Paper Talk[Rwanda&Africa]: Darko Nović  umutoza wa APR FC icyo avuga kukujya  mu matsinda , Azam iriguca umukinnyi  $200,000  kugirango imurekure!

Umunya Zimbwabwe  Prince Mpumelelo Dube ukinira ikipe ya Azam  yo mu gihugu cya Tanzania ashobora gutandukana  n’ayo  gusa arasabwa  kubanza kwishyura by’ibuze agera USD $200,000 kugirango  Azam imurekure ya muhaye ajya gusinya amasezerano.(#Micky Jr) Mu ijoro ryo kuwa Gatanu, ikipe ya Mukura VS yakiriye myugariro wo hagati Umunya-Ghana Abdul Jalilu wakiniraga ikipe ya Dreams FC…

Read More

Gasabo : Umukobwa arashinjwa kubyara agata uruhinja mu musarane

Mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 17 wataye umwana we yari amaze kubyara mu musarani ndetse akaba yarabifashijwemo n’umusore w’imyaka 33 wari waramuteye inda . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwakiriye ikirego cy’umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 ukirikanyweho icyaha cyo kwiyicira umwana yabyaye amunigishije igitambaro hanyuma akamuta mu bwiherero…

Read More

Umunyamakuru Kazungu Claver yasezeye kuri RadioTv10 nyuma y’imyaka ine n’igice ahakora !

Umunyamakuru w’imikino Kazungu Claver uri mu bakunzwe hano mu Rwanda yasezeye ku kinyamakuru cya Radio Tv10 yakoreragaho ikiganiro cya Siporo kizwi nk’urukiko rw’imikino ‘ndetse anavuga ko asezeye ku bw’impamvu ze bwite . Mu butumwa yacishije yacishije ku rukuta rwe rwa X Kazungu Claver yongeye gushimira abantu bose bakoranye uyu mwuga ,abamukurikira umunsi ku munsi yaba…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Umwami Mutara III Rudahigwa yaratanze naho umwami James wa mbere abona izuba

uyu munsi tariki 25 Nyakanga ni umunsi wa 207 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 159 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Yiswe umusore udasanzwe, yiswe umusore w’icyusa (Cyusa), abyinirirwa Nkubito y’Imanzi, bamutazira Rukabu, abatizwa Lewo Karoli Petero , izina ry’ubugabe yitwa Mutara, naho irya Kavukire rikaba Rudahigwa. Ni umwami w’u Rwanda waranzwe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Barcelona yatangaje ko Lionel Messi azasohoka muri iyi ikipe naho Salomon Kalou abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1986 Ingrid Kristiansen wo muri Noruveje yashyizeho amateka mu mukino wo kwiruka muri metero 5000 ku isi i Stockholm, muri Suwede . 1995 Amarushanwa yabaga ku nshuro ya gatanu yimikino ngororamubiri yafunguwe i Gothenburg, muri Suwede . 2005 NBA yatangaje ko umujyi wa Las…

Read More

Dore abakinnyi icumi bari guhabwa amahirwe yo kwegukana Ball d’or

Nyuma y’isozwa ry’amarushanwa akomeye y’iburayi yaba igikombe cy’uburayi n’amashampiyona atandukanye ,ubu hari kwibazwa ugomba kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi cyizwi nka Ballon d’or. Euro 2024 na Copa America zombi byaje kurangira ku cyumweru nijoro nyuma yukwezi kose kwimikino, ibihangange bitandukanye ku mugabane w’iburayi biri gutekereza uko byakitegura umwaka utaha w’imikino mushya. Ku cyumweru, Espagne…

Read More