Patrick Muyaya yatangaje ingingo ziri kuganirwaho i Luanda hagati y’u Rwanda na DR.Congo
Patrick Muyaya usanzwe ari minisitiri w’itumanaho wa DR Congo yatangaje ingingo ebyiri igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda muri Angola bigamije gushaka amahoro mu burasiraziba bwa DR Congo. Ku wa mbere nijoro, mu kiganiro n’ikinyamakuru France 24, Patrick Muyaya yavuze ko mu biganiro bya Luanda “byongeye gutangira”, “habayeho inama z’abaminisitiri, [kandi]…