🟤Irushanwa ryo #Kwibohora30 muri Volleyball 🟤: Police Women Volleyball Club yegukanye igikombe mu bagore naho Police VC na Kepler VC zigiye gutana mu mitwe nonaha

Police Women Volleyball Club yegukanye igikombe itsinze Apr Women Volleyball club amaseti atatu kuri imwe mu bagore naho magingo aya Muri petit sitade harimo kubera imikino ya nyuma y’irushanwa ryo kwibohora muri Volley ball mu cyiciro cy’abagabo. Magingo aya muri Petit Stade hagiye kubera wanyuma w’iri rushanwa mu bagabo ndetse uyu ukaba ari umukino w’ishiraniro…

Read More

Ibiciro by’amatike yo kwinjira kuri Rayon Day byahindutse!

Ubuyobozi bwa ekipe ya Rayon sports bwatangaje ibiciro bishya by’amatike yo kwinjira kuri Rayon day bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro. Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben, yatangaje ko bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro kubera impamvu zitabaturutseho, hari uburyo bagerageje guhuza ibiciro by’amatike yari yashyizwe ku isoko n’ibijyanye na Kigali…

Read More

Amakuru mashya : abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende bamaze kugaragara ku ubutaka bw’ u Rwanda

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, yabwiye RBA ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo….

Read More

AMAKURU MASHYA : kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ;AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka vuba aha!

AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka mbere ya Tariki 12.08.24 kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ,amakuru ahari avugwa ko RayonSportsDay2024 na Super Cup Final bizabera kuri Kigali Pele Stadium. Rayon sports yamenyeshejwe ko Stade Amahoro itakibonetse, umunsi w’i Gikundiro wimuriwe kuri sitade ya KIGALI PELE STADIUM,Amakuru ageze hanze nonaha avuga ko Umunsi w’igikundiro “Rayon…

Read More

BREAKING NEWS : Umunsi w’igikundiro “Rayon Day” ntago ukibereye kuri Sitade Amahoro

Rayon sports yamenyeshejwe ko Stade Amahoro itakibonetse, umunsi w’i Gikundiro wimuriwe kuri sitade ya KIGALI PELE STADIUM. Amakuru ageze hanze nonaha avuga ko Umunsi w’igikundiro “Rayon Day” wari uteganyijwe ku itariki ya 3 Kanama 2024, ntabwo ukibereye kuri Stade Amahoro. Ibi birori ngaruka mwaka bizabera kuri Kigali Pelé Stadium. Ni ibirori ngarukamwaka byitezwe n’abatari bake…

Read More

ugushyirwa mu bikorwa kwa Jenoside yakorewe abatutsi ni ikimenyetso cyo kujenjeka kwa U.N : Bill Clinton

I Kigali hatangijwe ikigo kigamije kwigisha amahoro, cyikaba cyatangirijwe mu nama mpuzamahanga yateguwe n’umuryango w’abongereza ugamije kurwanya Jenoside ku Isi, Aegis Trust . Uretse abashakashatsi bo mu Rwanda no mu mahanga, iyi nama yatumiwemo kandi bamwe mu bayobozi b’iki gihe n’ababaye abayobozi kw’isi batandukanye. Abo barimo uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Bill…

Read More

Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere akomeje kwiyubaka nk’adashaka gusubirayo!

Rutahizamu Iyamuremye Christian wakiniraga ikipe ya AS Muhanga mu mwaka ushize w’imikino ubu ni umukinnyi w’ikipe ya Vision FC iherutse kuzamuka mu kiciro cya mbere kumasezerano y’imyaka ibiri. Uyu rutahizamu ni umwe mu bitwaye neza mu mwaka ushize w’imikino wa 2023-2024 mu ikipe ya AS Muhanga nubwo itabashije kuzamuka mu cyiciro cya mbere nyuma yo…

Read More

Breaking News : Muhire kevin yongereye amasezerano muri Rayon sports

Ikipe ya Rayon sports imaze kongerera amasezerano Kapiteni wayo witwa Muhire Kevin ,akaba asinye amasezerano y’imyaka ibiri kuri miliyoni 40. Ni amakuru amaze kujya ahagaragara mu kanya ubwo umuvugizi wa Rayon sports ,Ngabo Ruben yagiranaga ikiganiro n’igitazamakuru cya B&B kigali ,aho yatangaje ko Muhire amaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira ubururu n’umweru akaba…

Read More

Imikino olempike : Eric Manizabayo na Clementine Mukandanga nibo bari buserukire u Rwanda mu birori byo gutangiza iyi mikino ku mugaragaro ;Menya byinshi biri burange ibi birori [EXCLUSIVE ]

Clementine Mukandanga usiganwa marato (42km) na Eric Manizabayo usiganwa ku igare nibo baraza guserukira u Rwanda mu birori byakataraboneka byo gufungura ku mugaragaro imikino olempike ;dore ko ari bimwe mu birori bitegerejwe n’abatari bake menya byinshi kuri byo.  umuhanzi w’icyamamare Aya Nakamura, Umufaransa ukomoka muri Mali, ashobora kuba ari muri abo, uyu ubu niwe ucurangwa…

Read More