TODAY IN SPORTS HISTORY :igikombe cy’isi cyabaye ku nshuro yacyo ya mbere naho Ariel Silvio Zárate abona izuba

Ku ya 13 Nyakanga 1930, Ubufaransa bwatsinze Mexico ibitego 4-1 naho Amerika itsinze Ububiligi ibitego 3-0 mu mikino ya mbere y’igikombe cyisi, yakinnye icyarimwe i Montevideo, muri Uruguay. Umukino w’Ubufaransa na Mexico wakinwe kuri Estadio Pocitos imbere y’imbaga y’abantu bagera ku 3.000, mu gihe abantu bagera ku 15,000 bareba Amerika n’Ububiligi kuri Estadio Parque Central….

Read More

Ntwari Fiacre ashobora kwisanga agiye gutozwa nu umutoza watozaga “Mangwende” doreko arimunzi zisohoka mu ikipe yakiniraga!

Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda  “Amavubi”  Fiacre Ntwari yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya  Kaizer Chiefs yomu gihugu cya Africa y’Epfo avuye mu ikipe ya TS GALAXY yomuri icyo gihugu n’ubundi aho ashobora gutangwaho asaga $400K Hirya nohino ku isi isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rirarimbanyije  ndetse no mu gihugu  cya  Africa y’Epfo ahabarizwa uyu mukinnyi…

Read More

Burkina Faso nayo yiyongereye ku rutonde rw’ibihugu byinshi byo muri Africa byamaganye ubutinganyi

Leta ya Burkina Faso yamaze gushyiraho itegeko rihana abaryamana  bahuje ibitsina bazwi nka abatinganyi nyuma y’ibindi bihugu byinshi muri Africa byafashe iki cyemezo Leta y’inzibacyuho  ya  Burkina Faso  iyobowe na  Kapiteni Ibrahim Traoré  kuva yajyaho nyuma yo guhirika kubutegetsi bwa Paul-Henri Sandaogo Damiba  hari muri 2022  yatangiye kuvugurura imiyoborere ndetse n’amwe mu mategeko iki gihugu cyigenderaho ,…

Read More

BREAKING NEWS : Umuyobozi wa Polisi ya Kenya Japheth Koome yeguye ku nshingano ze ;umwungiriza we ahita amusimbura

Umuyobozi wa Polisi ya Kenya, Japheth Koome, yeguye ku nshingano ze ahita asimburwa by’agateganyo na Douglas Kanja wari Umwungirije. Koome yeguye kuri uyu wa Gatanu nyuma y’uko Polisi ya Kenya yanenzwe uko yitwaye mu guhosha imyigaragambyo y’abaturage ,Umugenzuzi mukuru wa Polisi Japhet Koome yeguye naho Umuyobozi wungirije akaba n’umugenzuzi mukuru w’igipolisi cya Kenya Douglas Kanja…

Read More

Harabura Iminsi 3 ngo amatora abe: Uko umunsi wa 20 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Kicukiro i Gikondo. Uyu mukandida Kandi…

Read More

Umutwe wa M23 wamaze kwakira undi musirikare ukomeye waje kuwutera  ingabo mu bitugu mugihe urugamba rukomeje gukara barwanamo na Leta ya Congo

Umutwe  w’agisirikare wa M23 urwanira  mu burasirazuba bwa congo  ukomeje kunguka amaboko mashya nyuma yo kwakira undi musirikare wa wuhozemo kandi ukomeye uje kubatera ingabo mubitugu muntumbara  bahanganyemo na Leta ya ya Congo ariwe Colonel Vianney Kazarama Kanyamuhanda. N’imugihe imirwano ikomeje gukaza umurego muburasirazuba bwa Congo hagati ya Congo ndetse n’uyu mutwe uvugako uharanira byumwihariko…

Read More

NIGER : imfungwa zitaramenyekana umubare zatorotse gereza yafungirwagamo inyeshyamba

Leta ya Niger yatangaje ko Ku wa kane imfungwa z’abajihadisite zitaramenyekana umubare zatorotse gereza iherereye mu burengerezuba bwa Niger . Abayobozi bo muri Nijeriya batangaje ko yuko imfungwa nyinshi zatorotse gereza ikomeye cyane izwiho gufata ikanafunga abajihadiste mu karere ka Tillaberi .Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko ibi byabaye ku wa kane muri gereza ya Koutoukale…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 12/Nyakanga,Hezbollah, Umutwe wa Politiki witwara gisirikare wagabye igitero cyiswe Operation True Promise, ku gihugu cya Israel naho Lionel Jospin abona izuba

Uyu munsi kuwa gatanu,Taliki ya cumi n’ebyiri/Nyakanga ni umunsi w’i 193mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 173 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe binini binini mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1580: Hashyizwe ku mugaragaro igitabo cyiswe Ostrog Bible, imwe muri bibiliya zashyizwe ahagaragara bwa mbere, iyi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Jurgen Klopp ashobora  kujya gutoza muri Amerika, Umunya-Brazil Casemiro agiye gusanga Ronaldo muri Arabie Saoudite !

Umusore w’ikipe ya  Bayern Munich  Matthijs de Ligt  ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi  yegereje  kwinjira mu ikipe ya  Manchester United,  uyu musore w’Imyaka  24  akaba akina nka myugariro . (Sky Sports) Gusa  Bayern Munich  irashaka  agera kuri 50m euros (£38.7m) kuri uyu musore  Matthijs de Ligt . (90min) Crystal Palace iratekereza kuba itagurisha umusore wayo  Eberechi Eze w’imyaka…

Read More