Paper Talk[Europe]: Liverpool yiyemeje kujya ku isoko ry’aba myugariro, Manchester City  ntiraremura isoko!

Chelsea irasha  gukoresha  Raheem Sterling kugirango  ibone  Jadon Sancho, 24,  Umwongere  w’ikipe  ya   Manchester United  n’inyuma y’uko  Sterling  yamaze no kwamburwa nimero  yambaraga muri iyi kipe . (Telegraph – subscription required) Chelsea  yamaze  gusubukura  ibiganiro  n’ikipe ya  Napoli mu rwego rwo  gusinyisha  Umunya- Nigeria  Victor Osimhen, 25,  nyuma y’uko  Lukaku  yamaze kwerekeza mu ikipe  ya Napoli …

Read More

Tariki ya 26 /kanama mu mateka :  Jean-Paul II yatorewe kuba umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika

Uyu ni umunsi mpuzamahanga wahariwe imbwa Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu César, Miriam, Natacha, Simplice na Victor wa mbere. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1748: Hashinzwe urusengero rwa mbere muri Amerika y’Amajyaruguru rugendera ku mahame n’inyigisho za Luther, uru rusengero rwashinzwe muri Leta ya Pennsylvania muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruhabwa inyito…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: De Gaulle yatorewe kuyobora Ferwafa ahigitse bane bari bahanganye

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo De Gaulle yatorewe kuyobora Ferwafa ahigitse bane bari bahanganye Yari umukandida udahabwa amahirwe mu itangazamakuru, ntabwo yavuzwe cyane. Izina De Gaulle ntiryari rishyashya muri ruhago nyarwanda nyuma yo kuba umunyamabanga wa APR FC ariko kuba yari butsindire kuyobora urwego rukuru rwa ruhago, benshi babihaga amahirwe make….

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Chairman wa APR FC, Col. Richard Karasira yavuze ku kwirukana  umutoza wa APR FC Darko Nović, Simba ikomeje kwitwara neza!

Umunya-Africa  y’Epfo  Fadlu Davids  akaba  umutoza  wa  Simba SC  yo muri  Tanzania akomeje kwitwara neza  nyuma  yo kuzuza amanota atandatu  kuri  atandatu muri shampiyona  ya  Tanzania akaba amaze kwinjiza ibitego birindwi, gusa akaba afite  umukoro ukomeye wo guhangana na Young Africans imaze gutwara ibikombe bitatu byikurikiranya bya Shampiyona.(#MickyJr) Kuri iki Cyumweru, ikipe ya Police FC…

Read More

Paper Talk[Europe]: Vinicius Jr azafata umwanzuro ku kujya muri Saudi  Arabia uyu mwaka w’imikino  urangiye, Arsenal irategura kuzana abandi bakinnyi!

Chelsea   irategura gutwa  Umwongereza  wa  Everton   Dominic Calvert-Lewin, 27,  kubera ko barabona ariwe uhendutse  kuruta kuzana  Umunya-Nigeria  wa  Napoli  Victor Osimhen, 25, uri gusaba  umushahara uhanitse. (Sun) Juventus  yasabye ikipe  ya  Manchester United   ko bafatanya kwishyura imishahara  ya  Jadon Sancho  mu gihe icyari cyo cyose  azaba ageze muri iyi kipe yo mu gihugu cy’Ubutaliyani  …

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : APR FC yasezerewa na Etoile du Sahel yo muri Tuniziya muri CAF Champions League

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 2012 Umukobwa w’imyaka 29 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Maleziya yafashe icyemezo cyo kuzitabira imikino ya Olympques izabera mu Bwongereza kuva mu kwezi kwa Kanama muri uyu mwaka nubwo yari atwite inda y’amezi 8. 2012, APR FC yahagarariye u Rwanda mu gikombe gihuza amakipe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: FERWAFA igiye guca ibyo guha  abakinnyi amafaranga ku kibuga, Samuel Eto’o yongeye kutumvikana nabo bakorana!

Impuzamashyirahamwe  y’Aruhago ku isi  “FIFA”  yamaze gusohora uko amakipe agabanyije mu dukangara tuzifashishwa muri tombora  y’Imikino  yanyuma y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2025 kizabera muri Leta zunze Ubumwe z’Abanyamerika.(#MickyJr) Umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi Marc Brys akaba atoza ikipe y’Igihugu ya Cameroon we  n’abagenzi be barifuza ko  imikino yo gushaka itike y’imikino y’Anyuma y’igikombe  cya Africa…

Read More

Paper Talk[Europe]: Liverpool igiye kubona umusimbura wa Martin Zubimendi wayiteye umugongo, uwifuzwaga na United  yamaze kuyitera umugongo!

Juventus   iri   mu biganiro n’ikipe ya  Manchester United   kuri  mababa  Jadon Sancho, Umwongereza   w’imyaka  24 gusa bizagorana  ko  izabasha kwishyura  asaga  £40m  United iri  kwifuza  . (Athletic – subscription required) Manchester United   ndetse  izemera kuba  Jadon Sancho yajya mu gihugu  cy’Ubutaliyani  mu ntizanyo niyo hataba harimo amahitamo yo kumutwara mu buryo bw’aburundu , gusa nanone ngo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa] Nyuma y’uko perezida anenze umugi wa Kigali ubu uri kwemeza ko byakemutse! Wydad AC  yongereye amafaranga kuri Clement Mzize

Abicishije ku rukuta rwa X yahoze yitwa twitter perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame  yakebuye umugi wa kigari awibutsa ko  ikibazo cya moteri icana amatara kuri sitade cyakabaye cyarakemutse mbere y’uko umwaka w’imikino utangira.(#DailyBox) Umujyi wa Kigali wemeje ko washatse moteri izifashishwa kuri Kigali Pelé Stadium mu gihe iyo watumije itaragera mu Rwanda. Imikino…

Read More

Uyu munsi mu mateka ; Napoléon yavuye mu Misiri yerekeza mu Bufaransa agiye kwambikwa ikamba ry’ubwami

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1708: Meidingnu Pamheiba yambitswe ikamba ryo kuyobora ubwami bwa Manipur. 1799: Napoléon yavuye mu Misiri yerekeza mu Bufaransa agiye kwambikwa ikamba ry’ubwami. 1966: Icyogajuru Lunar Orbiter 1 cyafashe ifoto ya mbere igaragaza umubumbe w’isi, hagendewe ku murongo ugenderwamo n’ukwezi (orbit around the Moon). 1970: Muri Leta Zunze Ubumwe…

Read More