daily

Transfert;Bruno fernandez na Zinchenko bari muri benshi bifuzwa na Bayern Munich ya vincent Kompany

 Nkuko ushinzwe ku mushakira amakipe ( Agent) bita Miguel Pinho yatangarije ikinyamakuru “ O Jogo” cy\’iwabo muri Portugal ko ibiganiro byatangiye n’ikipe ya Bayern Munich ku kuba yasinyisha uyu mukinnyi kugeza ubu ukinira Manchester united. Nyuma yuko Vincent company agizwe umutoza mushya wa Bayern munich dore zimwe mu ntwaro yiteze gusinyisha. Bruno Fernandez yongereye amasezerano…

Read More

Muri Iran kwakira kandidatire kubahatanira umwanya w\’Umukuru w\’igihugu birarangira uyu munsi.

Kuri uyu wa mbere Tariki ya 3, Kamena 2024, muri Iran Kwakira Kandidatire Kubahatanira Umwanya W\’umukuru W\’igihugu Birarangira. Kuva ku wa 30, Gicurasi 2024 nibwo ibi bikorwa byatangijwe ku mugaragaro ,ibi bibaye nyuma Yuko uwari umukuru w\’igihugu cya Iran Ibrahim Raisi aguye mumanuka y\’indege yabaye kuwa 19, Gicurasi 2024 mumajyaruguru y\’igihugu cya Iran , Ibrahim…

Read More

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Seoul muri Koreya yepfo

Iyi nama iteganijwe kuba hagati ya tariki 4-5, Kamena , 2024  aho izahuza abakuru bibihugu bya Afurika naza guverinoma nabahagarariye imiryango mpuzamahanga. iyi nama izayoborwa n\’umukuru w\’igihugu cya Korea y\’epfo Nyakubahwa Yoon Suk Yeol na Mohamed El Ghazouanui wa Mauritania Ari nawe ubu uyoboye umuryango wa Afurika yunze ubumwe,bikaba bitegenijwe ko bazaganira kuhazaza heza hahuriweho…

Read More

Nyakubahwa perezida Kagame Paul yakiriye umunyarwenya Dave Chappelle

Ku gicamunsi cyo kuwa 31, Gicurasi perezida wa repubulika y’urwanda Kagame Paul yikiriye umunyarwenya Dave Chappelle w’imyaka 51 ufite inkomoko muri Leta zunze ubumwe z’ America , yamwakiriye mubiro by\’umukuru wigihugu Village Urugwiro. Mu ijoro ryo kuwa 30 , Gicurasi 2024 nibwo uyu munyarwenya Dave Chappelle yataramiraga kimihurura mu mugi wa kigali .Imyaka 34 Dave…

Read More

Mucyo Didier Junior muri Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Mandela National Stadium izakira mikino ibiri ya Uganda cranes, Basketball Africa League(BAL)

Rayon Sports, Myugariro wo ku ruhande rw’iburyo wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, Mucyo Junior Didier agiye kujya mu igeragezwa mu ikipe ya Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, agomba gukora igeragezwa ry’iminsi 30.(#Isimbi) Rayon Sports, Nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko nubwo ari mu biganiro n’iyi…

Read More