Umweyo na Transfert muri Police fc biravuza ubuhuha.

Ikipe y\’igipolisi cy\’igihugu nyuma yo gusoza shampiyona y\’umwaka w\’imikino wa 2023/2024 warangiye mu buryo butashimishije benshi abareberera hafi iby\’ikipe harimo n\’abafana bayo bijyanye n\’intwaro zigiye zikomakomeye yari yaragiye yibibikaho mu ntangiriro z\’iyi season kuko yasoreje ku mwanya ku mwanya wa karindwi n\’amanota mirongo itatu n\’icyenda yizigamye igitego kimwe gusa mu mikino 30 ya shampiyona usibye…

Read More

Eamonn Holmes na Ruth Langsford batangaje gatanya hagati yabo.

Eamonn na Langson akaba ari umugabo n\’umugore bashakanye muri 2010 byumwihariko aba bombi akaba ari ni ibyamamare kubera ibiganiro bakora bica kuri shene ya televiziyo ikunzwe cyane kwisi yitwa ITV cyane cyane aba bakaba baramenyekanye mu kiganiro bakunze guhuriramo kitwa \”this morning\” gica kuri iyi shene ya television. Uyu muryango babinyujije ku ushinzwe kureberera inyungu…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku urutonde rw\’abakinnyi 100 beza mu Rwanda rwasohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena 2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena 2024 ;batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100 beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More