perezida Kagame avuga ko nta mwanya ukwiye guhabwa abatifuriza u Rwanda ineza

Perezida Kagame Paul avuga ko abakomeje gusebya no kutifuriza ineza igihugu cy’u Rwanda bagomba kwirindwa ndetse ko batagombwa no guhabwa umwanya kubw’ibikorwa byabo bigayitse . umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda yatangaje ibi nyuma y’uko Umuvigizi wa Guverinoma y’u Rwanda Madame Yolande Makoro atangaje ko shampiyona y’umukino wa Basketball yo muri Amerika [ NBA ] ari…

Read More

Kigali: Hakomeje inama y’amashami agize Umuryango wa EAPCCO

Kuri uyu munsi tariki ya 24 Mata 2025 ,Ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hakomeje inama y’amashami agize umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO organs meeting). Umuryango wa EAPCCO ugizwe n’ibihugu 14 aribyo; u Rwanda, Uganda, Kenya, Tanzania, u Burundi, Ibirwa bya Comores, Ethiopia, Eritrea, Djibouti, Sudani, Sudani y’Epfo,…

Read More

Ese Papa Francis wasezeweho bwa nyuma n’imbaga ni muntu ki ku Rwanda ?

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Mata 2025 ,abantu basaga ibihumbi 200 bitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Papa Francis ,uyu muhango ukaba watangirijwe ku Mbuga yitiriwe Mutagatifu Petero iherereye i Vatican . Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro no gushyingura Papa Francis witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo abami, abakuru b’ibihugu na za guverinoma n’Abakirisitu Gatolika…

Read More

DRC yemeranije na USA kugurana amabuye y’agaciro yayo nayo ikayitsinsurira burundu M23

Leta zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko iki gihugu cyamaze kwakira ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bwo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no gucukura amabuye y’agaciro aboneka muri kiriya gihugu nabo bakabafasha kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano muri kiriya gihugu . Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi muri DRC , Umujyanama mukuru mu bibazo…

Read More

Paper Talk[Europe]:Bayer barashaka kuyimaraho abakinnyi Musiala,Leroy Sane, Real Madrid   irashaka abakinnyi byibuze bane bazava muri premier League!

Real Madrid   ikomeje gukurikina ababakinnyi bakuruikira   uwa  Manchester City  ukina hagati mu kibuga  Rodri, Trent Alexander-Arnold   wa  Liverpool , 25, akaba Umwongereza,  myugariro  wa  Arsenal  w’imyaka  23 akaba Umufaransa   William Saliba, ndetse na  Cristian Romero, 26,  Wa  Tottenham  Hotspur  akaba Umunya- Argentine.(Independent) Alexander-Arnold  we  amahirwe menshi  agomba  kuza mu ikipe  ya  Real Madrid  nyuma y’uko  uhagarariye inyungu za…

Read More

RDF yatangije iperereza ryimbitse ku musirikare wayo  akoze ibidukunze kuba mu Ngabo z’u Rwanda

Brig Gen Ronald Rwivanga usanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda amaze gutangaza ko hari gukorwa iperereza ryihariye ku mpamvu zatumye umusirikare wazo wakoreraga mu Karere ka Nyamasheke yirara mu baturage bari mu kabari akabarasa ndetse akicamo abagera kuri batanu , gusa kuruhande rwe akavuga ko nta mpamvu n’imwe yagakwiye gutuma ibi bibaho. Umuvugizi w’Ingabo z’u…

Read More

Isreal – Hamas War : Imibare mishya iratangaza ko nibura abagera kuri 71 bapfiriye mu bitero bya Israel k’umutwe wa Hamas

Abanyapalestina nibura 71 biciwe mu gitero cyo mu kirere cyakozwe na Israel ahitwa al-Mawasi ,gusa israel ivuga ko yari igamije kwivugana inyeshyamba nkuru zibarizwa mu mutwe wa Hamas zari zicumbitse muri aka gace. Kugeza ubu ,imibare igera kuri Daily box dukesha inzego z’ubuzima n’uko abarenga 289 bakomerekeye muri ibi bitero , mu minsi ishize Igisirikare…

Read More

DRC : Perezida Tshisekedi yashyizeho umuyobozi mushya wa FARDC

Ku munsi wo ku wa kane , tariki ya 19 / Ukuboza/2024 , Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yakoze impinduka zitandukanye ndetse anazamura mu ntera bamwe mu basirikare bakuru mu gisirikare cy’iki gihugu cyizwi nka FARDC . Nyuma y’itangazo  ryasomewe kuri tereviziyo y’igihugu izwi nka Radio-Télévision nationale congolaise [RTNC] ,  byasize uwitwa Liyetona…

Read More