TODAY IN SPORTS HISTORY : Manchester city yatsinze Barcelona mu mukino wo gutaha sitade ya Etihad naho Bernado silva abona izuba

1934 Babe Ruth wari ikirangire mu mukino wa Baseball yatangaje ko agiye gukina umwaka w’imikino we wa nyuma nk’uwabigize umwuga muri uyu mukino . 1936 Ku nshuro ya mbere agace k’umukino wo gusiganwa ku magare mu mikino Olempike karakinwe, ndetse abafaransa babiri bitwaye neza aho Robert Charpentier na Guy Lapébie batwaye imidali ya zahabu n’ifeza….

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Ese ni Rwanda premier League cyangwa ni FERWAFA izatsinda urugamba bagiye guhuriramo! igitego cyo hanze gikomeje kuri koroza muri CAF

Shampiyona y’igihugu ya Morocco Botola Pro League  yamaze gushyira ahagaragara uko amakipe azahura mu mwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 aho ikipe ya Wydad izatangira ikina na  Mas Fes.(#MickyJr) Simba SC nubwo iheruka gukora umunsi mu kuru wo kwerekana abakinnyi izakoresha mu mwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 uzwi nka “Simba Day” ariko bagiye gusubira ku isoko…

Read More

Paper Talk[Europe]: Eddie Nketiah ibye muri Arsenal bikomeje kuyoberana, akagufa muri gahunda ya Martin Zubimendi muri Liverpool!

Liverpool  iracyari  kwiruka  kuri  Anthony Gordon  wa  Newcastle United nubwo iyo gahunda bayigerageje mu kwezi kwa kanama 2023 ariko bikanga , biteganyijwe ko igiciro cya   Anthony Gordon kigomba kuzamu ndetse binagoye ko Newcastle United yamure kura .(Liverpool Echo) Aston Villa  y’umutoza  Unai Emery  ikomeje gushaka uburyo  yasinyisha  Umunya-Portugal Joao Felix w’imyaka 24 wiyemeje  gusohoka…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Umwamikazi Elizabeth II yafunguye ikibuga cy’indege cya Gatwick naho John Key abona izuba

uyu munsi ku wa gatatu , tariki 9 Kanama ni umunsi wa 221 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 145 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1942: Mahatma Ghandi wari umuyobozi w’u Buhinde yatawe muri yombi n’ingabo z’Abongereza ubwo yari agiye gutangiza Quit India Movement…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : ikipe ya Tottenham Hotspur yaciye agahigo ku isoko ry’igura n’igurisha naho Filippo Inzaghi abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1936 Abanyakoreya babiri rukumbi bari bahagarariye Ubuyapani bose babonye imidari muri marato yo mu mikino Olempike yabereye i Berlin; aho Sohn Kee-chung yatsindiye zahabu na Nam Sung-yong yegukana umuringa . Mu mwaka wa 2012 Usain Bolt wamamaye muri marato wo muri Jamayike yatwaye marato…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Umuyobozi wa CAF yavuze icyubahiro kidasanzwe bagiye guha Issa Hayatou, Mutsinzi Ange na Djihad ntibahiriwe muri Conference League!

Umunya-Cameroun Issa Hayatou wabaye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) igihe kingana n’imyaka  29 n’ukuvuga ko yariyoboye  hagati y’i 1988 kugeza 2017, yitabye Imana kuri uyu wa Kane azize uburwayi.(#DailyBox) Umuyobozi w’impuzamashyirahamwe  y’umupira  w’amaguru muri Africa “CAF”  Umunya-Africa y’Epfo   Dr Patrice Motsepe yategetse ko idarapo(ibendera) ry’a CAF ndetse n’ayamashyirahamwe arigize rimanurwa kugeze mu gice…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Enzo Fernandez agiye kugirwa kapiteni wa Chelsea, David de Gea agiye kugaruka mu biti bibiri by’izamu!

West Ham United irifuza gutwara  Umwongereza   Kieran Trippier w’imyaka 33 gusa kugeza ubu ntago  Kieran Trippier arafata umwanzuro  waho agomba kwerekeza  . (Telegraph – subscription required) Manchester United  ikomeje umugambi wo kwibikaho umusore ukina hagati mu kibuga  mu ikipe ya  Burnley Sander Berge, 26, akaba akomoka mu gihugu cya  Norway aho ishaka  kumuha umushahara w’i …

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Iraq yigaruriye Kuwait ndetse iyiyomekaho naho Artur da Silva Bernardes abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1605: Hashinzwe Umujyi wa Oulu, uherereye muri Finland, ushinzwe n’uwitwa Charles IX of Sweden. 1908: Wilbur Wright, Umuvandimwe wa Orville yakoze urugendo rwe rwa mbere mu ndege, yagurukiye ahitwa Le Mans mu Bufaransa, uru ni rwo rugendo rwakozwe ku mugaragaro n’abavandimwe babiri bazwi cyane nka Wright brothers. •1846: Habaye inama…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Kepa Arrizabalaga yabaye umuzamu uhenze ku isi naho Louis Saha abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1992 umukinnyi wakinaga hagati wa Espagne witwa Kiko yatsinze ibitego bibiri binafasha Esipanye yari murugo kwegukana umudari wa zahabu mu mikino Olempike itsinze Polonye ibitego 3-2 imbere y’abarenga 95,000 kuri sitade ya Camp Nou, iherereye mu mujyi wa Barcelona . 2008 Imikino Olempike yo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: FERWAFA ntiyitaye ku marira ya Mukura VS! CAF igiye gukuraho igitego cyo hanze(Away Goal)

Impuzamashyirahamwe y’umupira  w’amaguru muri Africa “CAF”  bari mu biganiro bishobora gutuma agaciro kigitego cyo hanze (away Goal) gakurwaho muri CAF Champions League  na  Confederation Cup nk’uko bimeze k’umugabene w’iburayi.(MickyJr) Ikipe ya Pyramids FC  igiye kwibikaho Umunya-Misiri   Youssef Obama w’imyaka  28 akaba akina hagati mu kibuga mu ikipe ya  Zamalek SC  dore ko amasezerano y’uyu musore…

Read More