Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!
Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27, arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror) Chelsea itangiye gutekerezakongerera amasezerano umusore wayo w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na Aston Villa ndetse na Tottenham Hotspur. (Guardian) AC Milan ikomeje ibiganiro…