DailyBox

TODAY IN SPORTS HISTORY :Brazil yanyagiye ubuholandi ibitego kuri bibiri mu gikombe cy’isi naho Jude Bellingham abona izuba

Uyu munsi ku wa gatandatu,Taliki ya 29/Kamena 2024 ni umunsi wa 181 w’umwaka ubura iminsi 185 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1958 Umukino wanyuma wigikombe cyisi cya FIFA, wabereye kuri Stade Råsunda, mu mujyi wa Stockholm, muri Suwede: Vavá & Pelé buri wese yatsinze ibitego 2 muri bitanu burezile yatsinzemo…

Read More

USA PRESIDENTIAL DEBATE RESULTS : Izabukuru zatumye Trump akubitira Joe Biden ahareba i Nzega

Perezida Joe Biden yaraye atsinzwe bikomeye ndetse agaragaza intege nke mu kiganiro mpaka yagiranye na Donald Trump mugenzi we bahanganiye umwanya mu matora y’umukuru ateganijwe mu kiganiro mpaka cyabereye ku cyicaro cya televisiyo ya CNN. Mbere yo ku wa kane nimugoroba, Abanyamerika benshi bari baragaragaje impungenge ku myaka ya Joe Biden no kuba ameze neza…

Read More

Inkuru Yose:Uko umunsi wa Karindwi wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Ku munsi wa karindwi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga  kumwanya wa peresida Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza akoresheje  itangaza makuru(Press) …

Read More

KENYA : urukiko rw’ikirenga rwemereye leta gukoresha igisirikare mu guhosha imyigaragambyo

Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya rwemereye Leta ko hakoreshwa imbaraga za gisirikare mu kugarura ituze nyuma y’iminsi y’imyivumbagatanyo y’urubyiruko yo kurwanya itorwa ry’umushinga w’itegeko ndetse ibi bimaze kurenga inguvu z’igiporisi. Abantu barenga 20 bivugwa ko bamaze gutakariza ubuzima muri iyi myigaragambyo iri kuba mu gihugu hose, aho ahanini yari iyobowe n’abakiri bato badakozwa ibijyanye no gutora…

Read More

Minisitiri Shingiro :U Rwanda nirudashyikiriza u Burundi abashatse gukora coup d’état nta gufungura imipaka iduhuza

Kuri uyu wa kane Albert Shingiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi yatangaje ko nta kanunu ko kugurura imihahirane hagati y’u Rwanda n’u Burundi mu gihe rutaragishyikiriza abagerageje coup d’état yo ku butegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu myaka icyenda ishize. Mu kiganiro Shingiro yagiranye n’abaminisitiri batandukanye bo muri Guverinoma y’u Burundi ndetse n’itangazamakuru kuri uyu wa…

Read More

DR.Congo _ Rwanda Conflict : Perezida Kagame ashobora kuba agiye guhura na Felix Tshisekedi vuba aha

Perezida João Lourenço wa Angola yatangaje ko hari ibiganiro birimo kuba kugira ngo mu buryo bwihuse habeho guhura hagati ya Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Tshisekedi kugira ngo haboneke amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo. Perezida Lourenço yabitangarije i Abidjan muri Côte d’Ivoire, aho ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu kuva ku wa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :taliki 28/Kamena,umunya-cameroun Roger Milla yaciye agahigo mu gikombe cy’isi naho Kevin de brune abona izuba

Uyu munsi ku wa gatanu ,Taliki ya 28/Kanama 2024 ni umunsi wa 180 w’umwaka ubura iminsi 1876 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1958 Umunyamerika ukina umukino wo koga Nancy Ramey yashyizeho amateka yisi muri uyu mukino buryo bwo kunk’ikinyugunyugu muri metero 100 akoresheje igihe kingana 1:…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 28/Kamena ,Igikomangoma Francois Ferdinand n’umugore we biciwe i Sarajevo [sarajevo incident] naho Umwami Henry VIII abona izuba

Uyu munsi ku wa gatanu ,Taliki ya 28/Kanama 2024 ni umunsi wa 180 w’umwaka ubura iminsi 1876 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1360: Muhammed wa VI yabaye Umwami wa Granada nyuma yo kwica muramu we Ismail wa II. 1461: Edward IV yambitswe ikamba ry’ubwami aba Umwami w’u Bwongereza. 1776: Thomas Hickey wari mu…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa gatandatu wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa gatandatu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza kuba turage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngororero na Muhanga.Philipe…

Read More

EURO 2024 : Anthony Gordon yagarukanye ibikomere mu myitozo

Kuri uyu wa kane, Anthony Gordon yagaragaye mu myitozo ya ekipe y’igihugu y’ubwongereza abifite igikomere ku kanananwa no kubiganza nyuma y’uko uyu mukinnyi wa Newcastle yaguye ari ku igare rye ku wa gatatu mu kigo ikipe y’Ubwongereza icumbitsemo . Uko Bigaragara Anthony Gordon w’imyaka 23 ukinira Newcastle yarakomeretse bikomeye cyane nyuma yuko we n’abandi bakinnyi…

Read More