Burkina Faso nayo yiyongereye ku rutonde rw’ibihugu byinshi byo muri Africa byamaganye ubutinganyi

Leta ya Burkina Faso yamaze gushyiraho itegeko rihana abaryamana  bahuje ibitsina bazwi nka abatinganyi nyuma y’ibindi bihugu byinshi muri Africa byafashe iki cyemezo Leta y’inzibacyuho  ya  Burkina Faso  iyobowe na  Kapiteni Ibrahim Traoré  kuva yajyaho nyuma yo guhirika kubutegetsi bwa Paul-Henri Sandaogo Damiba  hari muri 2022  yatangiye kuvugurura imiyoborere ndetse n’amwe mu mategeko iki gihugu cyigenderaho ,…

Read More

BREAKING NEWS : Umuyobozi wa Polisi ya Kenya Japheth Koome yeguye ku nshingano ze ;umwungiriza we ahita amusimbura

Umuyobozi wa Polisi ya Kenya, Japheth Koome, yeguye ku nshingano ze ahita asimburwa by’agateganyo na Douglas Kanja wari Umwungirije. Koome yeguye kuri uyu wa Gatanu nyuma y’uko Polisi ya Kenya yanenzwe uko yitwaye mu guhosha imyigaragambyo y’abaturage ,Umugenzuzi mukuru wa Polisi Japhet Koome yeguye naho Umuyobozi wungirije akaba n’umugenzuzi mukuru w’igipolisi cya Kenya Douglas Kanja…

Read More

Harabura Iminsi 3 ngo amatora abe: Uko umunsi wa 20 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Kicukiro i Gikondo. Uyu mukandida Kandi…

Read More

Umutwe wa M23 wamaze kwakira undi musirikare ukomeye waje kuwutera  ingabo mu bitugu mugihe urugamba rukomeje gukara barwanamo na Leta ya Congo

Umutwe  w’agisirikare wa M23 urwanira  mu burasirazuba bwa congo  ukomeje kunguka amaboko mashya nyuma yo kwakira undi musirikare wa wuhozemo kandi ukomeye uje kubatera ingabo mubitugu muntumbara  bahanganyemo na Leta ya ya Congo ariwe Colonel Vianney Kazarama Kanyamuhanda. N’imugihe imirwano ikomeje gukaza umurego muburasirazuba bwa Congo hagati ya Congo ndetse n’uyu mutwe uvugako uharanira byumwihariko…

Read More

NIGER : imfungwa zitaramenyekana umubare zatorotse gereza yafungirwagamo inyeshyamba

Leta ya Niger yatangaje ko Ku wa kane imfungwa z’abajihadisite zitaramenyekana umubare zatorotse gereza iherereye mu burengerezuba bwa Niger . Abayobozi bo muri Nijeriya batangaje ko yuko imfungwa nyinshi zatorotse gereza ikomeye cyane izwiho gufata ikanafunga abajihadiste mu karere ka Tillaberi .Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko ibi byabaye ku wa kane muri gereza ya Koutoukale…

Read More

KENYA : Perezida William Ruto yazingishije abaminisitiri bose utwabo!

kuri uyu wa Kane, Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yirukanye abaminisitiri bose bari bagize Guverinoma y’iki gihugu, asigaza umwe rukumbi. Perezida wa Kenya uri munsi y’umuriro, William Ruto, yirukanye ako kanya abaminisitiri be bose n’umushinjacyaha mukuru, nyuma y’imyigaragambyo iherutse guhitana abantu yaturutse ku umushinga w’imisoro utarishimiwe na Banyakenya. Perezida yavuze ko iki cyemezo cyaje…

Read More

Harabura Iminsi 4 ngo amatora atangire: Uko umunsi wa 19 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Bugesera i Mayange.Uyu mukandida kandi nk’uko…

Read More

Mifotra yavuze ko mu gihe cy’amatora bizaba ari ikiruhuko cy’abakozi haba mu nzego za Leta n’izabikorera

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo [MIFOTRA], yatangaje ko iminsi ibiri ya mbere y’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego rwo gutuma Abanyarwanda babasha kuzuza inshingano mboneragihugu z’amatora. iyi Minisiteri yabitangaje ibinyujije mu itangazo yashyize ku rubuga rwa X.Minisiteri y’Abakozi ba Leta yagize iti “Iyo minsi yombi [Ku wa Mbere no ku wa Kabiri] izaba…

Read More

Ukraine igomba gutsinda intambara : Joe Biden, inama ya OTAN irarimbanije mu gihe Uburusiya bukomeje kugera amajanja Ibice Byose bya Ukraine.

Kuri uyu wa gatatu abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bagize Umuryango wo gutabarana w’igihugu by’uburengerazuba na Amerika ya ruguru uzwi nka OTAN bitabiriye inama y’uyu muryango ku nshuro ya 75. Uyu muryango wo gutabarana washinjwe mu Kwa Kane mu mwaka wo ,mu 1949,uteraniye I Washington DC,aho nk’ibisabzwe uri kwiga ku rwego rwawo rw’imikoranire y’ibihugu binyamuryango,mu…

Read More

Frank Habineza atanze amazi y’ubuntu ! ; Uko Umunsi wa 18 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngoma na Huye. Yahereye mu karere…

Read More