Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!

Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27,  arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror) Chelsea  itangiye gutekerezakongerera amasezerano  umusore wayo w’imyaka  24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na  Aston Villa ndetse na  Tottenham Hotspur. (Guardian) AC Milan ikomeje ibiganiro…

Read More

Paper Talk[Rwnda&Africa]: Ubuyobozi bw’ikipe ya As Kigali bugiye gukora inama, igihugu cyo muri Africa kigiye gukoresha VAR muri shampiyona!

Umunya Uruguay w’imyaka 33  ukinira ikipe ya   Mamelodi Sundowns yomuri South Africa akomeje gukurikiranwa cyane n’ikipe ya Wydad Athletic Club, doreko uy’umukinnyi wibereye iwabo mu biruhuko atekereza gusohoka muri iy’ikipe ya Mamelodi Sundowns yomuri South Africa.( #Micky Jnr) Jürgen Klinsmann umugabo  watoje amakipe akomeye  arimo  ikipe y’igihugu y’Abadage ,Bayern Munich, USA, Hertha ndeste na ekipe…

Read More

Micheal Jordan yaciye agahigo ko gutsinda amanota 38,Raphael Nadal yatsinze bikomeye cyane Novak Djokovic,orlando Magic ….. uyu munsi mateka mu isi ya siporo taliki 11/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri,Tariki 11/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 163 mu igize umwaka, hasigaye 203 ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi mu byaranze uyu munsi mu isi ya siporo; 1938 Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza ya Cricket yatsindiye Australiya ibizamini 58 ku 8 akaba ari umukino wabereye kuri kuri Trent Bridge. 1955 Impanuka yimodoka ya…

Read More

Minisitiri w’Intebe wa Canada Stephen Harper yasabye imbabazi ku mugaragaro,Manuel Uribe,Umuvumbuzi Edwin Armstrong yakoze FM…,uyu munsi mu mateka ,taliki ya 11/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri,Tariki 11/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 163 mu igize umwaka, hasigaye 203 ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi mu byaranze uyu munsi; 1776: Hashyizweho itsinda rigizwe na Thomas Jefferson, John Adams, Benjamin Franklin, Roger Sherman, na Robert R. Livingston ryari rigamije gukora inyigo ijyanye no gusaba ubwigenge bwa Leta Zunze…

Read More

Paper Talk[Europe]: Xavi Hernandez  agiye kujya muri Premier League,Arsenal irasabwa iki kugirango ibone Douglas Luiz?

Everton  yamaze gutangira ibiganiro byo gusinyisha umusore ukomoka mu gihugu cya Albania Armando Broja, 22, akaba intizanyo ya ekipe ya Chelsea, ikipe ya Everton ishobora gutanga agera kuri £30m . (Ben Jacobs) Wolverhampton Wanderers F.C. yamaze kumvikana  n’umusore w’imyaka  20-ukomoka mu gihugu cya  Portugal Rodrigo Gomes usanzwe akinira n’ubundi ikipe yomugihugu cya Portugal ariyo Braga. (Athletic – subscription…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende ntashaka kuza muri APR FC, Marocco yemeye kwishingira Congo Brazzaville yari yanze kuza gukina!

Buri mukinnyi wa South Sudan biteganyijwe ko  azahabwa  ???????????? $????????????  n‘ibaramuka batsinze umukino bafitanye na Sudan mumikino yo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 kuri uy’uwakaniri, bakazongerwa n’anone agera , ???????????? $???????????????? kuri buri mukinnyi azatangwa n’umunya poliki ukomeye muri ikigihugu w’itwa Tut Gatulak. ( Micky Jnr) Mumukino  wahuje ekipe  ya  ???????????????????? ???????????????????????????? na ????????????????????????????…

Read More

Carlo Ancelotti wa Real Madrid yavutse,Manchester city itwara Treble,David Villa … uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,Taliki ya 10/Kamena

uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 10/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 162 mu igize umwaka, hasigaye 204 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1934 Umukino wanyuma wigikombe cyisi cya FIFA, kuri eStadio Nazionale PNF,iherereye i Roma, mu butaliyani: Angelo Schiavio yatsinze igitego mu minota y\’inyongera anafasha Ubutaliyani gutsinda…

Read More

Inkongi y\’umuriro ikomeye yibasiye Cathedrale ya Chartres,Frederick Barbarossa,Dimitri wa I… uyu munsi mu mateka taliki ya 10/Kamena

uyu munsi kuwa mbere,Tariki 10/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 162 mu igize umwaka, hasigaye 204 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1194 Inkongi y\’umuriro ikomeye yibasiye Cathedrale ya Chartres, mu Bufaransa, iganisha ku kuba yarongeye kubakwa ahantu hirengeye h\’uburyo bwa Gothique bw\’Abafaransa. 1358 Umuyobozi w’abahinzi b’Abafaransa Jacquerie Guillaume Cale yafatiwe…

Read More

Paper Talk[Europe]:Erik Ten Hag Aracyaganje ijabiro, Gahunda ya Julian Alvarez muri Manchester city! Arsenal,Liverpool,Real Madrid, FC Barcelona

Newcastle United yamaze gutanga agera kuri £16m  mu ikipe ya  Burnley kugirango babahe umuzamu wayo w’imyaka  21- wumwongereza James Trafford, ariko Clarets irifuza agera kuri £20m nyuma yokumanuka mu cyiciro cya kabiri. (Mail) Nyuma yokuvanwa mu ikipe y’igihugu ya bongereza izitabira imikino y’igikombe cy’Iburayi Jarrad Branthwaite, 21, biteganyijwe ko Manchester United igomba kurangiza gahunda yokumutwara mbere ya…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rayon Sports ubwumvikane bukomeje kuba iyanga! Kiyovu Sports irakomerewe, Pitso Mosimane abuze akazi yari y’izeye

Umunya Malawi w’imyaka ,22, Lanjesi Nkhoma  yamaze kumvikana na TP Mazembe yo muri Democratic Republic of Congo avuye mu ikipe  Nyasa Big Bullets yo mu gihugu cya  Malawi, nyuma yogutsinda ibitego 20 mu mwaka w’imikino wa 2023/2024. (# Micky Jnr) Marcel Koller usanzwe ari umutoza wa ekipe ya Al Ahly yamaze kongererwa amasezerano muri iy’ikipe…

Read More