DailyBox

RDF yatangaje ko igiye kwakira abifuza kwinjira mu gisirikare ku rwego rw’Inkeragutabara

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko gusaba kwinjira mu ngabo z’inkeragutabara, rimwe mu mashami yacyo ane, byatangiye ku itariki ya 14 Kanama bikazarangira ku ya 19 Kanama. Mu kanya gashize ,Ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda habereye ikiganiro n’itangazamakuru kigamije gusobanurira Abanyarwanda n’urubyiruko by’umwihariko, igikorwa cyo kwinjiza mu Ngabo, Inkeragutabara zakwitabazwa mu gihe bibaye ngombwa….

Read More

Abanyalibiya bafatiwe mu nkambi ya gisirikare yo muri Afurika y’epfo bakuriweho ibirego

Abashinjacyaha bo muri Afurika y’Epfo bahagaritse ibirego ku banya – Libiya bagera kuri 95 bari batawe muri yombi bakekwaho guhabwa imyitozo mu kigo cya gisirikare kitemewe. Ku wa kane, abashinjacyaha bo muri Afurika y’Epfo bakuyeho ibirego bijyanye n’abinjira n’abenegihugu 95 bo muri Libiya batawe muri yombi mu kwezi gushize aho abapolisi yabafatiye mu nkambi y’imyitozo…

Read More

Burundi : Perezida Ndayishimiye yahaye imbabazi Floriane Irangabiye utavuga rumwe n’ubutegetsi

Umugore w’umunyamakuru wakoraga kuri Radiyo Igicaniro witwa Floriane Irangabiye yahawe imbabazi n’itegeko ry’umukuru w’igihugu No 100 ryo kuwa 14 ukwezi kw’umunani, umwaka 2024. Irangabiye yaherukaga gukatirwa gufungwa imyaka cumi n’urukiko rukuru rwa Ntahangwa ruherereye mu mujyi wa Bujumbura no gutanga ihazabu y’amafaranga y’amarundi agera kuri miliyoni . Floriane Irangabiye yari yafatiwe mu mujyi wa Bujumbura…

Read More

indwara y’ubushita bw’inkende yamaze kugera ku mugabane w’uburayi

Minisiteri y’ubuzima yo muri Suwede yatangaje ko yatahuye umuntu ufite ubu bwoko bukaze kurushaho bw’ubushita bw’inkende muri iki gihugu. Olivia Wigzell ukuriye ikigo cy’ubuzima cya Sweden yavuze ko uwo muntu wanduye yari yabanje kurwarira mu karere k’umurwa mukuru Stockholm, gusa ko kuba arimo kuvurirwa muri iki gihugu bidateye inkeke ku baturage bose bacyo. Olivia yabwiye…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Cristiano Ronaldo yakinnye umukino we wa mbere muri premier league

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1997 Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’Afurika y’Epfo, Bafana Bafana yatsinze ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo kuri sitade yitiriwe Banki Nkuru y’igihugu, iherereye Johannesburg muri Afurika y’Epfo 2003 Cristiano Ronaldo wari ufite imyaka 18 yakiniye Manchester United umukino we wa mbere muri…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Robertinho yavuze kurwego rwa rutahizamu mushya wa Rayon , dore abanyacyubahiro baza kwitabira umuhango wo gushyingura Issa Hayatou

Umunya-Cameroon Issa Hayatou wayoboye impuzamashyirahamwe y’aruhago muri Africa “CAF”   Issa Hayatou uherutse kwitaba Imana arashyingurwa none, akaba ari umuhango uzakwitabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye mu mupira w’isi harimo umuyobozi wa CAF Dr Patrice Motsepe , Ahmad Ahmad wayoboye nawe CAFA  ndetse n’umuyobozi w’impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi Giovanni Vincenzo Infantino.(#CAF) Umunya-Cameroon Leonel Ateba  w’imyaka 25 yamaza gusinyira…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United  yongeye kuvugwa  kuri Frenkie de Jong wa Barcelona! Ese Conor Gallagher azasinyira Atletico Madrid  ryari?

Manchester United ya bwiye   Christian Eriksen, 32,  Umunya- Denmark wayo ukina hagati mu kibuga  ko agomba gushaka indi kipe muri uku kwezi kubera ko batazakomezanya umwaka utaha w’imikino 2024-2025 nubwo agifite amasezerano azamugeza 2025. (Football Insider) AC Milan yamaze kugera ku masezerano na   Monaco ku kubagurisha  Umufaransa  ukina hagati mu kibuga  Youssouf Fofana,  w’imyaka…

Read More

Sudan : Umunsi wa mbere w’ibiganiro by’amahoro wasize nta gishya kivugiwemo

Kuri uyu wa kane i Geneve ,umunsi wa mbere w’ibiganiro by’amahoro biyobowe na leta zunze ubumwe za Amerika bigamije gushaka igisubizo by’ibibazo by’amakimbirane akomeje kurangwa mu gihugu cya Sudani byasojwe nta gisubizo nta kimwe utanze . Ibi biganiro bibaye mu gihe igihugu cyashegeshwe n’intambara Igisirikare cy’igihugu nticyigeze cyohereza abagihagarariye, ndetse n’abo bahanganye ntibigeze bagaragara muri…

Read More

Uburusiya bwakatiye gufungwa imyaka 12 uwo bwashinjaga gutanga ubufasha kuri Ukraine

Urukiko rwo mu Burusiya rwakatiye ballerina Ksenia Karelina igifungo cy’imyaka 12 kubw’ubugambanyi ku gihugu nyuma yo gutanga amadorari 51 mu kigo cy’abagiraneza gishyigikira Ukraine. Mu cyumweru gishize, Karelina ufite ubwenegihugu bw’Abanyamerika n’Uburusiya, yemeye icyaha nyuma y’urubanza rwabereye mu muhezo. Karelina wabaye i Los Angeles ari naho yakuye ubwenegihugu bwa Amerika mu 2021 , yatawe muri…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cy’ubuhinde cyabonye ubwigenge naho Umufasha wa Bill Gates abona izuba

Tariki ya 15 Kanama ni umunsi wa 228 wumwaka muri kalendari ya Geregori; ubu hakaba hasigaye iminsi 138 kugirango umwaka urangiye. Uyu munsi Kiliziya Gatolika yizihiza Umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikiramariya, Nyina wa Yezu, uyu munsi uzwi nka Asomusiyo.Hizihizwa kandi Mutagatifu Arnoul de Soissons uyu ni umutagatifu ukomeye ku banyamuziki (le patron des…

Read More