Joseph Bonaparte yambitswe ikamba,Andrew Jackson, Adolf Hitler…..uyu munsi mu mateka taliki ya 6/kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1808: Umuvandimwe wa Napoléon Bonaparte, witwa Joseph Bonaparte yambitswe ikamba ryo kuba Umwami wa Espagne. 1833: Andrew Jackson yabaye Perezida wa mbere wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagendeye muri…

Read More

Ali Khamenei yatorewe kuba umuyobozi mukuru wa Repubulika y’igihugu cya Iran,Joseph Kabila Kabange na Angelina Jolie baravuka…taliki ya 4/kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: 1794: Ingabo z’Abongereza zafashe ikirwa cya Port-au-Prince, mu gihugu cya Haiti. Mu 1812 Inteko Nshingamatego ya Leta Zunze Ubumwe z\’Amerika yemeje itegeko ryo gutangiza intambara ku Bwongereza….

Read More

Papa John XXIII ni bwo yitabye Imana,umunyamerika wa mbere yagiye mu isanzure…,uyu munsi taliki ya 3/Kamena mu mateka

uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 3 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 155 mu igize umwaka, hasigaye 211 ukagera ku musozo. Ku isi yose hari ibintu bitandukanye byabaye ku munsi nk’uyu haba ku bantu babaye ibyamamare no ku bihugu. Hari kuwa 03 Kamena 1940 u Budage bwateye igisasu mu bufaransa mu mujyi wa Paris gihitana…

Read More

Elizabeth II yarimitswe,Repubulika y\’ubutaliyani yarashinzwe,Pope John Paul II …. byinshi byaranze iyi taliki ya 2/Kamena mu mateka

Tariki 2 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 154 mu igize umwaka, hasigaye 212 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi: 1946: Havutse Repubulika y’u Butaliyani, muri kamarampaka yabaye abaturage b’iki gihugu bahisemo ko igihugu cyabo kiva mu Ngoma ya Cyami kigahinduka repubulika, nyuma y’itorwa ry’iyi mpinduka Umwami Umberto II di Savoia wayoboraga iki…

Read More

Umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana ku kamaro k\’amata,Donald Trump ,Hitler… uyu munsi mu mateka taliki ya 1/Kamena

Ibyibukwa by\’ingenzi byaranze iyi tarik 1 kamena mu mateka y\’Isi by\’umwihariko mu buzima bwa muntu,Buri munsi wose mu mateka y\’Isi uba ufite icyo usobanuye haba ku muntu, ku muryango runaka, Igihugu, Umugabane, ndetse n\’Isi yose muri rusange,reka dusubire inyuma mu mateka turebe iby\’ingenzi byaranze iyi tariki: Uyu munsi ni ku wa gatandatu tariki ya 01…

Read More

Umunsi wo kurwanya itabi,Natanyahu yatowe ku nshuro ye yambere…………uyu munsi mu mateka,taliki ya 31/gicurasi

Buri munsi wose mu mateka y\’Isi uba ufite icyo usobanuye haba ku muntu, ku muryango runaka, Igihugu, Umugabane, ndetse n\’Isi yose muri rusange. None tariki ya 31 Gicurasi 2024, reka dusubire inyuma mu mateka turebe iby\’ingenzi byaranze iyi tariki: Uyu ni umunsi 152 mu minsi igize umwaka. Uyu mwaka wa 2023 urabura iminsi 216. Uyu…

Read More

Icyogajuru cya mbere cya Amerika cyageze ku kwezi,Napoleon I,Voltaire nawe abona izuba…. uyu munsi mu mateka taliki ya 30/gicurasi.

Tariki 30 Gicurasi ni umunsi w’151 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 215 umwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu by’ingenzi byaranze uyu munsi 1631: Ishyirwa ahagaragara ry’ ikinyamakuru cya mbere mu Bufaransa’’La Gazette’’ 1806: Ubwo Andrew Jackson waje kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu 1829, yicaga umugabo wari washinje umugore we ubuharike. 1814:…

Read More

Urupfu rwa Manuel Noriega ,cuba ,umubano wa amerika na abasoviyete…., uyu munsi mu mateka taliki ya 29 / Gicurasi

Uyu munsi ni ku wa gatatu, 29 Gicurasi, umunsi wa 150 wa 2024. Hasigaye iminsi 216 mu mwaka. Uyu ni umunsi wo kwibuka. ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka: Ku ya 29 Gicurasi 1988, Perezida Ronald Reagan wa Amerika yahuriye n\’umuyobozi w\’leta zunze ubumwe z\’Abasoviyeti Mikhail S. Gorbachev mu inama yabo yamateka i Moscou….

Read More

Volkswagen yarashinzwe n\’abagerekikazi batangira gutora ,Uyu munsi mu mateka taliki ya 28 /Gicurasi

ibihe byi ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yisi. uyu munsi ni kuwa kabiri akaba ari umunsi wa 148 mu minsi 366 ubu hakaba hasigaye iminsi 218 dushingiye kuri calendari ya gregori. 585 bc:Habaye ubwirakabiri nyuma yuko byari biteganijwe n\’umucurabwenge akaba n\’umushakashatsi w\’umugereki. 1918: ibihugu bya aziberjan na Armenia byabonye uubwigenge 1934 ;I ontario muri…

Read More