DailyBox

USA : Donald Trump Yashyizeho Komite Izategura ihererekanyabutegetsi narumuka atsinze amatora

Donald Trump umukandida w’ishyaka ry’Abarepubulikani yashyizeho Komite yo kuzategura ihererekanyabutegetsi aramutse atsinze amatora Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika . mwene iyi Komite iteganyijwe mw’itegeko ryo mu 1963 ryitwa “Presidential Transition Act” n’uko ryavuguruwe mu 2022. Rivuga ko umukuru w’igihugu umaze gutorwa ashyiraho amatsinda y’abantu bajya muri minisiteri n’ibigo bya leta kumutegurira uko azahita atangira gutegeka akimara…

Read More

abarwayi bane nibo bamaze gusangwamo indwara y’ubushita bw’inkende

Mu itangazo Minisiteri y’ubuzima yasohoye ku mugoroba wo ku wa gatanu, ivuga ko abantu bane ari bo bamaze kugaragarwaho ikiza cy’ubushita bw’inkende kandi bose bari baherutse kugirira ingendo hanze y’u Rwanda. Mu mpera y’ukwezi gushize ni bwo u Rwanda rwatangaje abantu babiri ba mbere bagaragaweho ubushita bw’inkende, umugabo n’umugore bari bavuye muri Repubulika ya Demokarasi…

Read More

PREMIER LEAGUE : Joshua zirkzee yafashije ikipe ya Manchester united kubona amanota atatu ya mbere

Ikipe ya Manchester united yabonye itsinzi yayo ya mbere muri premier league nyuma yo gutsinda ikipe ya Fulham igitego kimwe ku busa cya Joshua Zirkzee  ku mukino ufungura shampiyona y’ubwongereza [English premier league ] . Joshua Zirkzee yagize ibihe bidasanzwe ndetse anishimira umukino wambere winzozi nyuma yo gutereka umukono ku masezerano mu impeshyi ishize nyuma…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : rutahizamu Thierry Henry yavutse kuri uyu munsi !

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1990 Phyllis Polander yareze Mike Tyson kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina yamukoreye. 1995 Marco van Basten ; wahoze ari Umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubuholandi na AC Milan akaba n’umukinnyi , yatangaje ko asezeye mu mupira wamaguru nk’uwabigize umwuga . 2013 Shampiyona yisi ya 14 y’imikino…

Read More

European transfers : ikipe ya Chelsea ishobora kuza kwibikaho Victor Osimhen byoroshye!

Chelsea isa nkaho yabonye amahirwe yo gusinyisha Victor Osimhen yiyongera nyuma yicyemezo kinini cya Napoli ,aho umutoza wayo antonio Conte yatangaje ko atamushaka muri iriya kipe ahubwo ko yifuza lomeru Lukaku wa Chelsea fc. Uyu mukinnyi ukomoka muri Nijeriya yahujwe na ekipe ikipe ikinira kuri sitade yitiriwe ikiraro cya Stamford Bridge mu myaka ibiri ishize…

Read More

abagize Biro y’Umutwe w’Abadepite bashyikirijwe amadosiye yose y’Umutwe w’Abadepite

Kuri uyu wa Gatanu, abagize Biro y’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko, bayobowe na Perezida wayo, Kazarwa Gertrude, bashyikirijwe amadosiye yose y’Umutwe w’Abadepite. Ku wa Gatatu tariki 14 Kanama 2024,nibwo Depite Kazarwa Gertrude yatorewe kuba Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, n’amajwi 73 kuri atanu ya Nizeyimana Pie watanzwe n’Ishyaka UDPR, bari bahanganye. Amajwi abiri…

Read More

PREMIER LEAGUE : Dore byinshi wamenya ku mukino wa Manchester united na Fulham uteganijwe kuri uyu mugoroba

Umunsi wo gutangira shampiyona ya Premier League , ikipe Manchester United na Fulham bagomba guhura bagafungura umwaka w’imikino kuri uyu mugoroba wo kuwa gatanu. Ikipe ya Manchester United ishobora kubanzamo:Onana; Dalot, De Ligt, Martinez, Mazraoui; Casemiro, Mainoo; Amad, Fernandes, Rashford; Zirkzee Fulham birashoboka ko yabanzamo :Leno; Castagne, Diop, Bassey, Robinson; Lukic, Urubingo; Iwobi, Pereira, Smith…

Read More

Uyu munsi mu mateka : Abatutsi 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi zari mu rugamba rwo kubohoza igihugu no guhagarika jenoside yakorerwaga abatutsi amahanga arebera.

Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka • 1779: Igihugu cya Espagne cyatangaje intambara hagati muri cyo, hatangira igitero cy’ahitwa Gibraltar. • 1846: Habaye inama yo gutora Papa wa Kiliziya Gatorika, nyuma y’urupfu rwa Papa Gregory XVI wapfuye tariki ya mbere Kanama 1846. Abakaridinali 50 muri 62 bari bagize icyitwa College of Cardinals bateraniye…

Read More