Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abashakira abakinnyi APR FC bari Ghana, n’Imugihe ikipe yo muri Ghana yasezereye abakinnyi 11 icyarimwe!
Shaban Chilunda rutahizamu w’imyaka 25 ukinira ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania biteganyijwe ko agomba gusohoka muri iy’ikipe nyuma y’imyaka ibiri yari ayimazemo nyuma yo kuva mu ikipe ya Azam doreko hari n’abandi ba kinnyi benshi Simba yatandukanye n’abo.(#Micky Jr) Umufaransa akaba n’inzobere mu mupira wa magururu w’Africa Fernando Da Cruz b’iteganyijwe…