DailyBox

Nyuma y’irahira rya Perezida Kagame ; MIFOTRA yatangaje umunsi w’ikiruhuko

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ( MIFOTRA) yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kanama 2024, ari ikiruhuko ku bakozi bo mu nzego za Leta n’iz’abikorera. Iri tangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, rivuga ko iyi Minisiteri menyesha abakoresha n’abakozi bo mu nzego za Leta n’iz’Abikorera ko kuri uyu wa Mbere tariki…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Premier League yarashinzwe naho Mario Balotelli abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1993 Imiterere ya shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu bwongereza yarahindutse nyuma y’uko hashinzwe Premier League yari igizwe n’amakipe 20 ya mbere mu cyiciro cya mbere cy’Ubwongereza . 2012 Imikino Olempike yabaga ku nshuro ya 30 yashyizweho akadomo i Londere mu Bwongereza 2016…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muhadjiri yageneye ubutumwa bukakaye abafana ba APR FC! Young Africans ikomeje ku yobora umupira w’a Tanzania

Young Africans yegukanye  igikombe  cy’Igihugu cya 2024  “Ngao ya Jamii” nyuma yo gutsinda ikipe ya Azam ibitego bine kuri kimwe (4-1), kiyongera ku bindi iyi kipe yatwaye mu mwaka ushize w’imikino harimo na shampiyona  yari itwaye  kunshuro ya gatatu yikurikiranya.(#Young Africans) Umunya-Tunisia  Mohamed Ali Ben Romdhane w’imyaka 24 ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya …

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea igiye gufata ikemezo gikakaye ku mubare munini w’abakinnyi ifite, Casemiro akomeje kuvugwa hanze ya United!

Manchester United   ishobora kwishyura asaga   £50m  ubundi  ikibikaho   Evan Ferguson  wa  Brighton akaba rutahizamu w’imyaka  19  akaba akomoka mu gihugu cy’a  Republic  ya Ireland  nubwo  yatekerejweho na Chelsea . (Daily Star on Sunday) Manchester United  igomba guha  Umwongereza   Aaron Wan-Bissaka, 26,  akabakaba  £5.6m  mu gihe  azaba ageze muri West Ham United  . (Manchester Evening News) Umuyobozi w’asiporo(sporting…

Read More

Igihugu cya Zambia cyafunze imipaka yose yo ku ubutaka yagihuzaga na DRC

Leta ya Zambiya yatangaje ko Imipaka yose ihuza igihugu cya Zambiya na DRC ifunze ndetse nta n’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga n’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga byongera kwambukirizwaho . Kuva ku ya 11 Kanama, imipaka myinshi yambukiranya imipaka hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) Intara ya Haut-Katanga n’intara ya Zambiya mu majyaruguru y’uburengerazuba na Copperbelt…

Read More

Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 99%

Paul Kagame yarahiriye manda ya kane yo kuba perezida w’u Rwanda nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 99% mu matora yo mu kwezi gushize. Mu muhango waranzwe n’akarasisi gakomeye ka gisirikare, imbere y’Abanyarwanda ibihumbi za mirongo bari buzuye stade Amahoro, n’abakuru b’ibihugu bya Afurika barenga 20, Paul Kagame yavuze ko hari igisobanuro kimbitse mu mibare…

Read More

Uganda : abarenga 18 bamaze gupfira mu nkangu yatewe n’imyanda

Abantu bagera kuri 18 bamaze kwitaba imana nyuma y’uko bazize isenyuka ry’ikimoteri rusange cyashyirwagamo imyanda giherereye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala. inkeragutabara magingo ya zikomeje gucukura imyanda kugirango zishakishe abagwiriwe n’imyanda baba bagihumeka umwaka w’abazima nyuma y’iri isenyuka, ryaje rikurikiye ibyumweru by’imvura idasanzwe muri iki gihugu. Iki kimoteri rusange cyashyirwagamo Imyanda cya Kiteezi ,…

Read More

#Kurahira 2024 : abarimo perezida wa Kenya William ruto bamaze kugera i Kigali

Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma n’abandi bashyitsi bakomeje kugera i Kigali, bitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame uteganijwe kuza gutangira ku i saa cyena zo kuri iki cyumweru. Abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma barenga 20 ni bo biteganyijwe ko bazitabira umuhango w’irahira rya Perezida Kagame ugiye kubera kuri Stade Amahoro kuri…

Read More