EURO 2024 : Olie Watkins afashije ubwongereza kugera ku mukino wa nyuma

Ikipe y’igihugu y’ubwongereza imaze kugera ku mukino wa nyuma wa EURO 2024 nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’ubuholandi les oranges ibitego 2-1. uyu wari umukino watangiye ikipe y’igihugu y’ubuholandi yataka cyane ndetse biza no kuyikundira kuko ku makosa ya Declan Rice aho yari amaze gutsikira aza kwisanga uwitwa Xavi Simons yamupapuje umupira maze nawe arekura…

Read More

Ukraine igomba gutsinda intambara : Joe Biden, inama ya OTAN irarimbanije mu gihe Uburusiya bukomeje kugera amajanja Ibice Byose bya Ukraine.

Kuri uyu wa gatatu abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bagize Umuryango wo gutabarana w’igihugu by’uburengerazuba na Amerika ya ruguru uzwi nka OTAN bitabiriye inama y’uyu muryango ku nshuro ya 75. Uyu muryango wo gutabarana washinjwe mu Kwa Kane mu mwaka wo ,mu 1949,uteraniye I Washington DC,aho nk’ibisabzwe uri kwiga ku rwego rwawo rw’imikoranire y’ibihugu binyamuryango,mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Arsenal yatangaje ko yasinyishije Alexis Sanchez imuvanye muri Barcelona naho Mario Gómez abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1960 ,Mu gikombe cy’uburayi cyo muri uyu mwaka Viktor Ponedelnik yafashije igihugu cye cya leta zunze ubumwe z’abasoviyeti kwitwara neza ku mukino wanyuma w’iki gikombe imbere ya Yugoslavia aho bayitsinze bibiri kuri kimwe mu mukino waberaga kuri sitade ya Parc des Princes mu bafaransa. 1977 Nyuma y’imyaka ibiri…

Read More

Frank Habineza atanze amazi y’ubuntu ! ; Uko Umunsi wa 18 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngoma na Huye. Yahereye mu karere…

Read More

Menya byinshi ku rutonde ngarukakwezi rw’abakinnyi beza 100+ mu Rwanda rwasohowe n’ikinyamakuru DailyBox  ruzwi nka  “Rwanda Best”

Kuri uyu wa kabiri  taliki ya 09 Nyakanga nk’uko byari biteganyijwe ikinyamakuru  DailyBox cyasohoye  urutonde  ngarukakwezi  rw’abakinnyi 100+  beza kuruta abandi mu Rwanda “Rwanda Best” mu mupira wamaguru rwayobowe  n’umusore  w’Ikipe ya Rayon Sports  Kevin Muhire. Ni urutonde rwari rusohotse kunshuro yarwo ya kabiri nyuma y’urwa kamena , aho hagaragayemo impinduka zitandukanye  ariko nanone zitari…

Read More

Nyuma ya José Mourinho wacyeje AFCON ; undi mutoza ukomeye i burayi yavuze igikombe abona gikomeye hagati ya AFCON  na EURO!

Umufaransa Hervé Renard  umutoza w’Umunyabigwi cyane hano ku mugabane wa Africa ndetse n’Iburayi yavuze ko igikombe cya Africa ari cyiza cyane ndetse kinaryoha kuruta igikombe cy’Iburayi  ubwo yasabwaga kubigereranya! Hervé Renard   n’umwe mu batoza bumvaneza  umupira w’amaguru kuri iy’Imigabane yombi kubera ko hose yarahatoje kandi igihe kirekire  muri Africa yatoje amakipe arimo ikipe y’Igihu ya…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 10/Nyakanga, Inteko Ishinga Amategeko ya Pakistan, yafashe umwanzuro wo kwemera ubwigenge bwa Bangladesh naho Lt. Emmanuel Butera abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Uyu munsi kuwa gatatu,Taliki ya cumi/Nyakanga ni umunsi w’i 191 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 175 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . 138: Umwami w’Abami wa Roma, Hadrian, yahitanywe n’indwara y’umutima. 511: Hasojwe inama ya Concile d’Orléans yagennye imikorere ya kiliziya mu bwami…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mohamadou Lamine Ba mababa mushya wa APR FC,Mucyo Junior Didier yatandukanye na Rayon Sports kandi  n’aho yakoze igeragezwa byaranze!

Abafana b’ikipe ya  Dynamos FC yo mu gihugu cya Zimbabwe  bahanganye n’abayobozi b’iyi ikipe mu rwego rwo gushyigikira abakinnyi b’iyi kipe bamaze igihe batazi ikitwa umuashahara ndetse abakaba baberewemo amafanga menshi y’uduhimbazamusyi batahawe mu bihe bitandukanye  n’abo bakaba bafashe umwanzuro wo kudakora imyitozo bitagura umwaka w’Imikino.(#MickyJr) Ayamakipe  n’iyo atazakina imikino y’Ibanze(preliminary round)  ya CAF Champions 2024/25…

Read More

Amerika yemeje bidasubirwaho ko u Rwanda rufasha M23 mu guteza intambara muri DR.congo

Leta zunze ubumwe z’Amerika zemereye akanama k’umuryango w’abibumbye ko u Rwanda rufite abasirikare barenga ibihumbi bine muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amerika yashinje u Rwanda kohereza ingabo zirenga 4000 mu gushimangira ubushobozi bwa M23 n’imitwe y’inyeshyamba za Congo River Alliance mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Raporo nshya impuguke za Loni…

Read More