UYU MUNSI MU MATEKA : Intara ya Timor y’Iburasirazuba, yongewe ku zigize Indonésie naho, Letsie III umwami w’ubwami bwa Lesotho abona izuba

Tariki ya 17 nyakanga Ni umunsi mpuzamahanga w’ubutabera. Uyu munsi mu mateka y’u Rwanda ,Mu mwaka wo mu1994: Tariki ya 17 Nyakanga, Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1429: mu ntambara y’Imyaka 100 Hundred Years’ War, umwami Charles VII w’ubufaransa yambitswe ikamba ryo kuba umwami w’ubwami bw’ubufaransa…

Read More

AMATORA 2024:FPR yongeye kwigarurira ubwiganze mu nteko ishingamategeko

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’abadepite 53, bigaragaza ko ishyaka FPR-Inkotanyi n’andi mashyaka bafatanyije baje imbere n’amajwi 62,6%. ishyaka rya FPR-Inkotanyi yafatanyije n’amashyaka atanu, ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR.Abo badepite 53 ni abatowe babangikanye n’amatora ya perezida yabaye ku wa mbere mu gihugu no ku cyumweru ku Banyarwanda baba…

Read More

Dore abaperezida bamaze gushimira perezida Kagame k’ubwo gutsinda amatora

Abaperezida batandukanye bakomeje guhereza ubutumwa bushimira Paul Kagame ndetse bunamwifuriza ishya n’ihirwe nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda n’abanyarwanda ,Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 15 rishyira ku ya 16 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora igaragaje ko mu majwi 78% amaze kubarurwa, Paul Kagame yagize 99,15%. Mu gitondo cyo kuri…

Read More

Enzo Fernandez ari gukorwaho iperereza ku birego bijyanye n’irondaruhu

Chelsea iri gukora iperereza kuri videwo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n’umukinnyi wayo wo hagati Enzo Fernandez ,aho Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa rivuga ko iyi videwo rikubiyemo indirimbo zimakaza ivanguramoko n’ivangura. Ku wa kabiri, federasiyo y’umupira w’amaguru yo mu bufaransa [FFF] yavuze ko izatanga ikirego ku rwego nyobozi rw’isi rwa Fifa kuri videwo irimo indirimbo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Real Madrid igiye gutwara Trent Alexander-Arnold, amakipe  ashaka Nico Williams akomeje kuba menshi nyuma ya Barcelona

Real Madrid  iracyatekereza  gusinyisha umusore w’Imyaka 25 Trent Alexander-Arnold w’Ikipe ya Liverpool dore ko asigaje umwaka umwe wa masezerano kuyo afite mu ikipe ya Liverpool   gusa nayo ikomeje gukora ibishoboka byose kugirango bamwongerere  amasezerano. (Talksport) Manchester United  nubwo yazatandukana na Erik ten Hag  asoje amasezerano nago yazana  Gareth Southgate  imbere ya Thomas Tuchel  wahoze atoza Chelsea…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Byasabye penaliti kugirango Brazil itware Ubutaliyani igikombe cy’isi naho Moussa Dembélé abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927 Tour de France yabaye ku nshuro yayo ya 21: Nicolas Frantz wo muri Luxembourg yegukanye umwanya wa mbere mu gace kavaga mu mujyi wa Nice kerekeza mu bubiligi akoresheje kingana na 1h 48′ 21″ . 1963 Ikipe y’umupira wamaguru ya Telstar yarashinzwe mu gace…

Read More

abafana n’ubu baracyakomeje kwibaza ugurira ikipe yabo! Rayon sports yaguze Haruna Niyonzima

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha Haruna Niyonzima wahoze ari kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yavuye muri Al Ta’awon SC, yemezwa nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yahozemo mu myaka 17 ishize. Aya makuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2024 aho uyu Haruna Niyonzima aje muri Rayon Sports avuye mu ikipe…

Read More

Dore abakinnyi icumi bari guhabwa amahirwe yo kwegukana Ball d’or

Nyuma y’isozwa ry’amarushanwa akomeye y’iburayi yaba igikombe cy’uburayi n’amashampiyona atandukanye ,ubu hari kwibazwa ugomba kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi cyizwi nka Ballon d’or. Euro 2024 na Copa America zombi byaje kurangira ku cyumweru nijoro nyuma yukwezi kose kwimikino, ibihangange bitandukanye ku mugabane w’iburayi biri gutekereza uko byakitegura umwaka utaha w’imikino mushya. Ku cyumweru, Espagne…

Read More

Ubufaransa : Ubwegure bwa minisitiri w’intebe bugiye guteshwa agaciro kubera imikino olempike

Minisitiri w’intebe w’ubufaransa ashobora kuza kuguma kuri izi nshingano by’agateganyo n’ubwo yari yatangaje ubwegure bwe kubera imikino olempike igiye kubera muri iki gihugu . Biteganijwe ko Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, araza guha umugisha ubwegure bwa minisitiri w’intebe we Gabriel Attal bitarenze ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko ishyaka ryabo ry’abakristu ryatsinzwe mu…

Read More

ECUADOR : toni 6 za cocaine zasanzwe muri kontineri zari zijyanye ibitoki mu budage

Polisi ya Ecuador yatangaje ko imbwa zicunga umutekano zo mu bwoko bwa Sniffer zasanze toni 6.23 za cocaine zihishe mu ibitoki byari bigiye koherezwa mu mahanga. Polisi yavuze ko basanze ibiyobyabwenge byinshi bya Cocaine mu gihe cyo kugenzura buri kontineri yagombaga koherezwa ku cyambu cy’amazi maremare ya Posorja mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi munini wa Ecuador…

Read More