Gatete Jimmy

Icyogajuru cya mbere cya Amerika cyageze ku kwezi,Napoleon I,Voltaire nawe abona izuba…. uyu munsi mu mateka taliki ya 30/gicurasi.

Tariki 30 Gicurasi ni umunsi w’151 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 215 umwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu by’ingenzi byaranze uyu munsi 1631: Ishyirwa ahagaragara ry’ ikinyamakuru cya mbere mu Bufaransa’’La Gazette’’ 1806: Ubwo Andrew Jackson waje kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu 1829, yicaga umugabo wari washinje umugore we ubuharike. 1814:…

Read More

Twitege iki kuri Hans Flick wasinye imyaka ibiri nk\’umutoza mukuru muri Barcelona?

Barcelona yatangaje ko hashyizweho Hansi Flick nk\’umutoza wabo mushya nyuma yo kugenda kwa Xavi Hernandez,Uwahoze ari umutoza w’Ubudage na Bayern Munich yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’ibyumweru bike by’ibiganiro hagati niyi ekipe ikinira kuri Estadio de Camp Nou. Xavi yari yabanje gutangaza muri Mutarama ko agiye kuva ku mirimo ye mu mpeshyi,…

Read More

Ish kevin yahaye gasopo anakurira agahuru ku nzira Moses Turahirwa

Umuhanzi Ish Kevin amaze guha gasopo na nyirantarengwa Moses nyiri Moshion kutazongera kuzana izina rye mu ngeso ndetse n\’ibiganiro byerekeye ubitinganyi nyuma yuko uyu Moses avize ko umuntu yifuza kuzamarana igihe cy\’ubuzima bwose asigaje ari uyu muhanzi ish kevin. Semana Kevin Ishimwe wamenyekanye ku mazina yubuhanzi nka ish kevin yongeye kwikoma ndetse anihanangiriza Turahirwa Moses…

Read More

iby\’ingenzi wamenya ku 100 zikunzwe mu rw\’imisozi igihumbi [Rwanda music billboard]

Inama y\’ubwanditsi bw \’ikinyamakuru Daily BOX bufatanyije ni inzobere zigiye zitandukanye mu ruganda rw\’imyidagaduro hano iwacu m\’u Rwanda ndetse no mukarere ka Afurika y\’uburasirazuba bwaricaye butegura imbonerahamwe ngaruka kwezi izajya yibanda ku ndirimbo ijana zakunzwe hano mu gihugu .[RWANDA MUSIC BILLBOARD Hot 100+]. RWANDA MUSIC BILLBOAD ni urutonde ngaruka kwezi rw\’indirimbo ijana zikunzwe za abahanzi…

Read More

Arsenal yandagajwe na chelsea,Sir Bobby Charlton,juventus itwara UCL…uyu munsi taliki 29/gicurasi mu mateka mu isi ya siporo

Uyu munsi ni ku wa gatatu, 29 Gicurasi, umunsi wa 150 wa 2024. Hasigaye iminsi 216 mu mwaka. Uyu ni umunsi wo kwibuka. Ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu isi ya siporo: 1922 Urukiko rw\’Ikirenga rwo muri Amerika rwemeje ko umukino wa baseball ko ari siporo ntabwo ari ubucuruzi bityo ntibigengwa n\’amategeko abuza kwishyiriraho ibiciro….

Read More

Urupfu rwa Manuel Noriega ,cuba ,umubano wa amerika na abasoviyete…., uyu munsi mu mateka taliki ya 29 / Gicurasi

Uyu munsi ni ku wa gatatu, 29 Gicurasi, umunsi wa 150 wa 2024. Hasigaye iminsi 216 mu mwaka. Uyu ni umunsi wo kwibuka. ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka: Ku ya 29 Gicurasi 1988, Perezida Ronald Reagan wa Amerika yahuriye n\’umuyobozi w\’leta zunze ubumwe z\’Abasoviyeti Mikhail S. Gorbachev mu inama yabo yamateka i Moscou….

Read More

Ese Israel ntiyaba iri gukorera jenoside abaturage muri Rafah isi irebera?

Kuri uyu wa kabiri,  Isiraheli yagabye igitero ku nkambi y’ihema mu gace k’impunzi mu burengerazuba bwa Rafah yahitanye nibura abantu 21, nk\’uko abashinzwe ubuzima muri Gaza babitangaje binyuze kuri Mohammad al-Mughayyir, umuyobozi mukuru mu kigo gishinzwe kurengera uburenganzira bwa baturage muri kariya gace ka Rafah , yavuze ko abantu abarenga 21 baguye muri ibi bitero”….

Read More

Ni iki U bubiligi bwa Kevin De Brune buhatse muri EURO 2024 budafite Courtois ariko bwagaruye witsel ?

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City, Kevin De Bruyne, azayobora ikipe y’Ububiligi yasubiwemo harimo na Alex Witsel wigeze gusezera muri Shampiyona y’Uburayi ukwezi gutaha. Kuri uyu wa kabiri, De Bruyne na Witsel baje ku rutonde rw\’abakinnyi 25 bashyizwe ahagaragara n\’umutoza Domenico Tedesco. Umunyezamu wa Real Madrid, Thibaut Courtois, witegura umukino wa nyuma wa Champions League….

Read More

Kivumbi amaze gushumika BK arena

Ni umukino uri guhuza Petro de Luanda yo muri Angola na AS Douanes yo muri Sénégal, aho itsinda ihita ibona tike yo kuzakina imikino ya 1/2 . Kivumbi uri mu bagezweho muri iki gihe yaririmbye indirimbo ze zirimo \’Wait, Yarampaye n\’izindi zafashije abakunzi ba Basketball kwizihirwa. Uyu muhanzi ufite amamuko mu Rwanda ukora injyana ya…

Read More