Volkswagen yarashinzwe n\’abagerekikazi batangira gutora ,Uyu munsi mu mateka taliki ya 28 /Gicurasi

ibihe byi ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yisi. uyu munsi ni kuwa kabiri akaba ari umunsi wa 148 mu minsi 366 ubu hakaba hasigaye iminsi 218 dushingiye kuri calendari ya gregori. 585 bc:Habaye ubwirakabiri nyuma yuko byari biteganijwe n\’umucurabwenge akaba n\’umushakashatsi w\’umugereki. 1918: ibihugu bya aziberjan na Armenia byabonye uubwigenge 1934 ;I ontario muri…

Read More

Kivumbi amaze gushumika BK arena

Ni umukino uri guhuza Petro de Luanda yo muri Angola na AS Douanes yo muri Sénégal, aho itsinda ihita ibona tike yo kuzakina imikino ya 1/2 . Kivumbi uri mu bagezweho muri iki gihe yaririmbye indirimbo ze zirimo \’Wait, Yarampaye n\’izindi zafashije abakunzi ba Basketball kwizihirwa. Uyu muhanzi ufite amamuko mu Rwanda ukora injyana ya…

Read More

Riderman na Bulldog bagiye gushyira hanze E.P nshya

umuhanzi Gatsinzi Emery wamenyekenye nka Riderman na Ndayishimiye Bertrand uzwi nka Bulldog bamaze gutangaza izina ,umubare ndetse na abazatunganya umuzingo w \’indirimbo (EP) benda gushyira ahagaragara mu iminsi mike . Ni umuzingo w\’indirimbo eshashatu bahaye izina ry\’icyumba cya amategeko ukaba uzagaragaraho abatunganya umuziki bagiye batandukanye b\’imbere hano mu gihugu harimo uwitwa Knox beat wiganje kuri…

Read More

Inkubiri ya amatora muri Afurika yepfo ;ANC ishobora kubura abayoboke

Abanya -afurika yepfo kuri uyu wagatatu baraza kuzindukira mu matora n\’ubwo bigaragara ko bafite umujinya uvanze n\’uburakari buturuka ku cyiguzi cy\’ ubuzima cyazamutse ku rugero rwo hejuru ,ubushomeri mu rubyiruko na ruswa mu nzego za leta ishinjwa ishyaka ANC ( African Nation Congress) riri kubutegetsi nyuma y\’imyaka irenga 10 nelson Mandela Madiba avuye ku butegetsi…

Read More

Kera kabaye sheikh salim Hitimana abonye umusimbura

Mu buryo bugoranye ,Amatora y’Abagize Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) yabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, yasize Sheikh Sindayigaya Mussa abaye Mufti w\’u Rwanda , asimbuye Sheikh Salim Hitimana wari umaze imyaka umunani kuri izi nshingano. Ni amatora yabanjirijwe ni imvururu no kutumvikana hagati ya abagize uyu muryango ushingiye ku myemerere ya kisilamu…

Read More

Pochetino, Sofiyan Amrabat, Ederson Morayes n\’umusimbura wa eric tenhag

  Saudi Pro-League Al lttihad ikina muri shampiyona ya  Saudi Arabia irifuza Ederson Morayes ;umunya -brazil ufatira ikipe ya manchester city kuri miliyoni 25 z\’ama euros mugihe amasezerano ye azarangira muri 2026, kamena.( #Dailymail). Manchester united iri mu biganiro n\’umutoza wa Brentford Thomas Frank ndetse n\’uwahoze atoza chelsea Maurcio Pochetino kugirango irebe ko yabasimbuza umutoza…

Read More

BaL 2024,umusimbura wa juvenal,inteko rusange ya Ferwafa, muri kenya ,ninde uzasohokera iki igihugu?

Basketball Africa League Al Ahly ifite igikombe giheruka yasezerewe , Uyu mukino wa mbere wa ¼ wabaye ku Cyumweru, tariki 26 Gicurasi 2024 wari umwe mu yitezwe cyane ko wahuzaga ikipe ifite igikombe giheruka n’indi nshya ariko yagaragaje imbaraga zikomeye.(#Igihe) Kiyovu Sports Club Nkurunziza David yatorewe kuba perezida wa Kiyovu Sports mu nama y’Inteko rusange…

Read More

Apr fc yananiwe kuvuga rumwe na zimwe mu nkingi za mwamba zayo.

Nyuma yo gusoza uyu umwaka w\’imikino mu byishimo byo kwegukana igikombe cya shampiyona, iyi ikipe y\’ingabo z\’igihugu yatangiye gutegura umwaka w\’imikino utaha iganiriza bamwe mu bakinnyi bayo bagenda begera ku musozo w\’amasezerano yabo bari basanzwe bafite muri iyi ekipe . Kwikubitiro habanjwe kuganirizwa bamwe mu bageze ku musozo wa amasezerano yabo ariko benda kujya kwitabira…

Read More