Ni iki U bubiligi bwa Kevin De Brune buhatse muri EURO 2024 budafite Courtois ariko bwagaruye witsel ?

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City, Kevin De Bruyne, azayobora ikipe y’Ububiligi yasubiwemo harimo na Alex Witsel wigeze gusezera muri Shampiyona y’Uburayi ukwezi gutaha. Kuri uyu wa kabiri, De Bruyne na Witsel baje ku rutonde rw\’abakinnyi 25 bashyizwe ahagaragara n\’umutoza Domenico Tedesco. Umunyezamu wa Real Madrid, Thibaut Courtois, witegura umukino wa nyuma wa Champions League….

Read More

Chelsea,Manchester United na Brighton mu ntambara z’Abatoza! liverpool kuri rutayizamu n’Umuzamu mu shya, Everton mu nzira zo Kugurishwa[paper talk Europe]

Manchester United ya vuganye n’uwahoze ari umutoza wa  Brighton ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani Roberto de Zerbi haramahirwe y’Uko ariwe ushobora gusimbura umutoza w’Umuhorandi  Erik ten Hag nyuma yuko hari ibihuha byinshi ko ashobora kwirukanwa. (#Guardian) Ariko na none Manchester United ira natekereza ku mugumana . (#Manchester Evening News) Ipswich Town iherutse kuzamuka mu kicyiciro cya mbere…

Read More

Mucyo Didier Junior muri Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Mandela National Stadium izakira mikino ibiri ya Uganda cranes, Basketball Africa League(BAL)

Rayon Sports, Myugariro wo ku ruhande rw’iburyo wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, Mucyo Junior Didier agiye kujya mu igeragezwa mu ikipe ya Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, agomba gukora igeragezwa ry’iminsi 30.(#Isimbi) Rayon Sports, Nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko nubwo ari mu biganiro n’iyi…

Read More

Volkswagen yarashinzwe n\’abagerekikazi batangira gutora ,Uyu munsi mu mateka taliki ya 28 /Gicurasi

ibihe byi ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yisi. uyu munsi ni kuwa kabiri akaba ari umunsi wa 148 mu minsi 366 ubu hakaba hasigaye iminsi 218 dushingiye kuri calendari ya gregori. 585 bc:Habaye ubwirakabiri nyuma yuko byari biteganijwe n\’umucurabwenge akaba n\’umushakashatsi w\’umugereki. 1918: ibihugu bya aziberjan na Armenia byabonye uubwigenge 1934 ;I ontario muri…

Read More

Kivumbi amaze gushumika BK arena

Ni umukino uri guhuza Petro de Luanda yo muri Angola na AS Douanes yo muri Sénégal, aho itsinda ihita ibona tike yo kuzakina imikino ya 1/2 . Kivumbi uri mu bagezweho muri iki gihe yaririmbye indirimbo ze zirimo \’Wait, Yarampaye n\’izindi zafashije abakunzi ba Basketball kwizihirwa. Uyu muhanzi ufite amamuko mu Rwanda ukora injyana ya…

Read More

Riderman na Bulldog bagiye gushyira hanze E.P nshya

umuhanzi Gatsinzi Emery wamenyekenye nka Riderman na Ndayishimiye Bertrand uzwi nka Bulldog bamaze gutangaza izina ,umubare ndetse na abazatunganya umuzingo w \’indirimbo (EP) benda gushyira ahagaragara mu iminsi mike . Ni umuzingo w\’indirimbo eshashatu bahaye izina ry\’icyumba cya amategeko ukaba uzagaragaraho abatunganya umuziki bagiye batandukanye b\’imbere hano mu gihugu harimo uwitwa Knox beat wiganje kuri…

Read More

Inkubiri ya amatora muri Afurika yepfo ;ANC ishobora kubura abayoboke

Abanya -afurika yepfo kuri uyu wagatatu baraza kuzindukira mu matora n\’ubwo bigaragara ko bafite umujinya uvanze n\’uburakari buturuka ku cyiguzi cy\’ ubuzima cyazamutse ku rugero rwo hejuru ,ubushomeri mu rubyiruko na ruswa mu nzego za leta ishinjwa ishyaka ANC ( African Nation Congress) riri kubutegetsi nyuma y\’imyaka irenga 10 nelson Mandela Madiba avuye ku butegetsi…

Read More

Kera kabaye sheikh salim Hitimana abonye umusimbura

Mu buryo bugoranye ,Amatora y’Abagize Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) yabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, yasize Sheikh Sindayigaya Mussa abaye Mufti w\’u Rwanda , asimbuye Sheikh Salim Hitimana wari umaze imyaka umunani kuri izi nshingano. Ni amatora yabanjirijwe ni imvururu no kutumvikana hagati ya abagize uyu muryango ushingiye ku myemerere ya kisilamu…

Read More

Pochetino, Sofiyan Amrabat, Ederson Morayes n\’umusimbura wa eric tenhag

  Saudi Pro-League Al lttihad ikina muri shampiyona ya  Saudi Arabia irifuza Ederson Morayes ;umunya -brazil ufatira ikipe ya manchester city kuri miliyoni 25 z\’ama euros mugihe amasezerano ye azarangira muri 2026, kamena.( #Dailymail). Manchester united iri mu biganiro n\’umutoza wa Brentford Thomas Frank ndetse n\’uwahoze atoza chelsea Maurcio Pochetino kugirango irebe ko yabasimbuza umutoza…

Read More