MANCHESTER UNITED: Jarrad Branthwaite,Joshua Zirkzee na Matthijs de Ligt bageze he binjira muri iyi ikipe ? ni bande bagomba gusohoka?

Manchester united iratangaza ko igomba gusinyisha abakinnyi bane bashya barimo Jarrad Branthwaite,Joshua Zirkzee na Matthijs de Ligt gusa ariko kandi ko abarimo Masoon Greenwood na Donny van de Beek bagomba gusohoka muri iyi ikipe. Ikipe ya Manchester United yongeye gutanga akayabo kuri myugariro wa Everton Jarrad Branthwaite.Everton yanze amafaranga manchester Unted yabanje gutanga dore yabanje…

Read More

Dore icyo u Rwanda ruvuga ku bijyanye n’iseswa ry’amasezerano arebana n’abimukira yari hagati yarwo na leta y’ u Bwongereza

Ku nshuro ya mbere leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku bimaze iminsi bitangajwe na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer byerekeye amasezerano u Rwanda rwagiranye n’icyo gihugu arebana nikibazo cy’abimukira bivugwa ko yamaze guseswa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere ariki 08 Nyakanga 2024 ,mu itangazo ryasohowe n’ibiro by’umuvugizi wa Guverinoma y’u…

Read More

 Dore ikizakoreshwa arenga Miliyari 60Frw yasinywe n’u Rwanda n’u Butaliyani

Leta y’u Rwanda n’iy’u Butaliyani zasinyanye amasezerano y’inkunga afite agaciro a Miliyoni 50 z’amayero agomba gukoreshwa mu iterambere ry’ibikorwa byo kubungabunga ikirere no guhangana n’imihindagurikire ya cyo. kuri uyu wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024 nibwo aya masezerano yashizweho umukono ku mpande zombi ,aho kuruhande rw’u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi…

Read More

AMATORA 2024 : uko umunsi wa 16 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho [Inkuru yose ]

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Gakenke na Rulindo.Mu masaha ya saa…

Read More

Paper Talk[Europe]:Inama rukokoma muri Manchester United , Barcelona kuri Joao Cancelo bikomeje kugorana!

Juventus irashaka kugurisha Umutaliyani  akaba na rutahizamu Federico Chiesa, 26, kugirango yongere amafaranga yokwigurira  umusore w’ikipe ya  Manchester United  Jadon Sancho, nyuma yogutizwa mu ikipe ya Borussia Dortmund ariko bikaba bisankaho bashobora kutamutwara mu buryo bwa burundu. (Calciomercato – in Italian) Manchester United ndetse n’ikipe ya   Arsenal  zose z’iratekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Ajax yomu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 8/Nyakanga,Brazil yandagajwe bikomeye n’ikipe y’igihugu y’ubudage naho Virgil van Dijk na Son Heung-min babona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi twibukiranya kuri iyi taliki mu mateka mu isi ya siporo: 1990 igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyabereye kuri Stadio Olimpico iherereye i Rome muri Italy penaliti yo kumunota wa 85 w’umukino ya Andreas Brehme yahesheje ubudage bw’iburengerazuba igikombe imbere ya Argentine 2004 Mark Viduka rutahizamu kabuhariwe wakiniraga Leeds united akanayitsindira ibitego 14 muri…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ikipe ya Mangwende igiye kubona umutoza mushya, APR FC na CECAFA KAGAME CUP 2024  byashyushye!

Umunya-Tanzania Yusuph Kagoma w’Imyaka  28  yamavuko yamaze gusinyira ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania nubundi yo mu gihugu yari avuyemo dore ko yatozaga ikipe ya Singida , uyu musore ukina mu kibuga hagati yugarira  ,Simba ikomeje gukora ibishoboka byose ngo izahangane na Young Africans mu mwaka utaha w’Imikino nyuma yuko Young Africans yegukanye ibikombe bitatu…

Read More

BAYERN MUNICH : nyuma ya Micheal Olise wamaze gusinya ;Joao Palinha niwe utahiwe muri iyi kipe!

Ikipe ya Bayern Munich ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X, yatangaje ko yasinyishije Micheal Olise ,rutahizamu w’umufaransa wakiniraga Cryistal palace yo mu bwongereza kuri miliyoni 50 z’amapawundi harimo n’uduhimbaza musyi. Olise w’imyaka 22 y’amavuko nyuma yo kugurwa na Bayern yahise asinya amasezerano y’imyaka itanu azamugeza mumwaka wa 2029. Michael Olise abinyujije kurukuta rwa X, yagize…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 8/Nyakanga,Radiyo RTLM, (Radio Television des Mille Collines) yatangije ibiganiro byayo naho Kim Il-sung yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya munani /Nyakanga ni umunsi w’i 189 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 177 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Ibyaranze tariki 8 Nyakanga mu mateka: 951 : Nibwo Umujyi wa Lutèce mu Bufaransa wahinduye izina witwa Paris.kugeza ubu. 1099: Mu ntambara ya mbere y’amadini, izwi nka Crusade, ingabo…

Read More

Menya ibyavuye ku meza y’ibiganiro hagati ya leta y’u Rwanda n’iya congo

kuri iki Cyumweru tariki ya 7/ Nyakanga 2024, muri Zanzibar ,Abahagarariye leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye mu ibiganiro, byaciye amarenga ko hari ubushake bwo gukemura ibibazo ndetse n’umwuka mubi w’intambara uri gututumba hagati y’ibi bihugu. Abahagarariye leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye mu ibiganiro, byaciye amarenga…

Read More