

Read More

Rulindo : Gitifu umaze iminsi avugwaho guhangana na Meya w’akarere yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo aho akurikiranyweho ibyaha birimo koshya abitabajwe mu nzego z’ubutabera ndetse uyu muyobozi akaba amaze iminsi avugwaho amakuru yuko yarebanaga ayingwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo . Amakuru yuko uyu Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo witwa Ndagijimana Frodouard  yatawe muri yombi yemejewe n ‘Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu…

Read More

Kylian Mbappe wa Real Madrid yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru”

Kylian Mbappe yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru” ubwo yatsindiraga Real Madrid ibitego bibiri Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa yujujue ibitego 31, amaze gutsindira ikipe ya Real Madrid, mu marushanwa yose ubwo yatsindaga ibitego 2 bakina na Villarreal, kuri uyu wa Gatandatu, ndetse birashoboka cyane ko kumuhagarika bizagorana cyane. Ibi bitego bibiri bya Mbappe, byahise…

Read More