Umweyo muri Bugesera football club : batanu imaze kwemeza ko itandukanye nabo.

Bugesera FC ibicishije ku mbugankoranyambaga zayo yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi batanu ari bo Stephen Bonney, Vincent Adams, Cyubahiro Idarusi, Dushimimana Olivier wasinyiye APR FC na Ani Elijah werekeje muri Police FC. iyi ikipe yo mu burasirazuba ,Kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kamena 2024, nibwo Bugesera FC yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo imenyesha…

Read More

Rayon sports yabagore binyuze mu bwumvikane yatandukanye n’abakinnyi umunani

Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore yatandukanye n’abakinnyi 8 ,umutoza umwe ndetse n’umuganga. Iyi kipe yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere n’igikombe cy’Amahoro ku mwaka wa yo wa mbere, irashaka kwiyubaka birenze uko yari imeze umwaka ushize. Rayon Sports izahagararira u Rwanda mu mikino ya CECAFA izaba muri Kanama 2024 muri Ethiopia aho bazaba bashaka…

Read More

Abajyanama b’ubuzima bagera ku 8000 bahuye n’umukuru w’igihugu bishimira ibyagezweho

Ni kuri uyu wa gatandatu, aho aba bajyanama bahuriye na Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame muri BK Arena,bashimirwa umurimo wabo wa buri munsi. Ni ibirori byabanjirijwe no gutarama ndetse no kuganira mu nzego zitandukanye z’ubuzima,Aho hibukijwe uruhare rw’umujyanama w’ubuzima ku buzima n’imibereho by’abanyarwanda. Nyakubahwa perezida wa Repubulika, yibukije ko akazi inzego z’ubuzima zikora karenze…

Read More

KWIBUKA 30: Ambasade y\’u Rwanda muri Niger yifatanije n\’inshuti z\’u Rwanda kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994

Kuri uyu wa gatandatu w\’icyumweru dusoje abanyarwanda baba mu gihugu cya Niger nabo bongeye kuzirikana abarenga miliyoni imwe y\’abanyarwanda baburiye ubuzima muri jenoside yakorewe abatutsi muri Mata ,1994. Muri izi impera z\’icyumweru dosoje nibwo abagize diyasipora nyarwanda batuye mu gihugu cya Niger giherereye muri Afurika y\’iburengerezuba bifatanije na abakozi b\’imiryango mpuzamahanga ,abahagarariye ibihugu byabo muri…

Read More

Uko u Rwanda ruhagaze mu bukungu ku ruhando rw\’isi

Inama y\’ubwanditsi y\’ikinyamakuru Daily Box kuri iyi nshuro yabakoreye raporo ngufi igaragaza uburyo igihugu cy\’u Rwanda gihagaze kuri raporo y\’imiryango mpuzamahanga igiye itandukanye ikora ubushakashatsi bwimbitse ku bukungu bw\’ibihugu . U Rwanda nk\’igihugu gifite ubuso buto bungana na kilometero kare 26,338 kandi kikiri mu nzira ya amajyambere byiyongera ku kuba cyaragiye gica mu mateka asharira…

Read More

Abakristu Gatolika batambagije Isakaramentu ritagatifu banashengerera Yezu kristu wazutse, Ese iri sakaramentu rivuze iki kuribo ?

Kuri iki Cyumweru cya cyenda gisanzwe ku ngengabihe ya Kiliziya Gatolika, abakrisitu hirya no hino mu ma paruwasi atandukanye baramukiye mu muhango wo gutambagiza isakaramentu ritagatifu. Uyu ni umwe mu minsi ikomeye muri kiliziya gatolika kuko ni umwe muyibukwa ikanazirikanwaho nk\’ugucungurwa kwa muntu n\’isezerano Umwami Yezu kristu yagiranye na bene muntu abaha umugati na Divayi…

Read More

iby\’ingenzi wamenya ku 100 zikunzwe mu rw\’imisozi igihumbi [Rwanda music billboard]

Inama y\’ubwanditsi bw \’ikinyamakuru Daily BOX bufatanyije ni inzobere zigiye zitandukanye mu ruganda rw\’imyidagaduro hano iwacu m\’u Rwanda ndetse no mukarere ka Afurika y\’uburasirazuba bwaricaye butegura imbonerahamwe ngaruka kwezi izajya yibanda ku ndirimbo ijana zakunzwe hano mu gihugu .[RWANDA MUSIC BILLBOARD Hot 100+]. RWANDA MUSIC BILLBOAD ni urutonde ngaruka kwezi rw\’indirimbo ijana zikunzwe za abahanzi…

Read More

Kera kabaye sheikh salim Hitimana abonye umusimbura

Mu buryo bugoranye ,Amatora y’Abagize Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) yabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, yasize Sheikh Sindayigaya Mussa abaye Mufti w\’u Rwanda , asimbuye Sheikh Salim Hitimana wari umaze imyaka umunani kuri izi nshingano. Ni amatora yabanjirijwe ni imvururu no kutumvikana hagati ya abagize uyu muryango ushingiye ku myemerere ya kisilamu…

Read More

Ronaldo yongeye kwereka mu bworo bw\’ ikirenge mukeba we messi

Christiano Ronaldo yongeye kuyobora ibindi birangirire muri siporo mukwinjiza agatubutse ku nshuro ya kane muri career ye yo guconga ruhago. Rurangiranwa w\’umunya – Portigal Christiano Ronaldo w\’imyaka 39 ukinira al – Nassir yo muri SAUDI ARABIA yongeye guca agahigo ko kuyobora abindi muri siporo birangirire muri siporo byinshiza amafaranga menshi mu gihe cy\’ukwezi nkuko raporo…

Read More