RIB yerekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo n’izikosha akayabo

 kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024 RIB yerekanye abantu batandatu bakurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi bishingiye ku bujura bw’imodoka bakoreshaga amayeri atandukanye, aho enye zafashwe zasubijwe ba nyirazo. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwatangaje ko aba bantu bibaga izi modoka bakoresheje amayeri atandukanye, ubundi bakazigurisha abandi bantu bakoresheje ibyangombwa by’ibihimbano. Aba bantu…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa gatandatu wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa gatandatu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza kuba turage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngororero na Muhanga.Philipe…

Read More

Dore icyo Perezida Kagame atangaza kuri politiki ya Donald Trump

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahaye igisubizo icyifuzo cya Donald Trump wakunze kumvikana yemeza ko yifuza guhagarikira imfashanyo igihugu ayoboye kigenera ibihugu by’amahanga birimo n’ u Rwanda . Ubwo yari abibajijweho n’umunyamakuru rurangiranwa ukorera televiziyo ya CNN witwa Larry Madowo , Perezida Kagame yagize ati : “Perezida Trump afite uburyo budasanzwe akoramo bwo gukoramo ibintu…

Read More

Leta ya Iran igiye gushyiraho ingamba zikarishye ku mikoreshereze ya interineti muri iki gihugu

Umuyobozi w’ikirenga wa Irani, Ayatollah Ali Khamenei, kuri uyu wa kabiri yasabye guverinema nshya y’icyo gihugu kiyobowe mu buryo bwa kiyisilamu, gushyiraho ingamba zihamye zo kugabanya imikoreshereze ya interineti. Avugana na guverinema shya yashyizweho na perezida Masoud Pezeshkian, Ayatollah Ali Khamenei yavuze ko hagomba kuba uburyo bwo kubahiriza amategeko n’ahatagaragarira amaso nko kuri interineti. Yasabye…

Read More

Igihugu cya Zambia cyafunze imipaka yose yo ku ubutaka yagihuzaga na DRC

Leta ya Zambiya yatangaje ko Imipaka yose ihuza igihugu cya Zambiya na DRC ifunze ndetse nta n’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga n’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga byongera kwambukirizwaho . Kuva ku ya 11 Kanama, imipaka myinshi yambukiranya imipaka hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) Intara ya Haut-Katanga n’intara ya Zambiya mu majyaruguru y’uburengerazuba na Copperbelt…

Read More

Indwara ya Marbug : Inkingo z’indwara ya Marburg zamaze gusesekara mu Rwanda

Inkingo z’indwara ya Marburg zamaze kugera mu Rwanda ku bufatanye na Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse Binitezwe ko izi nkingo zizagira uruhare mu gufasha u Rwanda guhangana n’iyi ndwara. Izi nkingo bivugwa zatanzwe n’Ikigo mpuzamahanga cy’inkingo cya Sabin ndetse nacyo biciye mu bunyamabanga bwacyo ku munsi wejo cyashimangiye ko cyatanze dose z’inkingo…

Read More

Perezida Kagame yizihije isabukuru yimyaka 80 ya Tito Rutaremara

Ku wa gatandatu, tariki ya 23 Ugushyingo, Perezida Paul Kagame na Madamu wa Perezida Jeannette Kagame, bitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru yimyaka 80 ya Tito Rutaremara, bifatanya n’umuryango w’uyu munyapolitiki w’inararibonye ndetse n’inshuti ye. Tito Rutaremera ni muntu muri Politiki y’u Rwanda Rutaremara, uzwi cyane ku izina rya Mzee Tito, amaze imyaka isaga mirongo itatu…

Read More

Congo-Brazzaville : abagera kuri 21 barwaye Indwara y’Ubushita Bw’Inkende

Ministeri y’ubuzima muri Congo-Brazzaville yatangaje kuri iki cyumweru ko muri icyo gihugu hagaragaye abantu 21 barwaye indwara y’ubushita bw’inkende. Abandura iyi ndwara bakomeje kwiyongera mu bihugu byo mu burasirazuba no hagati by’Afrika. Hari kandi abantu bamaze kugaragaraho iyo ndwara mu bihugu bimwe by’Uburayi n’Aziya. Ubutegetsi muri Congo-Brazzaville buvuga ko iyo ndwara imaze kuboneka mu ntara…

Read More

Ikiganiro n’itangazamakuru: Imbamutima za Israel mbonyi nyuma yo kuzuza BK Arena

Nyuma y’igitaramo, mu kiganiro n’itangazamakuru Israel mbonyi yatanze ibisobanuro bitandukanye ku gitaramo yakoze n’ubuzima bwe muri rusange. Bimwe mu bibazo uyu muhanzi yabajijwe harimo n’ikijyanye n’imyambarire y’abo bakorana yaba abacuranzi ndetse n’abamwe mu baririmbyi be, aho aba bombi bari baje bambaye imyambaro yenda gusa nk’iyi dini ya Islam, avuga ko we imyambarire ntakibazo ayibonamo kuko…

Read More