daily

Danimarike yafunze Ambasade Zayo muri Mali na Burkina Faso

Danemark yavuze ko irimo gufunga ambasade zayo muri Mali na Burkina Faso, nka zimwe mu ngamba nshya kuri Afurika, mu gihe kudeta za gisirikare “zagabanyije cyane ibikorwa mu karere ka Sahel”. Danemark ivuga ko izafungura ambasade muri Senegali, Tuniziya no mu Rwanda, kandi ko izongera abadipolomate muri z’ambasade zayo mu Misiri, Kenya, Afurika y’Epfo, Nijeriya…

Read More

Sudan : abarenga 60 bapfiriye mu mwuzure watewe n’iturika ry’urugomero rw’amashanyarazi

Abantu benshi bishwe nyuma y’urugomero rwasenyutse mu majyaruguru y’amajyaruguru ya Sudani, byatewe nuko muri iki gihe iki gihugu gihanganye n’imvura nyinshi itera umwuzure uteye ubwoba. Minisiteri y’ubuzima yabanje kuvuga mu itangazo ryagiye ahagaragara ritinze ku cyumweru ko urugomero rwa Arbaat ruherereye mu majyaruguru ya Port Sudani rwasenyutse, rugahitana abantu bane mu mazi y’umwuzure ndetse ko…

Read More

Tariki ya 26 /kanama mu mateka :  Jean-Paul II yatorewe kuba umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika

Uyu ni umunsi mpuzamahanga wahariwe imbwa Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu César, Miriam, Natacha, Simplice na Victor wa mbere. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1748: Hashinzwe urusengero rwa mbere muri Amerika y’Amajyaruguru rugendera ku mahame n’inyigisho za Luther, uru rusengero rwashinzwe muri Leta ya Pennsylvania muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruhabwa inyito…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: De Gaulle yatorewe kuyobora Ferwafa ahigitse bane bari bahanganye

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo De Gaulle yatorewe kuyobora Ferwafa ahigitse bane bari bahanganye Yari umukandida udahabwa amahirwe mu itangazamakuru, ntabwo yavuzwe cyane. Izina De Gaulle ntiryari rishyashya muri ruhago nyarwanda nyuma yo kuba umunyamabanga wa APR FC ariko kuba yari butsindire kuyobora urwego rukuru rwa ruhago, benshi babihaga amahirwe make….

Read More

Tariki ya 25 /kanama mu mateka: Paul Kagame yatorewe manda ye ya mbere muri 2003

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1580: Mu gitero cyiswe Alcântara ingabo za Espagne zakubiswe inshuro n’iza Portugal. 1609: Umuhanga n’umuvumbuzi wo mu Butaliyani witwa Galileo Galilei yerekanye imikorere ya telescope ye imbere y’abanyamategeko bo mu gace ka Venice. 1814: Umujyi wa Washington, DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika watwitswe bikomeye n’ingabo z’Abongereza…

Read More

Sandrine Isheja yashimiye perezida Kagame nyuma yo kumugira Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBA

Isheja Sandrine Butera yashimiye byimazeyo Perezida kagame Paul nyuma yo guhubwa inshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, aho azaba yungirije Barore Cleophas. Abicishije ku urukuta rwe rwa X rwahoze ari Tweeter yashimiye Perezida wa Repubulika Paul Kagame k’ubwi icyizere yamugiriye akamuha inshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA…

Read More

Rwanda Premier League : Gasogi yatsinze Marines ;ihita inayobora urutonde rwa shampiyona by’agateganyo!

Ikipe ya Gasogi united imaze gutsinda Ikipe ya Marines igitego kimwe ku busa mu mukino wayo wa kabiri wa shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda wabereye kuri sitade ya Kigali pele stadium . Uyu wari umukino wayobowe na Ishimwe Didier nk’umusifuzi wo hagati mu kibuga afatanya na Habumugisha Emmanuel naho Ahad Gad ari umusifuzi…

Read More

Uyu munsi mu mateka ; Napoléon yavuye mu Misiri yerekeza mu Bufaransa agiye kwambikwa ikamba ry’ubwami

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1708: Meidingnu Pamheiba yambitswe ikamba ryo kuyobora ubwami bwa Manipur. 1799: Napoléon yavuye mu Misiri yerekeza mu Bufaransa agiye kwambikwa ikamba ry’ubwami. 1966: Icyogajuru Lunar Orbiter 1 cyafashe ifoto ya mbere igaragaza umubumbe w’isi, hagendewe ku murongo ugenderwamo n’ukwezi (orbit around the Moon). 1970: Muri Leta Zunze Ubumwe…

Read More

Polisi yasabye abamotari kwiyobora mu kubahiriza amabwiriza agenga umuhanda

Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abatwara abagenzi kuri moto ko abateshuka mu kubahiriza amabwiriza agenga umuhanda nk’uko babisabwa muri gahunda ya Gerayo Amahoro, batazihanganirwa. Bikubiye mu butumwa bagejejweho mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama, n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Kayigi, agaruka…

Read More