Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Wizkid yagize icyo atangaza ku mukino wa Nigeria na Amavubi

Umuhanzi Ayodeji Ibrahim Balogun uzwi nka “Wizkid’ yateye ingabo mu bitugu ikipe y’igihugu ya Nigeria ifitanye umukino n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ kuri sitade Amahoro abinyujije mu kwishimira imyiteguro yabo no kugaragaza ko ayishimiye. Abinyujije ku rukuta rwe rwa X uyu muhanzi w’Umunya-Nigeria akaba n’ikirangirire mu njyana ya Afrobeat yerekanye ko azirikana uko ikipe y’igihugu…

Read More

Umukino wa Rayon na APR ndetse na shampiyona byose bitewe ishoti hitegurwa Djibouti iri ku mwanya w’i 192 ku rutonde rwa FIFA!

Umukino washoboraga guhuza ikipe ya Rayon Sports ndetse n’ikipe y’Igingabo z’’igihugu “APR FC “ tariki ya 19 Ukwakira 2024 wakuweho ndetse n’imikino y’ashampiyona y’umunsi wa gatanda, uwa karindwi ndetse n’uwa munani bidasubirwaho izasubikwa. Hari hamaze iminsi hategerejwe tomora  y’imikino ya CHAN 2024 izakinwa muri 2025 kugirango hamenyekane n’iba umukino w’ikirarane wari guhuza ikipe ya Rayon…

Read More

Gasabo : Umusore yemeye ko yasambanije umwana w’umukobwa ndetse anamutera inda

Umusore w’imyaka 22 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya mu bihe bitandukanye umwana w’umukobwa w’imyaka 16 akamutera inda yemeye icyaha ndetse anagisabira imbabazi . urukiko rwisumbuye rwa Gasabo nirwo rwaburanishije uru rubanza ruregwamo uyu musore wasambanije uyu mwana w’imyaka 16 y’amavuko bikarangira amuteye inda ndetse magingo aya akaba anatwite . Uyu musore yari atuye mu murenge wa…

Read More

‘Kimwe cya kabiri cy’umujyi kiri munsi y’amazi’: abarenga Miliyoni imwe bibasiwe n’umwuzure mu majyaruguru ya Nijeriya

Umwuzure ukabije wibasiye uturere twose dutuye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nijeriya, wimura abantu ibihumbi , kandi utuma inyamaswa guhungira mu muhanda. Abayobozi bavuga ko byibuze abantu 30 bahitanywe n’uyu umwuzure. Icyakora, umubare w’abahitanwa nawo ushobora kwiyongera mu gihe abayobozi bakomeje kwihatira gutabara abandi ibihumbi n’ibihumbi batinya kuva mu ngo zabo. uyu mwuzure wibasiye Leta ya…

Read More

Ingabo z’u Burundi zongeye gukozanyaho n’umutwe wa FDLR mu Kibira

Ingabo z’igihugu cy’u Burundi zakozanyijeho n’inyeshyamba z’umutwe wa FDLR zari zifatanijemo n’abarwanyi b’umutwe w’imbonerakure , ibi bikaba byabereye mu gace ka Kibira muri komini ya Bukinanyana mu majyaruguru y’Uburengerazuba bw’u Burundi . Nkuko amakuru agera kuri Daily Box abitangaza ngo iyi mirwano yatangiye hagati tariki ya 11 gusa hacamo agahenge nanone yongera kubura umurego guhera…

Read More