Inkongi y\’umuriro ikomeye yibasiye Cathedrale ya Chartres,Frederick Barbarossa,Dimitri wa I… uyu munsi mu mateka taliki ya 10/Kamena

uyu munsi kuwa mbere,Tariki 10/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 162 mu igize umwaka, hasigaye 204 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1194 Inkongi y\’umuriro ikomeye yibasiye Cathedrale ya Chartres, mu Bufaransa, iganisha ku kuba yarongeye kubakwa ahantu hirengeye h\’uburyo bwa Gothique bw\’Abafaransa. 1358 Umuyobozi w’abahinzi b’Abafaransa Jacquerie Guillaume Cale yafatiwe…

Read More

Paper Talk[Europe]:Erik Ten Hag Aracyaganje ijabiro, Gahunda ya Julian Alvarez muri Manchester city! Arsenal,Liverpool,Real Madrid, FC Barcelona

Newcastle United yamaze gutanga agera kuri £16m  mu ikipe ya  Burnley kugirango babahe umuzamu wayo w’imyaka  21- wumwongereza James Trafford, ariko Clarets irifuza agera kuri £20m nyuma yokumanuka mu cyiciro cya kabiri. (Mail) Nyuma yokuvanwa mu ikipe y’igihugu ya bongereza izitabira imikino y’igikombe cy’Iburayi Jarrad Branthwaite, 21, biteganyijwe ko Manchester United igomba kurangiza gahunda yokumutwara mbere ya…

Read More

Israel-Hamas War : Abarenga 274 bahitanwe n\’igitero cya isreal ku nkambi ya Nuseirat muri Gaza

Minisiteri y’ubuzima iyobowe na Hamas muri Gaza ivuga ko igitero cya Isiraheli ku nkambi y’impunzi cyatumye abantu bane bari bafashwe bugwate babohoka ariko cyikaba cyahitanye abantu 274 barimo abana n’abandi baturage. Igikorwa cya Isiraheli cyo kubohora imbohe enye zari zifitwe na Hamas cyahitanye Abanyapalestine barenga 270 gikomeretsa abandi bagera kuri 700 mu nkambi y’impunzi ya…

Read More

Thomas Tuchel vuba aha ashobora kuza kwisanga ari umutoza wa manchester united

Umuherwe wa Manchester united sir Jim Ractife yamaza gutangaza ko mu mpera z\’iki cyumeru bashora kuza kwerekana umutoza mushya ugomba gusimbura Eric Tenhag wari usanzwe utoza iyi ikipe. Nk’uko ikinyamakuru sky sports kibitangaza ngo uwitwa Sir Jim Ratcliffe yagiranye ibiganiro imbonankubone na Thomas Tuchel, bishobora kuza gutuma Manchester United yizeye ko izabona umusimbura ku mwanya…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rayon Sports ubwumvikane bukomeje kuba iyanga! Kiyovu Sports irakomerewe, Pitso Mosimane abuze akazi yari y’izeye

Umunya Malawi w’imyaka ,22, Lanjesi Nkhoma  yamaze kumvikana na TP Mazembe yo muri Democratic Republic of Congo avuye mu ikipe  Nyasa Big Bullets yo mu gihugu cya  Malawi, nyuma yogutsinda ibitego 20 mu mwaka w’imikino wa 2023/2024. (# Micky Jnr) Marcel Koller usanzwe ari umutoza wa ekipe ya Al Ahly yamaze kongererwa amasezerano muri iy’ikipe…

Read More

World cup 2026 Qualifiers;Cameroun ibifashijwemo bikomeye na Onana yatsinze Cape verde

Ikipe y\’igihugu ya Cameroun ibifashijwemo n\’Andre anana baraye banyagiye ekipe y\’igihugu ya Cape Verde ibitego 4-1 mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy\’isi cya 2026 amakipe y\’ibihugu y\’Africa akomeje guhatana ashakisha itike iyajyana mu mikino y\’igikombe cy\’isi 2026 kizabera muri America y\’epfo mu bihugu bya; Canada, Mexico na Leta zunze ubumwe za…

Read More

Rafael Nadal yandagaje Dominic Thiem,Los Angeles Lakers yisasira Boston Celtics inayitwara NBA , FC SC Enschede…. uyu munsi taliki ya 9/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1910 ,Imyaka 114 irashize kugera uyumunsi, ikipe ya Fc SC Enschede ishinzwe. Iyi kipe yo mu Buholandi yegukanye igikombe cya shampiyona kimwe rukumbi . 1990 Cashpoint-Arena…

Read More

Umwami w’Ubudage Henry IV yatsinze Ubwami bwa Saxony,Papa Clement wa VII,Umwamikazi Elizabeth II….uyu munsi mu mateka taliki ya 9/Kamena

uyu munsi ku cyumweru,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161 mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 641 Ingabo z\’Abarabu n\’Abisilamu zatsinze Abanyaroma muri Alegizandiriya, zigarurira Misiri. 721 Odo wa Aquitaine yatsinze ingabo z\’abayisilamu zari zikunzwe gutazirwa Umayyad ku rugamba rwa Toulouse. 1075 Intambara ya Langensalza:…

Read More

Madamu Jeanette yahaye urubyiruko umukoro wo kurwanya abasebya u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi, asaba urubyiruko kugira uruhare mu guhangana n’abasebya u Rwanda ndetse n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Mu kiganiro cyibanze cyane cyane ku mateka y’u Rwanda cyatanzwe na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yabwiye uru rubyiruko ko u…

Read More