daily

Venezuela : Nicolás Maduro yatsinze by’agateganyo amatora y’umukuru w’igihugu nubwo bitavugwaho rumwe

Perezida Nicolás Maduro yatsinze byagateganyo amatora ya perezida wa Venezuela, nk’uko ibisubizo by’ibigice byatangajwe na Komisiyo y’amatora yo muri iki gihugu bibyerekana. Elvis Amoroso uyobora inama y’igihugu y’amatora (CNE), akaba n’umufasha wa hafi wa Bwana Maduro yavuze ko amajwi 80% yabazwe, Perezida Maduro yagize amajwi 51%, ugereranije na 44% yabonywe nabo bari bahanganye . Abatavuga…

Read More

Imikino Olempike 2024 : Ikipe ya sudan y’epfo yacurangiwe indirimbo y’igihugu itariyo !

Abategura imikino Olempike mu Bufaransa bakinnye indirimbo yubahiriza igihugu cya Sudani y’Amajyepfo itariyo mbere yuko umukino wa Basketball mu bagabo utangira wagombaga guhuza Sudani na Porto Rico. Ku cyumweru, abarebaga uyu mukino kuri stade ya Pierre Mauroy baratangaye ubwo indirimbo ya Sudani yacurangwaga aho kuba iya Sudani y’Amajyepfo.Nubwo iyi ndirimbo yakosowe nyuma yo guhagarara gato…

Read More

🟤Irushanwa ryo #Kwibohora30 muri Volleyball 🟤: Police Women Volleyball Club yegukanye igikombe mu bagore naho Police VC na Kepler VC zigiye gutana mu mitwe nonaha

Police Women Volleyball Club yegukanye igikombe itsinze Apr Women Volleyball club amaseti atatu kuri imwe mu bagore naho magingo aya Muri petit sitade harimo kubera imikino ya nyuma y’irushanwa ryo kwibohora muri Volley ball mu cyiciro cy’abagabo. Magingo aya muri Petit Stade hagiye kubera wanyuma w’iri rushanwa mu bagabo ndetse uyu ukaba ari umukino w’ishiraniro…

Read More

Amakuru mashya : abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende bamaze kugaragara ku ubutaka bw’ u Rwanda

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, yabwiye RBA ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo….

Read More

Abaturage bo mu bice bitandukanye by’Igihugu bazindukiye mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Nyakanga 2024

Kuri uyu wa Gatandatu, Abaturage bo mu bice bitandukanye by’Igihugu bazindukiye mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Nyakanga 2024, wakorewe aho wakorewe ku rwego rw’umidugudu. Abaturage bo muri Nyarufunzo mu Murenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge bifatanyije n’abayobozi b’Umujyi wa Kigali mu muganda rusange usoza Nyakanga 2024. Abawitabiriye batunganyije umuhanda w’umugenderano, basana ikiraro cyangiritse…

Read More

Breaking News : Muhire kevin yongereye amasezerano muri Rayon sports

Ikipe ya Rayon sports imaze kongerera amasezerano Kapiteni wayo witwa Muhire Kevin ,akaba asinye amasezerano y’imyaka ibiri kuri miliyoni 40. Ni amakuru amaze kujya ahagaragara mu kanya ubwo umuvugizi wa Rayon sports ,Ngabo Ruben yagiranaga ikiganiro n’igitazamakuru cya B&B kigali ,aho yatangaje ko Muhire amaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira ubururu n’umweru akaba…

Read More

Imikino olempike : Eric Manizabayo na Clementine Mukandanga nibo bari buserukire u Rwanda mu birori byo gutangiza iyi mikino ku mugaragaro ;Menya byinshi biri burange ibi birori [EXCLUSIVE ]

Clementine Mukandanga usiganwa marato (42km) na Eric Manizabayo usiganwa ku igare nibo baraza guserukira u Rwanda mu birori byakataraboneka byo gufungura ku mugaragaro imikino olempike ;dore ko ari bimwe mu birori bitegerejwe n’abatari bake menya byinshi kuri byo.  umuhanzi w’icyamamare Aya Nakamura, Umufaransa ukomoka muri Mali, ashobora kuba ari muri abo, uyu ubu niwe ucurangwa…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Umwami Mutara III Rudahigwa yaratanze naho umwami James wa mbere abona izuba

uyu munsi tariki 25 Nyakanga ni umunsi wa 207 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 159 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Yiswe umusore udasanzwe, yiswe umusore w’icyusa (Cyusa), abyinirirwa Nkubito y’Imanzi, bamutazira Rukabu, abatizwa Lewo Karoli Petero , izina ry’ubugabe yitwa Mutara, naho irya Kavukire rikaba Rudahigwa. Ni umwami w’u Rwanda waranzwe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Chris Froome yegukanye Tour de france ye ya kane naho rutahizamu Luis Ángel Landín abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1827 Ishuri rya ryambere ryigisha koga ku isi ryafunguwe ku mugaragaro muri Amerika mu mujyi wa Boston uherereye muri leta ya Massachusetts. 1866 Ikipe y’umukino wa Baseball ya Red Stockings nibwo yashinzwe ku mugaragaro. 1902 Ikipe y’umupira w’amaguru yo mu ubuholandi yitwa Excelsior yashingiwe…

Read More

Manchester United yiteguye gushyira Rashford ku isoko

Ikipe ya Manchester United yiteguye kugurisha Rashford Nyuma y’umusaruro mubi n’imyitwarire ye. Nkuko ikinyamakuru “the sun” kibitangaza, Marcus Rashford yaba agiye kugurishwa na Manchester United bitewe n’umusaruro mubi byiyongera kumyitwarire mibi yuyu Musore bituma atumvikana n’umutoza Ten Hag. Rashford ukina asatira kuruhande rw’ibumoso, unambara nimero 10 mumugongo mu mashitani atukura, ntiyitwaye neza sezo yashize nkuko…

Read More