DailyBox

Indege yari itwaye Vice-president wa Malawi yaburiye irengero!

Saulos Chilima,Perezida wungirije wa Malawi,yaburiwe irengero mu ndege yafashe mu masaha ya mugitondo Aho yerekezaga Mzuzu mu majyaruguru y\’icyo gihugu. Mu masaha yashize, ibiro bya perezida wa Malawi,byatangaje ibura ry\’indege yari itwaye uyu mwunganizi wa perezida mu nshingano,yaburiwe irengero ndetse na radari zikaba zakomeje kuyibura.Iyi ndege yari itegerejwe kugera I Mzuzu ku isaha ya saa…

Read More

Menya inkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine! Kuva kuri Aburahamu

Amateka ya Israel na Palestine atangirira mu Myaka ya kera cyane,Agahuzwa n’ubwami bwabami nk’ubwa Otomani,Abaromani, Intambara zose z’isi,ndetse b’ibihugu by’ubu nka Leta Zunze Ubumwe Za Amerika,Ubwami bw’Ubwongereza n’Ubudage! Muri iyi nyandiko Daily –box iradusobanurira inkomoko kugeza kuri iyi ntambara ya Hamasi na Israel. Inkomoko nyirizina y’abayisrael ni igice cy’amajyaruguru y’Uburengerazuba bwa Mezopotamiya,aba bari bagizwe n’imiryango…

Read More

KWIBUKA 30: Ambasade y\’u Rwanda muri Niger yifatanije n\’inshuti z\’u Rwanda kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994

Kuri uyu wa gatandatu w\’icyumweru dusoje abanyarwanda baba mu gihugu cya Niger nabo bongeye kuzirikana abarenga miliyoni imwe y\’abanyarwanda baburiye ubuzima muri jenoside yakorewe abatutsi muri Mata ,1994. Muri izi impera z\’icyumweru dosoje nibwo abagize diyasipora nyarwanda batuye mu gihugu cya Niger giherereye muri Afurika y\’iburengerezuba bifatanije na abakozi b\’imiryango mpuzamahanga ,abahagarariye ibihugu byabo muri…

Read More

Carlo Ancelotti wa Real Madrid yavutse,Manchester city itwara Treble,David Villa … uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,Taliki ya 10/Kamena

uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 10/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 162 mu igize umwaka, hasigaye 204 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1934 Umukino wanyuma wigikombe cyisi cya FIFA, kuri eStadio Nazionale PNF,iherereye i Roma, mu butaliyani: Angelo Schiavio yatsinze igitego mu minota y\’inyongera anafasha Ubutaliyani gutsinda…

Read More

Amerika itangaje amagambo akomeye ku Isabukuru y\’Imyaka 80 hatangijwe igitero Cya Normandy mu Bufaransa

Ni igitero cyatangijwe ku wa 6 Kamena 1944, cyari kigamije kuganza no guhashya aba Nazi bari barangajwe imbere na Adolf Hitler. Uyu munsi ufatwa nk\’umunsi udasanzwe kuri politiki y\’ibihugu Byose hamwe byarwanyaga Ubudage,birimo,Ubufaransa,Ubwongereza,Leta Zunze Ubumwe Za Amerika n\’ibindi cyane ko bamwe bemeza ko Ari imwe mu ngamba zatumye abadage batsindwa intambara. Kuri uyu wa 05…

Read More

Uburusiya Bugiye kwimurira intwaro zabwo hafi y\’Uburayi na Amerika, Putin yabitewe n\’iki?

Perezida w\’Uburusiya Vladimir Putin hashize amasaha ane yemereye isi ko nawe ntakibazo nagito afite cyo kohereza ibitwaro birasa mu ntera ndende ku myisho y\’Uburengerazuba bw\’Isi. Nyuma y\’inama Ngaruka mwaka y\’ihuriro ryiga ku bukungu i St.petersburg,Bwana Putin Yagiranye ikiganiro n\’abanyamakuru maze atangaza ibisubizo n\’imigambi ijyanye no kuba Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zaremereye Ukraine gukoresha intwaro…

Read More

Guverinoma y\’u Rwanda yagejeje ku nteko nshingamategeko ibyagezweho mu myaka irindwi [NST-1]

Leta y\’u Rwanda yatangarije abaturage bayo bahagarariwe n\’abagize inteko nshingamategeko imitwe yombi ibyagezweho muri gahunda yo kwihutisha iterambere NST1 (2017-2024) ibi bikaba byatangajwe na Minisitri w\’intebe Dr.Edouard Ngirente. Umuyobozi wa guvernoma y\’u Rwanda imbere y\’inteko nshingamategeko yatangaje ibyagezweho bihereye kukuzamuka kw\’ingengo y\’imari iva kuri milliyari igihumbi na magana cyenda igera kuri milliyari zigera ku bihumbi…

Read More

Slovenia Yemeje Palestine nk\’igihugu cyigenga ikurikiye ibindi bihugu bine muri iki cyumweru.

Abagize inteko nshingamategeko ya Slovenia batangaje ibyavuye mu matora yo kureba niba Palestine yafatwa nk\’igihugu cyigenga ubwiganze burabyemeza Palestine imaze igihe kirekire yarambuwe ubwigenge Aho ibihugu byinshi bitayifata nka Leta yigenga nubwo kuva Aho iyi ntambara yayo na Israel yongeye gufata umurego, ibihugu byinshi batangaje ibitekerezo byo guha Palestine ubwigenge.Mu ijoro ryakeye inteko nshingamategeko ya…

Read More

Abakristu Gatolika batambagije Isakaramentu ritagatifu banashengerera Yezu kristu wazutse, Ese iri sakaramentu rivuze iki kuribo ?

Kuri iki Cyumweru cya cyenda gisanzwe ku ngengabihe ya Kiliziya Gatolika, abakrisitu hirya no hino mu ma paruwasi atandukanye baramukiye mu muhango wo gutambagiza isakaramentu ritagatifu. Uyu ni umwe mu minsi ikomeye muri kiliziya gatolika kuko ni umwe muyibukwa ikanazirikanwaho nk\’ugucungurwa kwa muntu n\’isezerano Umwami Yezu kristu yagiranye na bene muntu abaha umugati na Divayi…

Read More

Niki kihishe inyuma y\’umushinga wa Israel w\’agahenge mu ntambara hagati yayo n\’abarwanyi ba Hamasi?

Mu ijoro ryakeye ,Leta ya Israel yatangaje umushinga mushya wo gutanga agahenge mu ntambara yayo n\’umutwe wa Hamasi byateye abasanzwe bayikurikiranira hafi kugira icyo babitangazaho. Israel yatangaje umushinga mushya w\’agahenge ukubiyemo ibice bitatu by\’ingenzi birimo gukura ingabo zayo mu duce dutuwe twa Gaza , gufungura infungwa z\’intambara ndetse no kureka imodoka zitambutsa ibiribwa n\’ibindi bigoboka…

Read More