Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje inoti nshya ya 2000 n’iya 5000 ziriho ibirango bitandukanye n’ibiri ku zisanzwe.

Banki Nkuru y’u Rwanda BNR umaze gutangaza ku mugaragaro ko hashyizweho inoti nshya ya 2000 ndetse n’iya 5000,zigiye gukoreshwa mu bucuruzi mu Rwanda ,zikazakonarana n’izari zisanzweho za 500,1000,2000 n’iya 5000. Iteka rya perezida wa Repubulika No 073/01/ ryo ku wa 29/08/2024 rishyiraho izo noti ryasohotse ejo kuwa 29 kanama 2024,riha uburenganzira banki Nkuru y’U Rwanda…

Read More

Amakuru mashya : Anita Pendo wakoreraga RBA yamaze gusezera mu mwuga w’itangazamakuru

Anita Pendo wari umaze imyaka 10 mu kigo cy’Igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yamaze gusezera, ashima ibihe byiza yahagiriye. Isezera rya Pendo rije nyuma yuko ku wa 30 Werurwe 2024  igihembo cya ‘African Female Entertainment Show Host of the Year’ mu bihembo bya ‘Ladies in Media Awards 2023’ (LIMA) bitangirwa muri Ghana. Anita Pendo yegukanye iki gihembo…

Read More

NIgeria yamaze kwakira inkunga y’urukingo rw’ubushita bw’inkende yahawe na USAID

Nijeriya yakiriye doze 10,000 z’urukingo rw’ubushita bw’inkende yahawe n’ikigo cy’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID. Iki ni icyiciro cya mbere cy’inkingo zageze mu gihugu, kuva Nijeriya yemeje ko abantu 40 banduye iyi ndwara kandi kugeza ubu, ntawe yishe. Nijeriya yafashe icyemezo cyo gushyira umwihariko kuri Leta eshanu mu gutanga izo nkingo. Izo Leta zirimo iya Bayelsa,…

Read More

ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwongeye kwibutsa FERWAFA kugira icyo batangaza ku umubare w’abanyamahanga bagomba gukina Shampiyona

Ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [Ferwafa] burimesha ko bagitegereje igisubizo ku mubare w’Abakinnyi b’abanyamahanga bazakina Shampiyona uyu mwaka. Perezida wa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League] Bwana Hadji Yussuf MUDAHERANWA akaba na Perezida wa ekipe ya Gorilla_fc yandikiye umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] amubwira ko amakipe…

Read More

Tanzania : abarimo umupfumu batawe muri yombi bashinjwa kugira aho bahuriye n’impfu z’abatari bake

Igipolisi cyo muri Tanzania cyataye muri yombi abantu bane, barimo ucyekwa ko ari umupfumu, bashinjwa kugira aho bahuriye n’impfu z’abantu 10 mu turere twa Dodoma na Singida, rwagati muri icyo gihugu. Polisi yavuze ko uwo ucyekwa ko ari umupfumu n’abandi bacyekwa bishe banahamba abandi bantu batandatu, ndetse bajugunya umurambo umwe mu ishyamba rikomwe rya Swangaswanga,…

Read More

APR FC yasubukuye imyitozo yitegura Pyramids FC

Nyuma yo gutsinda no gusezerera Azam FC mu ijonjora ry’ibanze, APR FC ikomeje imyitozo yitegura iyo zizahura mu cyiciro gikurikiyeho. Kuwa gatandatu tariki ya 24/8/2024 ni bwo APR FC yatsinze Azam FC ibitego 2-0, iyisezerera ityo ku bitego 2-1 hateranyijwe imikino yombi y’ijonjora ry’ibanze mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere…

Read More

GISHARI: Hakomeje amahugurwa y’abapolisi yitezweho guhangana n’ibiteza Afurika Umutekano muke

Abapolisi 36 bo mu bihugu bitandukanye by’Afurika, kuri uyu wa gatatu tariki ya 27 Kanama, bakomeje amahugurwa y’ibyumweru bibiri yatangiye ku wa Mbere tariki ya 26 Kanama,aho ari kubera mu Ishuri rya Polisi ry’amahugurwa (PTS) riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana.  Ni amahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Umutwe w’ingabo z’Afurika y’Iburasirazuba…

Read More

Hatangajwe icyo abakobwa baherutse kugaragara babyina bambaye ubusa mu kabari bashinjwa !

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] ruherutse gufunga abarimo nyiri akabari kagaragayemo abakobwa babyinaga bambaye ubusa, rutangaza ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko abaregwa bakoreshaga abakobwa mu bikorwa by’ubusambanyi. Aba bantu batawe muri yombi mu ijoro rishyira ku wa 18 Kanama 2024, ubwo inzego z’umutekano zasangaga abantu 22 muri aka kabari kitwa Viga Edelweiss.Abantu bagera kuri 22 bafashwe…

Read More