U Rwanda rwabonye umukino wa gicuti n’ikipe imaze kwegukana igikombe cya Afurika inshuro ebyiri

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru “Amavubi” izakina umukino wa gicutsi n’iya Algeria ku itariki 05 Kamena 2025, nk’uko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri icyo gihugu ryabitangaje ribinyujije ku mbugankoranyambaga zaryo. U Rwanda ruheruka mu kibuga mu mikino ibiri yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na…

Read More

Kenya : Hashyizweho icyunamo kubera urupfu rw’abanyeshuri 17 bishwe n’inkongi

Guverinoma ya Kenya yashyizeho iminsi itatu y’icyunamo kubera urupfu rw’abanyeshuri 17 baheruka guhitanwa n’inkongi y’umuriro yafashe ishuri rya Hillside Endarasha Primary School. Kuri ubu Polisi muri Kenya ikomeje iperereza ku cyateje inkongi y’umuriro yibasiye icumbi ry’abana b’abanyeshuli biga bacumbikirwa mu kigo cy’ishuri ry’ibanze rya Hillside Endarasha riri mu mujyi wa Nyeri muri Kenya. Iyo mpanuka…

Read More

U Rwanda rwahakanye ko nta ngabo zarwo ziri I Maputo ni mu gihe Abanyarwanda bahatuye bari guhohoterwa

Leta y’u Rwanda yanyomoje ku mugaragaro ibihuha bivuga ko hari ingabo zarwo zaba ziri I Maputo mu murwa mukuru wa Mozambique muri iki gihe hakomeje kurangwa umwuka mubi. Kuva muri 2021 inzego zishinzwe umutekano mu Rwanda harimo ingabo na polisi ziri muri Mozambique mu bikorwa byo kurandura burundu ibyihebe mu ntara ya Cabo Delgado iherereye…

Read More

Kigali : Abayisilamu basoje igisibo bari bamazemo ukwezi kose

Kuri iki cyumweru taliki 30 Werurwe idini ya isilamu ryasoje igisibo cya Ramadani ryari rimazemo ukwezi kose ,bizihiza umunsi mukuru wa EIDIL FITRI. Ni isengesho ryayobowe n’Umuyobozi mukuru w’Idini ya Isilamu mu Rwanda Sheikh Sindayigaya Musa, rikaba ryabereye kuri sitade ya Kigali Pele stadium ku rwego rw’Igihugu. Igisibo cya Ramadani ni igihe abayisilamu kumpazisi zose…

Read More

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho Ihuriro rya Fleuve Allaince du Congo (AFC / M23) ryagaragaje ko rihangayikishijwe cyane n’ihohoterwa  rikomeje gukorwerwa nkana abanyamulenge rigakorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa , ingabo z’u Burundi n’indi mitwe bafatanije nka Wazalendo muri iki gihe cy’agahenge kemeranijweho n’impande zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi…

Read More

Dore ingengabihe ya shampiyona y’ikipe ya Apr fc n’amatariki izacakiranira na mukeba wayo

Ikipe y’ingabo z’igihugu imaze gushyira hanze urutonde rw’imikino yose izakina ,amatariki ndetse n’ibibuga izakinirwaho ;umukino uba utegerejwe n’abatari bake uhuza iyi ikipe na ekipe ya Rayon sports uteganijwe mu minsi itatu ibanza ya shampiyona . Mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka ndetse no gutegura umwaka w’imikino utaha ikipe ya Apr fc imaze gushyira hanze imbonerahamwe igaragaza…

Read More

Ibihugu birimo Amerika birasaba abaturage babyo kuva muri Libani mu gihe bafite ubwoba bw’intambara yagutse mu burasirazuba bwo hagati

Ambasade y’Amerika iherereye mu murwa Beirut wa Liban yaburiye Abanyamerika kuva muri Liban mu maguru mashya, mu gihe ubushyamirane burimo kwiyongera cyane mu karere k’uburasirazuba bwo hagati. ubwoba bwo bukomeje kwiyongera nyuma y’uko umutwe wa Hezbollah wo muri Liban, ufashwa na Iran, ushobora kugira uruhare rukomeye mu bikorwa byo kwihorera k’urupfu rw’umukuru wa Hamas Ismail…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Iraq yigaruriye Kuwait ndetse iyiyomekaho naho Artur da Silva Bernardes abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1605: Hashinzwe Umujyi wa Oulu, uherereye muri Finland, ushinzwe n’uwitwa Charles IX of Sweden. 1908: Wilbur Wright, Umuvandimwe wa Orville yakoze urugendo rwe rwa mbere mu ndege, yagurukiye ahitwa Le Mans mu Bufaransa, uru ni rwo rugendo rwakozwe ku mugaragaro n’abavandimwe babiri bazwi cyane nka Wright brothers. •1846: Habaye inama…

Read More

Bruno Fernandes yagize icyo atangaza ku bakomeje kwinubira imikinire ya Ruben Amorim

Kapiteni w’ikipe ya Manchester United, Bruno Fernandes,yavuze ko hari igihe bigorana kumva imikinire y’umutoza Ruben Amorim. Ku bitego 3-2, byatsinzwe ikipe ya Ipswich Town, ku wa Gatatu, ndetse byahise bihesha umutoza Ruben Amorim, intsinzi ya 11, kuva aje gutoza ikipe ya Manchester United. Gusa nubwo iyi ntsinzi yabonetse nta kizere gihambaye cyazamutse mu rwambariro rw’iyi…

Read More

Abraham Lincoln yatorewe indi manda, urupfu rwa George Floyd na Muhammad ibn ā€˜Abdullāh….uyu munsi mu mateka taliki ya 8/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 160 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1783: Nibwo ikirunga cya Laki cyo mu gihugu cya Islande cyatangiye kuruka bikaza kurangira gihitanye abantu 9000 mu mezi 8. Mu 1864, Abraham Lincoln yatorewe indi manda yo…

Read More