Rulindo : umukwe yabuze ku munsi w’ubukwe abantu barakangarana

Mu Karere ka Rulindo,mu Murenge wa Kisaro haravugwa amakuru y’umusore wagombaga gusaba no gukwa umukobwa  wategerejwe n’umuryango w’umukobwa, baraheba, birangira ubukwe butabaye. Manirakiza Zacharie uvugwa ko ari we wagombaga gushaka n’uyu mukobwa, we yarahiye akirenga, akavuga ko atazi n’uwo mukobwa, ndetse ko ngo asanzwe anafite umugore. Ni mu gihe abazi ibyabo, bemeza ko bari basanzwe baziranye…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Ibitero bikomeye by’Uburusiya byibasiye bikomeye Ukraine

Igihugu cy’Uburusiya cyongeye cyibasiye Ukraine mu yindi nkubiri y’ibitero byiciwemo abantu, umunsi umwe nyuma yuko buyigabyeho kimwe mu bitero binini cyane byo mu kirere bibayeho muri iyi ntambara. Mbere, abagenzuzi b’ikirere ba Ukraine batahuye indege z’Uburusiya zigaba ibitero bya misile zihuta cyane kurusha umuvuduko w’ijwi zizwi nka ‘hypersonic missiles’, ndetse igisikare cya Ukraine kirwanira mu…

Read More

Leta y’u Rwanda yagejeje ku nteko nshingamategeko ibiteganyijwe mu myaka itanu iri imbere

Leta y’u Rwanda yatangarije abaturage bayo bahagarariwe n’abagize inteko nshingamategeko imitwe yombi ibiteganyijwe kugerwaho muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere NST2 (2024-2029) ibi bikaba byatangajwe na Minisitri w’intebe Dr.Edouard Ngirente. Ni kuri uyu wa mbere,mu nzu y’inteko Nshingamategeko intumwa za Rubanda mu izina ry’abaturage zagejejweho iyi gahunda igamije kwihutisha iterambere ishingiye ku guha amahirwe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Peresida wa Rayon Sports ibyo yijeje abafana yatangiye kubishyira mu ngiro, Police FC iri muri Uganda ikomeje gutanga ubutumwa!

Ikipe ya Police FC yahano mu Rwanda mu rwego rwo  kwitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025  byumwihariko imikino Nya-Africa ya CAF Confederations Cup yakinnye umukino wa gicuti n’ikipe ya MAROONS yo mu gihugu cya Uganda banyabitse ibitego bitatu kuri kimwe (3-1) akaba ari n’umukino wakabiri bakinnye kuva bagera muri iki gihugu aho uwambere banganyije n’ikipe…

Read More

Kayonza : Urugomo rukomeje gufata indi ntera !

Abaturage bo mu Karere ka Kayonza barataka ikibazo cy’urugomo gikomeje kugaragara mu masaha y’ijoro byumwihariko bivugwa ko bikorwa n’abo bakeka ko ari amabandi . Abatuye mu Murenge wa Mwili mu Karere ka Kayonza bavuga ko bakunze guhura n’iki kibazo cy’amabandi byumwihariko igihe baba bari kwerekeza mu bice by’inzuri no mu mirima iri mu gishanga cya…

Read More

OMS irahururiza isi yose mu guhagurukira kurwanya indwara y’ubushita bw’inkende

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika ari ikibazo cy’ubuzima rusange cyihutirwa gihangayikishije isi. Umukuru wa OMS Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko kuba ishobora kurushaho gukwirakwira muri Afurika no hanze y’Afurika “birahangayikishije cyane”. Yagize ati: “Igisubizo mpuzamahanga gihuriweho ni ingenzi cyane mu…

Read More

Bidateye kabiri, indirimbo best Friend ya Bwiza na The Ben yasibwe kuri YouTube

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 28 Ugushyingo 2024, indirimbo “Best friend” y’umuhanzikazi Bwiza yakoranye na The Ben, yasibwe ku rubuga rwa YouTube nyuma yo kuregwa copyright n’uwitwa NIYONKURU Albert Albito . Nyuma y’igihe kitari gito umuhanzikazi Bwiza, ashyize hanze indirimbo “Best friend” yahuriyemo na The Ben, kuri ubu amakuru avuga ko yamaze…

Read More

Full Report: Arsenal yabonye amanota atatu nyuma y’imikino ibiri itabona intsinzi muri Premier League

Ikipe ya Arsenal yasubiriye ikipe ya Crystal Palace F.C iyitsinda ibitego bitanu kuri kimwe (5-1) ku munsi wa 17 wa shampiyona y’igihugu y’Abongereza, ukaba umukino wabereye i Selhurst Park ku kibuga cya Crystal Palace F.C . Aya makipe nta minsi yari iciyemo bahuye ariko muri  Carabao Cup aho n’ubundi ikipe ya Arsenal yasezereye iya Crystal…

Read More

USA : Urubuga rwa TikTok rwamaze guhagarikwa

Kuri iki cyumweru tariki ya 19 / Mutarama / 2025 , urubuga rwa Tik Tok ntago rurigukoreshwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mbere y’amasaha make ngo itegeko rihagarika burundu uru rubuga muri iki gihugu ritangire gushyirwa mu bikorwa . ubutumwa buri kuza muri telephone cyangwa mudasobwa y’ufunguye uru rubuga bugira buti ” itegeko rihagarika burundu…

Read More

Drone z’Uburusiya zinjiye mu kirere cy’abanyamuryango ba NATO barimo Lativiya na Rumaniya

Lativiya na Rumaniya, nk’abanyamuryango ba NATO bafatanije na Ukraine, bavuze ko indege zitagira abapilote z’Uburusiya zarenze ikirere cyazo. Rumaniya yavuze ko indege itagira abadereva y’Uburusiya yinjiye mu kirere cyayo mu bitero nijoro byambutse uruzi rwa Danube mu gihugu cy’abaturanyi cya Ukraine mu rukerera rwo ku cyumweru, mu gihe Lativiya yavuze ko imwe muri izo drone…

Read More