Gisagara : Mukeshimana aratakambira abagira neza nyuma yo kugirwa intere na Cancer yo mu kibuno

Mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara  umubyeyi witwa  Mukeshimana Forodonata , arasaba ubufasha nyuma yo kumara imyaka itatu asanzwemo indwara ya Cancer, akaba yarabuze  uko ajya kuyivuza ndetse n’abana be ntibakibasha kubona iby’ingenzi nkenerwa mu buzima. Uyu mubyeyi w’abana batanu wo mu Mugugudu wa Kagarama mu Kagari ka Muyira mu Murenge wa Kibilizi…

Read More

DRC : Uburayi bwatanze impuruza ku bikorwa bibi bya M23 mu duce yafashe

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko utejwe inkeke n’ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko uduce twamaze kwigarurirwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 . Ibi byatangajwe n’Uhagaririye inyungu z’uyu muryango muri iki gihugu aho afite icyicaro gihoraho mu mujyi wa Beni uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku munsi wejo…

Read More

Perezida wa FERWAFA yashyize umucyo kubyerekeye umutoza Torsten Spittler

Munyentwari Alphonse usanzwe ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] yaciye amarenga ko umutoza witwa Torsten Frank Spittler ashobora kongererwa amasezerano  yo gukomeza gutoza amavubi. Nubwo Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubudage naho atandukaniye na bagenzi be bagiye batoza iyi kipe kuva yakubuka mu gikombe cya Afurika muri 2004 mu bijyanye no kubona…

Read More

Murera yashyize hanze imyambaro izakoresha mu mwaka w’imikino utaha

Rayon sports imaze gushyira hanze imyimbaro  izakoresha mu marushanwa atandukanye muri uyu mwaka w’imikino 2024-2025 , ihita inatangaza ikipe igomba gucakirana na ekipe y’abagore ku munsi w’igikundiro. Umwambaro Rayon Sports izajya yambara igihe yakiriye umukino uzaba urimo amabara y’ubururu bwiganje hanyuma umwambaro wa kabiri uzaba wiganjemo ibara ry’umweru unarimo ndetse n’amahembe y’inka z’inyambo zimenyerewe mu…

Read More

Bidateye kabiri, indirimbo best Friend ya Bwiza na The Ben yasibwe kuri YouTube

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 28 Ugushyingo 2024, indirimbo “Best friend” y’umuhanzikazi Bwiza yakoranye na The Ben, yasibwe ku rubuga rwa YouTube nyuma yo kuregwa copyright n’uwitwa NIYONKURU Albert Albito . Nyuma y’igihe kitari gito umuhanzikazi Bwiza, ashyize hanze indirimbo “Best friend” yahuriyemo na The Ben, kuri ubu amakuru avuga ko yamaze…

Read More

Abraham Lincoln yatorewe indi manda, urupfu rwa George Floyd na Muhammad ibn ‘Abdullāh….uyu munsi mu mateka taliki ya 8/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 160 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1783: Nibwo ikirunga cya Laki cyo mu gihugu cya Islande cyatangiye kuruka bikaza kurangira gihitanye abantu 9000 mu mezi 8. Mu 1864, Abraham Lincoln yatorewe indi manda yo…

Read More

Perezida Kagame agiye kwakira indahiro z’abagize Guverinoma nshya

Mu kanya ,Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko hagiye kubera umuhango wo kwakira indahiro z’abagize Guverinoma n’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere, RGB. Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho abagize Guverinoma n’abandi bayobozi, itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rikaba rigaragaza ko abayobozi Umukuru w”igihugu yashyizeho ari Abaminisitiri 21, Abanyamabanga…

Read More

DRC : Indwara Itaramenyekana ikomeje kujyana ubuzima bw’abatari bake

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yatangaje ko mu gace ka Panzi mu Ntara ya Kwango, indwara itaramenyekana kugeza ubu imaze guhitana abantu barenga 70.  Iki cyorezo cyitaramenyekana cyibasiye cyane cyane abana bari munsi y’imyaka itanu, aho bivugwa ko igipimo cyo kwandura kiri ku 40%. Minisitiri w’Ubuzima muri DRC, Samuel Roger Kamba…

Read More