Patrick Muyaya yatangaje ingingo ziri kuganirwaho i Luanda hagati y’u Rwanda na DR.Congo

Patrick Muyaya usanzwe ari minisitiri w’itumanaho wa DR Congo yatangaje ingingo ebyiri igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda muri Angola bigamije gushaka amahoro mu burasiraziba bwa DR Congo. Ku wa mbere nijoro, mu kiganiro n’ikinyamakuru France 24, Patrick Muyaya yavuze ko mu biganiro bya Luanda “byongeye gutangira”, “habayeho inama z’abaminisitiri, [kandi]…

Read More

Inkomoko y’uducurama twateye Marbug mu Rwanda yamenyekanye

Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yagaragaje ko ubushakashatsi bwakozwe nyuma yo kubona umurwayi wambere wa Marburg mu Rwanda bwagaragaje ko iyi ndwara yaturutse ku ducurama twitwa Egyptian rousette bats tukaba twaragaragaye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cyiri hafi y’umujyi wa Kigali. Umurwayi wa mbere wa Marbug yagaragaye mu Rwanda ku wa 27 Nzeri…

Read More

RIB yamaze gutunganya dosiye ikubiyemo ibirego bishinjwa Pasiteri Ntambara n’umugore we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwavuze ko rwamaze gutunganya dosiye ikubiyemo ibirego kiregwamo Pasiteri Ntambara Felix wahoze afite inshingano mu Itorero rya Zion Temple, ndetse ikaba yaramaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Uyu mukozi w’Imana watawe muri yombi aregwa hamwe n’umugore we ariko we ukurikiranywe adafunzwe, bishingiye ku kuba baragiye muri Hoteli imwe yo mu Mujyi wa Kigali, bakamarayo…

Read More

Paper Talk [Europe] : Arsenal, Real Madrid na  Atletico Madrid  zihanganiye umukinnyi umwe,Mikel Merino agiye kwinjira muri Arsenal!

West Ham  United   irasha gukora taransiferi ebyeri icyarimwe harimo  iya Niclas Fullkrug, 31,  ukinira Borussia Dortmund  ndetse nundi wa Leeds United  Umuhorandi  Crysencio Summerville, 22. (Sky Sports) Amakipe atandukanye arimo  Arsenal, Real Madrid ndetse na  Atletico Madrid zose zirifuza gutwara Adrien Rabiot  Umufaransa w’imyaka 29 ukina hagati mu kibuga  dore ko  yasoje amasezerano ye muri Juventus mu gihugu…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United umugambi  wo kugurisha Scott McTominay urakomeje,Liverpool yahize kugura umukinnyi wo hagati mu kibuga

Brighton yamaze kumvikana n’ikipe ya  Borussia Dortmund  asaga £5.9m  bizatuma Umudage  ukina hagati mu kibuga Pascal Gross, 33, yerekeza muri iy’ikipe yo mu gihugu cy’Ubudage ya  Borussia Dortmund. (Guardian) Chelsea ikomeje ibiganiro  n’ikipe ya Napoli kuri  Romelu Lukaku  w’imyaka 31 ugomba no kugenda muri gahunda ya Victor Osimhen w’imyaka 25  we akerekeza mu ikipe ya Chelsea  mu…

Read More

Uvira : FARDC na Wazalendo bisubiranyemo 7 bahasiga ubuzima

Abarwanyi barenga barindwi basize ubuzima mu mirwano yashyamiranishije ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’umutwe w’abarwanyi ba Wazalendo ubwo barwaniraga kwigarurira ibirindiro byari byahoze ari ibya MONUSCO biherereye mu mujyi wa Sange muri teretwari ya Uvira . Aba bafatanyabikorwa mu bya gisirikare mu busanzwe bahuje umugambi wo gutsinsura umutwe w’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba…

Read More

Musanze : Uwigeze kuba musenyeri yagejejwe imbere y’urukiko

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025 ,uwohoze ari umwepisikopi wa diyosezi y’Abangilikani ya Shyira yagejejwe imbere y’urukiko kugirango atangire kuburanishwa ku byaha akurikiranyweho birimo ubujura bw’amaturo . Uyu mwepisikopi yitwa Mugisha Samuel yatawe muri yombi muri Mutarama ndetse yari afunzwe mu gihe yari ategereje ko hakorwa dosiye ye ku byaha aregwe birimo…

Read More

Rafael Nadal yandagaje Dominic Thiem,Los Angeles Lakers yisasira Boston Celtics inayitwara NBA , FC SC Enschede…. uyu munsi taliki ya 9/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1910 ,Imyaka 114 irashize kugera uyumunsi, ikipe ya Fc SC Enschede ishinzwe. Iyi kipe yo mu Buholandi yegukanye igikombe cya shampiyona kimwe rukumbi . 1990 Cashpoint-Arena…

Read More

Byamenyekanye niba Lamine Yamal ari bukine umukino wa Barcelona muri Champions League

Mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions League 2024-2025 ikipe ya FC Barcelona iraza kwakira ikipe ya Brest yo mu gihugu cy’Ubufaransa idafite kizigenza wa yo Lamine Yamal nk’uko byamaze kwemezwa. Nyuma yo gusiba imikino ibiri iheruka ya Shampiyona y’igihugu ya Esipanye “La Liga” yose Barcelona itabonyeho amanota atatu imbumbe aho batsinzwe na Real…

Read More

Ubusesenguzi ku gusohorwa kw’igitaraganya kwa Moussa Faki mu nama ya EAC -SADC

Ku munsi wejo i Dar es Salam mu nama idasanzwe yari ihuriwemo n’ibihugu binyamuryango bya EAC na SADC yigaga ku bibazo by’umutekano muke byarimo bigaragara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo hagiye habamo icyimeze nk’amarorerwa ndetse n’udushya twatangaje benshi bakurikiraga iyi nama Uyu munsi itsinda ry’ubwanditsi mu gisata cya politiki mu kinyamakuru Daily…

Read More