Gatete Jimmy

Perizida IDRISS yatsinze amatora; Masra ahita yegura.

Minisitiri w’intebe wa Tchad Masra yeguye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe aho Deby yemejwe ko yatsinze. Minisitiri w’intebe wa Tchad akaba n’umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi nyakubahwa Succes Masra, yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko Perezida w’agateganyo Mahamat Idriss Deby yemejwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu yo ku ya 6 Gicurasi, nk\’uko Masra yabitangaje kuri uyu wa…

Read More

Ni abaperezida bangahe bamaze kuyobora u Rwanda nyuma y\’ingoma ya cyami ?

Nyuma y’uko u Rwanda rurekuranye n’ubutegetsi bwa cyami rukagana inzira ya Repubulika yiswe iya Demokarasi, imyaka ibaye 63, ruyobowe n’abaperezida 6 guhera 1960 kugera taliki 5 ukwakira 2016-…? Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda rubimburirwa na: Dominique Mbonyumutwa: Yabaye perezida umwaka umwe gusa (28/01/1961 – 26/10/1961) Perezida Dominique Mbunyumutwa, niwe wabaye Perezida wa mbere wayoboye u Rwanda…

Read More

By\’amaherere president RAISI atakarije ubuzima mu mpanuka.[full report]

Kajugujugu yari itwaye Perezida wa Irani, Ebrahim Raisi na minisitiri w’ububanyi n’amahanga yakoze impanuka ubwo yari avuye mu burasirazuba bwa Azaribayijan. Perezida wa Irani, Ebrahim Raisi, yapfiriye hamwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu, Hossein Amirabdollahian, nyuma yuko kajugujugu yari ibatwaye hamwe n’abandi bayobozi baguye mu gace k’imisozi n’amashyamba muri iki gihugu mu bihe byiganje…

Read More

Umweyo na Transfert muri Police fc biravuza ubuhuha.

Ikipe y\’igipolisi cy\’igihugu nyuma yo gusoza shampiyona y\’umwaka w\’imikino wa 2023/2024 warangiye mu buryo butashimishije benshi abareberera hafi iby\’ikipe harimo n\’abafana bayo bijyanye n\’intwaro zigiye zikomakomeye yari yaragiye yibibikaho mu ntangiriro z\’iyi season kuko yasoreje ku mwanya ku mwanya wa karindwi n\’amanota mirongo itatu n\’icyenda yizigamye igitego kimwe gusa mu mikino 30 ya shampiyona usibye…

Read More

Eamonn Holmes na Ruth Langsford batangaje gatanya hagati yabo.

Eamonn na Langson akaba ari umugabo n\’umugore bashakanye muri 2010 byumwihariko aba bombi akaba ari ni ibyamamare kubera ibiganiro bakora bica kuri shene ya televiziyo ikunzwe cyane kwisi yitwa ITV cyane cyane aba bakaba baramenyekanye mu kiganiro bakunze guhuriramo kitwa \”this morning\” gica kuri iyi shene ya television. Uyu muryango babinyujije ku ushinzwe kureberera inyungu…

Read More