DailyBox

Mauritania : Ibikorwa byo gushakisha abimukira 150 barohamiye mu nyanja ya Atlantike birakomeje

Umuryango mpuzamahanga wita ku mpunzi uratangaza ko abimukira batari bake bamaze kwitaba imana , abandi bagera ku 150 bakaba bataziwe irengero, nyuma y’uko ubwato bwari bubatwaye burohamye mu mazi y’injyanja ya Atlantike hafi yo ku nkombe z’igihugu cya Moritaniya. Ibi byatumye ibikorwa bigamije gutabara no kurohora aba baba bagitera akuka k’abazima bikomeza ,aho kugeza ubu…

Read More

DRC : Corneille Nangaa yavuze ko ibihano bikakaye bafatiwe na Leta zunze ubumwe z’amerika bitazababuza gukomeza urugamba

umuyobozi w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23 , Corneille Nangaa yatangaje ko ibihano bya Amerika bitazabavana ku rugamba rwabo rwo gushyira igihugu ku murongo. ibi yabitangaje nyuma y”uko ku munsi wejo hashize ibiro bishinzwe kugenzura imitungo yo hanze muri minisiteri y’imari ya Amerika byatangaje ko leta ya Amerika ifatiye ibihano abayobozi batatu…

Read More

Perezida kagame yijeje ubufatanye abanyacyubahiro barimo perezida wa FIFA

Perezida Kagame yijeje ubufatanye ndeste anashimira abakuru b’Ibihugu birimo u Buhinde, Hungary, Mauritania, Nicaragua, u Burusiya, Singapore ndetse na Perezida wa FIFA, bamwifurije ishya n’ihirwe mu nshingano zo gukomeza kuyobora u Rwanda aherutse gutorerwa . Magingo aya Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze mu Bufaransa aho bitabiriye ibirori byo gutangiza Imikino Olempike bizabera i…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Cristiano Ronaldo yafashije Juventus kwegukana Serie A naho Gaël Clichy abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1990 mu mukino wa baseball ;Amerika yatsinze Leta zunze ubumwe z’Abasoviyeti amanota 17 ku busa mu mikino ya Goodwill. 2009 Alberto Contador wo muri Espagne yegukanye Tour de france yabaga ku nshuro yayo ya mirongo icyenda na gatandatu 2014 mu mukino w’iteramakofe ,Brian Ortega…

Read More

Dore ingengabihe ya shampiyona y’ikipe ya Apr fc n’amatariki izacakiranira na mukeba wayo

Ikipe y’ingabo z’igihugu imaze gushyira hanze urutonde rw’imikino yose izakina ,amatariki ndetse n’ibibuga izakinirwaho ;umukino uba utegerejwe n’abatari bake uhuza iyi ikipe na ekipe ya Rayon sports uteganijwe mu minsi itatu ibanza ya shampiyona . Mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka ndetse no gutegura umwaka w’imikino utaha ikipe ya Apr fc imaze gushyira hanze imbonerahamwe igaragaza…

Read More

DRC :abarimo Sutani Makenga ,Corneille Nangaa na Willy Ngoma batangiye kuburanishwa ku byaha byo kugambanira igihugu

Abarimo Corneille Nangaa wahoze ari umuyobozi w’ishyaka rya Alliance du Fleuve Congo ,Sutani Makenga , Willy Ngoma na Lawrence Kanyuka batangiye kuburanishwa kubirego bitandukanye byo guteza umutekano muke muri iki gihugu. Abategetsi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ejo ku wa gatatu batangiye kuburanisha Nangaa wahoze uyoboye ishyaka ryatsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu ashize. Nangaa ariko…

Read More

Paper Talk[Europe]: Trent Alexander-Arnold  yavuze ku hazaza he, urutonde rw’abakinnyi bagomba gusimbura Wan-Bissaka muri United

Atletico Madrid yamaze kwinjira mu rugamba rwo gusinyisha  umwongereza Conor Gallagher, 24  w’ikipe ya Chelsea akaba akina hagati mu kibuga dore ko ikipe ya Chelsea yaba igifite akayihayiho ko kumurekura  . (Team Talk) Crystal Palace ikomeje kwifuza umusore ukomoka muri Senegal ukinira ikipe ya  Marseille  ukina nka mababa wayo witwa Ismaila Sarr, w’imyaka 26 gusa byavuzwe ko…

Read More

🛑LIVE UPDATES : RIB imaze kuvuga ko Jeanne d’Arc Mujawamariya ari gukorwaho iperereza adafunze

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko Jeanne d’Arc Mujawamariya ari gukorwaho iperereza adafunze. Amakuru Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B Thierry yerekeranye ibyo Hon Mujawamariya Jeanne d’Arc akurikiranweho,Dr. Thierry yavuze ko ari kubazwa ibyaha akekwaho kuba yakoreye muri Minisiteri y’Ibidukikije, ariko ko ntacyo yatangaza kirenzeho ngo bitabangamira iperereza rigikomeje. Yagize ati:”Nibyo koko…

Read More