TODAY IN SPORTS HISTORY:ikipe y’igihugu ya Urguay yegukanye Copa América naho Daniele De Rossi abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1904 Henri Corne ukomoka mu gihugu cy’ubufaransa yatwaye Tour de france yabaga ku nshuro yayo ya kabiri. 1908 Umunyamerika Johnny Hayes yegukanye marato ya metero 1000 mu mikino ya olempike yabereye i Londres igihe kingana n’amasaha 2: n’iminota 55: n’amasegonda18.4 . 1946 Abakinnyi icyenda…

Read More

Amerika; Ukuriye ikipe irinda aba Perezida n’ababayebo Kimberly Cheatle Yeguye mu nshingano.

Kimberly Cheatle yatangaje ibaruwa ye y’ubwegure mu nshingano zo kuyobora aka gatsinda karinda abakuru b’iki gihugu cy’igihangage nyuma y’iminsi mike hageragejwe iyicwa rya Donald Trump ubwo yiyamamazaga muri Leta ya Pennsylvania. Iki gitutu yagitewe nk’abakuru ba guverinoma ndetse na banyamategeko bakomeje kwerekana uburangare bukomeye kukurinda Trump bibaza ukuntu umwicanyi yarinze kugera aho aregera amasasu menshi…

Read More

Moussa Faki Mahamat nawe amaze gushimira Perezida Kagame kubwo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu.

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yashimiye Perezida Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda. Faki Mahamat yashimye u Rwanda rwateguye neza amatora, yabaye mu mucyo, agaragaza ko kuba ingengo y’imari yakoreshejwe yaravuye imbere mu Gihugu ari gihamya ku muhate wo kwimakaza demokarasi n’imiyoborere myiza. Nyuma yo gutangazwa kw’amajwi ya burundu…

Read More

Paper Talk[Europe]:Manchester United yageze no kuri Xavi Simons, Pep Guardiola yatanze umucyo kubakinnyi bose bavugwaga gusohoka muri City

Manchester City yatangiye gutekereza gutwara umusore w’ikipe ya Crystal palace Eberechi Eze, w’imyaka 26 nyuma yo kwitwaraneza cyane mu ikipe y’Igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Uburayi nubwo batakegukanye, uyu mababa akaba ahagaze igiciro cya £60m utabariyemo ayinyongera(add-ons). (Mirror) Ikipe yomuri Saudi Arabia  ariyo  Al-Ittihad  irashaka gutwara Kevin de Bruyne, umusore w’umubiligi w’imyaka 33 , kuba Manchester city…

Read More

Ndashaka kunga ishyaka ryange kandi nkanatsinda Donald Trump : Kamala Harris 

Kamala Harris usanzwe ari Visi perezida Amerika yavuze ko ashaka kuzana ubufatanye mu ishyaka rye ry’abademokarate bikamufasha kuzatsinda Donal Trump mu matora ateganijwe mu ugushyingo muri iki gihugu. Nyuma yuko intumwa z’ishyaka ry’abademokarate zihagije kugira ngo yemezwe nk’umukandida w’ishyaka ryabo mu matora ya perezida ryemeje ko rizagwa inyuma Harris Kamala yavuze ko ashaka kunga ishyaka rye,…

Read More

Perezida Xi Jinping   yashimiye Perezida Kagame k’ubwo kongera gutorerwa kuyoboyora u Rwanda

Perezida w’ubushinwa Xi Jinping yashimiye perezida w’u Rwanda Paul Kagame k’ubwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Mu butuma yacishije ku urubuga rwa X rwahoze ari tweeter Perezida JinPing yashimiye perezida Kagame Paul Kubwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda ndetse anamusezeranya imikoranire myiza hagati y’ibihugu byombi ndetse no gukomeza gutsura umubano…

Read More

KENYA : Polisi yabujije abigaragambya kwigarambabiriza ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta

Umuyobozi w’igipolisi cya Kenya w’agateganyo yahaye gasopo abantu bose bateganya kwigaragambya kuri wa kabiri kwirinda kugera ahantu harindwa harimo n’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta. Mu itangazo yashyize ahagaragara Douglas Kanja yavuze ibi mu mu gihe abigaragambya batangaje ko bagomba gukorera imyigaragambyo ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Nairobi. Urubyiruko ruri kwigaragambya ruri gukoresha imbuga nkoranyambaga…

Read More

Burundi : perezida Evariste Ndayishimiye yafunguye ku mugaragaro ikigo gitanga amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba

Perezida Evariste Ndayishimiye yafunguye ku mugaragaro ikigo kitezweho gutanga amashyarazi akomoka ku mirasire y’izuba mu gace ka Gahando gaherereye muri komine ya Vuzigo yo mu ntara ya Makamba mu majyepfo y’uburundi ,iki kigo kitezweho kuzajya gitanga amashanyarazi angana na kilowati 34 ku munsi. iki kigo cyashyizweho mu rwego rwo guteza imbaraga zikomoka ku masoko yisubira…

Read More

Tanzania : Perezida Samia Suluhu yakuye mu nshingano abarimo minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzaniya yirukanye abaministri babiri muri guverinoma ayoboye, harimo n’uwari ufite mu nshingano ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu. Itangazo ryavuye mu biro by’umukuru w’igihugu bya Tanzaniya ku cyumweru ryatangaje ko Perezida Hassan yirukanye ministri ushinzwe umuryango w’Afurika y’uburasirazuba, ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, January Makamba, n’ushinzwe itumanaho n’ikoranabuhanga, Nape Nnauye. Kurundi ruhande Izi mpinduka…

Read More