Twagirumukiza Janvier

Dore impamvu Umufaransa Paul Pogba agiye kugaruka ibihano yahawe by’imyaka ine adakina bitarangiye

Umufaransa Paul Pogba wari wahawe ibihano by’imyaka ine atagaragara mu  bikorwa byo guconga ruhago kubera gukoresha ibitemewe  yagabanyirijwe ibihano bigera ku mezi 18. Uyu musore ukina hagati mu kibuga yari yarahagaritswe mu kwezi  kwa Nzeri 2023 ubwo byazaga kwemezwa ko yakoresheje imiti itemewe yifitemo  DHEA (Dehydroepiandrosterone) izwiho kongera imisemburo ya testosterone na estrogen ndetse no…

Read More

Mohamed Salah yongeye kumanika agati ahatazapfa kugezwe ukuboko na buri Munya-Africa wese muri rugo!

Umunya-Misiri akaba na rutahizamu w’ikipe ya Liverpool  Mohamed Salah yabaye umukinnyi wa mbere w’umunya Africa umaze gutsinda ibitego byinshi mu mikino ya UEFA Champions League nyuma yo kuzuza ibitego 45. Hari mu mukino wa kabiri w’imikino y’Iburayi  ya  UEFA Champions League wa huzaga ikipe ya Liverpool y’umutoza Arne Slot  ndetse n’ikipe ya Bologna y’umutoza Vincenzo…

Read More

Bukayo yavuze uwabona uzatwara Premier League muri uyu mwaka w’imikino

Mababa w’ikipe ya Arsenal Umwongereza Bukayo Saka yatangaje ko uyu mwaka ari uwabo ku buryo bazegumana premier League! Ibi yabitangaje nyuma y’umukino wa UEFA Champions League batsinzemo ikipe ya Paris Saint-Germain ibitego bibiri ku busa(2-0) harimo igitego yanatsinze ku munota wa 35′ cyaje gisanga icyo Kai Havertz yari yatsinze ku munota wa 20′ ukaba umukino…

Read More

Perezida Kagame abinyujije kuri X yavuze ijambo rya sannye imitima y’Abakunzi ba Rayon yari yashavujwe no kubura Kigali Pele Stadium!

Abicishije ku rukuta rwa X yahoze yitwa twitter perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame  yakebuye umugi wa kigari awibutsa ko  ikibazo cya moteri icana amatara kuri sitade cyakabaye cyarakemutse mbere y’uko umwaka w’imikino utangira. Kuri uyu  wa gatanu ku  isaha  ya saa kumi n’ebyiri  hari hateganyijwe umukino w’umunsi wa kabiri w’Ashampiyona y’u Rwanda  mu…

Read More

Umutoza  w’ikipe ya  Azam yavuze ko bizaba byoroshye kwinjiza ibitego byinshi APR FC I Kigali!

Umutoza w’ikipe ya Azam Umunya-Senegal Youssoupha Dabo yavuze ko APR FC mu mukino wo kwishyura bazayinjiza ibitego byinshi  kubera ko byanga bikunda ngo izafungura umukino. Kuri iki cyumweru taliki ya 18 kanama 2024 nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC yari iri muri Tanzania mu mukino w’ishiraniro wa CAF Chempions League 2024-2025  aho batakaje imbere yikipe ya…

Read More

Inkuru yihariye: Ibibazo by’ingutu 10 perezida Kagame bimutegereje muri manda nshya y’imyaka itanu

iyi nkuru ishingiye ku isesengura, Umukandida wa RPF Inkotanyi  Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora igihugu cy’u Rwanda mu gihe kingana n’imyaka 5 irimbere ikaba na manda ye ya 4 yari atorewe  yarahiye ku italiki ya 11 Kanama 2024 muri sitade Amahoro.(clik here&watch Presidential Inauguration2024). U Rwanda  mu myaka 30 ishize  ruvuye muri  jenoside yakorewe Abatutsi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Manchester United yatangiye gushaka myugariro mushya, Rutahizamu Rodrygo muri  Manchester City! 

Umunya-Morocco  Noussair Mazraoui, 26,  ndetse na Matthijs de Ligt, 24, biteganyijwe ko  bagomba kuba abakinnyi bashya ba  Manchester United  abakinnyi bose basanzwe bakinira ikipe ya Bayern Munich . (Sky Sports Germany) Juventus  iri kureba ko byakunda ko yasinyisha Umwongereza Raheem Sterling wa  Chelsea  gusa hari andi makipe menshi yo muri shampiyona y’abongereza  Premier League ari kwifuza uyu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Ese ni Rwanda premier League cyangwa ni FERWAFA izatsinda urugamba bagiye guhuriramo! igitego cyo hanze gikomeje kuri koroza muri CAF

Shampiyona y’igihugu ya Morocco Botola Pro League  yamaze gushyira ahagaragara uko amakipe azahura mu mwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 aho ikipe ya Wydad izatangira ikina na  Mas Fes.(#MickyJr) Simba SC nubwo iheruka gukora umunsi mu kuru wo kwerekana abakinnyi izakoresha mu mwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 uzwi nka “Simba Day” ariko bagiye gusubira ku isoko…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Umuyobozi wa CAF yavuze icyubahiro kidasanzwe bagiye guha Issa Hayatou, Mutsinzi Ange na Djihad ntibahiriwe muri Conference League!

Umunya-Cameroun Issa Hayatou wabaye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) igihe kingana n’imyaka  29 n’ukuvuga ko yariyoboye  hagati y’i 1988 kugeza 2017, yitabye Imana kuri uyu wa Kane azize uburwayi.(#DailyBox) Umuyobozi w’impuzamashyirahamwe  y’umupira  w’amaguru muri Africa “CAF”  Umunya-Africa y’Epfo   Dr Patrice Motsepe yategetse ko idarapo(ibendera) ry’a CAF ndetse n’ayamashyirahamwe arigize rimanurwa kugeze mu gice…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: FERWAFA ntiyitaye ku marira ya Mukura VS! CAF igiye gukuraho igitego cyo hanze(Away Goal)

Impuzamashyirahamwe y’umupira  w’amaguru muri Africa “CAF”  bari mu biganiro bishobora gutuma agaciro kigitego cyo hanze (away Goal) gakurwaho muri CAF Champions League  na  Confederation Cup nk’uko bimeze k’umugabene w’iburayi.(MickyJr) Ikipe ya Pyramids FC  igiye kwibikaho Umunya-Misiri   Youssef Obama w’imyaka  28 akaba akina hagati mu kibuga mu ikipe ya  Zamalek SC  dore ko amasezerano y’uyu musore…

Read More