Bangladesh : Leta yafashe ingamba zo kuvana uwahoze ari Minisitiri w’intebe Hasina wahungiye mu Buhinde ngo aryozwe amabi ye

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Bangladesh (ICT) rwatangaje ko rwatangiye ingamba zo gushaka uburyo buboneye kugirango Sheikh Hasina wahoze ari minisitiri w’intebe w’iki gihugu wahungiye mu ubuhinde abashe kugezwa imbere y’ubutabera kugirango akurikiranweho ibyaha ashinjwa . Ku cyumweru, umushinjacyaha mukuru w’uru rwego yavuze ko inzira y’amategeko zigamije kugarura Hasina muri Bangaladeshi zatangiye gukorwa, kugira ngo akurikiranweho…

Read More

Dore impamvu ugomba gukorana na GLES mu gihe ushaka kujya kwiga hanze y’u Rwanda

Global Linked Education Services [GLES ] ni kompanyi yihariye igufasha kubona amahirwe yo kwiga mu bihugu bitandukanye, aho bakugezaho  gahunda zo kwiga muri kaminuza na za koleji zitandukanye ku isi yose. GLES ni abafatanyabikorwa ba kaminuza zikomeye mu bihugu nka Amerika, Canada, U Bwongereza, Australia, na New Zealand. Iyi kampani rutura yiyemeje gufasha abanyeshuri kubona…

Read More

Inter Miami yavuze aho ibiganiro na Lionnel Messi bigeze ku kongera amasezerano

Ikipe ya Inter Miami ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Lata Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko igiye kongerera amasezerano kizigenza Lionnel Messi mu gihe amasezerano ye ari kugana ku musozo. Lionnel Messi kuri ubu afite amasezerano azamugeza ku mpera za 2025, byatuma yaba afite uburenganzira bwo kuvugana n’andi makipe yamwifuza cyane ko hari amakuru…

Read More

Barcelona yatangiye kwikiranura n’imyenda irimo n’iya Lionel Messi

Ikipe ya Barcelona igiye kwishyura amafaranga angana na miliyoni £5.95 yasigayemo Lionnel Messi ubwo yayisohokagamo mu mwaka wa 2021 akerekeza mu ikipe ya Paris Saint Germain mu Bufaransa. Mu bihe by’icyorezo cya Covid-19, Barcelona yahuye n’ibibazo by’ubukungu byatumye yegera abakinnyi bayo ngo bemere kuzishyurwa mu gihe cyizaza abenshi barabyemeye ukuyemo Frenkie de Jong na Marc-André…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY: Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe n’Isonga ibitego 3-1, Alexia Putellas ukinira Barcelona yaravutse

Tariki ya 4 Gashyantare ni umunsi wa 35 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 330 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 1931: Hafunguwe  ku mugaragaro  imikino ya Olympic Games yabereye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika mu gace ka Lake Placid,  muri leta  ya New York….

Read More

Ese bivuze iki kuba Amerika yaburiye abaturage bayo batuye mu Rwanda?

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika , cyaburiye abaturage bacyo batuye mu Rwanda kibabwira n’uburyo bagomba kwitwara mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka mu bihugu bituranyi n’u Rwanda ni ukuvuga RD Congo n’u Burundi. Iki gihugu mu minsi ishize nibwo nanone cyaburiye abaturage bacyo bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubera umutekano mucye muri…

Read More

EURO 2024 : Anthony Gordon yagarukanye ibikomere mu myitozo

Kuri uyu wa kane, Anthony Gordon yagaragaye mu myitozo ya ekipe y’igihugu y’ubwongereza abifite igikomere ku kanananwa no kubiganza nyuma y’uko uyu mukinnyi wa Newcastle yaguye ari ku igare rye ku wa gatatu mu kigo ikipe y’Ubwongereza icumbitsemo . Uko Bigaragara Anthony Gordon w’imyaka 23 ukinira Newcastle yarakomeretse bikomeye cyane nyuma yuko we n’abandi bakinnyi…

Read More