daily

Kamonyi : Abahinzi Barashinja Rwiyemezamirimo Kubambura kandi yarabatwariye umusaruro wabo

 Abahinzi bo mu mirenge itandukanye y’akarere ka Kamonyi bararira ayo kwarika kubera rwiyemezamirimo watwaye umusaruro w’ibigori byabo ntabishyure. Aba bahinzi baravuga ko bamaze amezi agera muri atandatu bategereje amafaranga ariko amaso yaheze mu kirere. Ubuyobozi bw’ako Karere bwabwiye Ijwi ry’Amerika ko mu minsi ya vuba baraba babonye amafaranga yabo. Kompanyi ya Rumbuka isanzwe ifata umusaruro…

Read More

MIFOTRA yatangije ku mugaragaro imbuga zizajya zihuza abakozi n’abakoresha

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangije ku mugaragaro imbuga zizajya zihuza abakozi n’abakoresha no gufasha urubyiruko rutararenza imyaka ibiri rurangije kwiga kwimenyereza umurimo. MIFOTRA igaragaza ko binyuze muri izi mbuga, mu myaka itanu ishize yafashije abagera ku bihumbi 16 kwimenyereza umurimo, muri bo 59% babonye akazi. Bamwe muri urubyiruko bavuga ko uyu ari umwanya mwiza…

Read More

umujyi wa Kigali watangiye kugenzura niba ahantu hahurira abantu benshi hari ubukarabiro

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangiye kugenzura ko ahantu hahurira abantu benshi nko mu nyubako z’abikorera n’iza Leta, ku masoko, ahategerwa imodoka no mu nsengero hashyizweho ubukarabiro rusange. Ni icyemezo cyashyizweho mu kwimakaza isuku cyane cyane iy’ibiganza mu kwirinda no kugabanya indwara zirimo n’iy’Ubushita bw’Inkende yugarije Isi Kugeza ubu ,abantu bane ni bo bamaze kugaragarwaho virusi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Bamwe mu bafana ba Rayon bararebana ayingwe na Robertinho,umukinnyi wanyuze muri Murera yaguzwe $100k!

Rutahiza  w’umunya-South Africa Cassius Tumelo Mailula, 23,    yamaze  gusohoka mu ikipe  ya  Toronto FC  ibarizwa muri shampiyona  ya  Leta  zunze Ubumwe Z’Abanyamerika  Major League Soccer  aho agiye gusinyira ikipe  ya  Wydad AC yo muri Morocco, ibi bijenyuma y’uko umutoza w’iyi kipe  Umunya-Africa y’Epfo  Rulani Mokwena afashe rutema ikirere agiye gushaka abakinnyi .(#MickyJr) Umunya-Cameroon  Onana Essomba…

Read More

Ubuhinde : abaganga bamwe baracyari mu myigaragambyo nyuma y’ihohoterwa rikomeje kugaragara mu rwego rw’ubuvuzi

Bamwe mu baganga bato bo muhinde bahagaritse akazi kuko basabye ubutabera bwihuse kuri mugenzi wabo wafashwe ku ngufu akicirwa mu bitaro, nubwo imyigaragambyo y’abaganga benshi yarangiye. Ku bufatanye n’abaganga, abantu ibihumbi n’ibihumbi bakoze urugendo mu mihanda ya Kolkata ku mugoroba wo ku cyumweru bavuga bati: “Turashaka ubutabera”, mu gihe abayobozi bo muri leta ya Bengal…

Read More

Uyu munsi mu mateka :  Pervez Musharaf wari Perezida wa Pakisitan, yeguye ku mirimo ye.

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : Mu 293 Mbere y’ivuka rya Kirisitu: Urusengero rw’Abaromani rw’ahitwa Venus ni bwo rwashinzwe, ibi byatangiranye n’ikigo cya Vinalia Rustica. 1201: Hashinzwe Umujyi wa Riga ukorerwamo ubucuruzi n’inganda muri Baltics. 1891: Muri Martinique habaye imyigaragambyo ikomeye yiswe Major hurricane, yasize ihitanye abantu bagera muri 700. 1938: Franklin D. Roosevelt wari Perezida…

Read More

Sudan : abahuza mpuzamahanga bishimiye ingamba zafashwe n’impande zihanganye zo kurengera uburenganzira bwa muntu

Abunzi mpuzamahanga bagize uruhare mu biganiro kugira ngo intambara ya Sudani irangire bishimiye ibyemezo by’impande zirwana kugira ngo byorohereza abatanga ubutabazi muri iki gihugu. Ku wa gatandatu, mu kiganiro bahuriyemo, aba baterankunga b’ibi biganiro bo mu Busuwisi bashimye ingabo z’abatabazi zihuse korishya itangwa ry’ubutabazi mu bihugu bya Sudani ya Darfur na Kordofan. Abunzi barimo ibihugu…

Read More

Ubusuwisi bwemereye igihembo gikomeye uwo ari wese wafasha iki gihugu gukura ibisasu mu biyaga byaho

igihugu cy’ubusuwisi cyashyizeho igihembo cy’amafaranga ku muntu wafasha gukura ibisasu mu biyaga ,urwego rwa gisirikare rw’Ubusuwisi rurimo gutanga amafaranga angana na miliyoni 77 mu mafaranga y’u Rwanda nk’igihembo ku muntu watanga igitekerezo cyiza cy’uburyo ibyo bisasu byakurwamo. Ibitekerezo bitatu bya mbere byiza by’uburyo bw’igisubizo gitekanye kandi kitangiza ibidukikije cyo gukuramo ibyo bisasu, bizasaranganya icyo gihembo…

Read More