Elizabeth II yarimitswe,Repubulika y\’ubutaliyani yarashinzwe,Pope John Paul II …. byinshi byaranze iyi taliki ya 2/Kamena mu mateka

Tariki 2 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 154 mu igize umwaka, hasigaye 212 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi: 1946: Havutse Repubulika y’u Butaliyani, muri kamarampaka yabaye abaturage b’iki gihugu bahisemo ko igihugu cyabo kiva mu Ngoma ya Cyami kigahinduka repubulika, nyuma y’itorwa ry’iyi mpinduka Umwami Umberto II di Savoia wayoboraga iki…

Read More

Algeria : Abdelmadjid Tebboune yongeye gutorerwa kuba perezida ku majwi angana 94.7 ku ijana

Komisiyo y’amatora yo muri Alijeriya yatangaje ko Perezida uriho muri Alijeriya, Abdelmadjid Tebboune, ufite imyaka 78, yongeye gutorerwa uwo mwanya n’amajwi 94,65%. Ku cyumweru, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amatora (ANIE), Mohamed Charfi, yatangarije abanyamakuru mu murwa mukuru wa Alijeriya ati: “Mu batoye bagera kuri 5,630,000 habaruwe ko abagera kuri 5,320,000 batoye umukandida wigenga witwa Abdelmadjid…

Read More

Perezida Ndayishimiye yemeje ko ingabo z’u Rwanda zidakomeye kurusha iz’u Burundi

Perezida w’u Burundi , Ndayishimiye Evariste yatangaje ko ingabo z’u Rwanda zidakomeye ku rwego nk’ingabo z’u Burundi anongera gushimangira ko u Rwanda arirwo nyirabayazana w’ibibazo by’umutekano muke umaze igihe ututumba muri aka karere . Ubwo yari yitabiriye amasengesho y’itorero ryitwa Eglise Vision de jesus – Christ mu cyumweru gishize perezida Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kuvuga…

Read More

Denis Kazungu yasabye kugabanyirizwa igihano cyo gufungwa burundu yahawe !

Denis Kazungu, wahamijwe icyaha cyo kwica abantu 13  mu mwaka ushize, yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa 12 Kamena 2025, asaba kugabanyirizwa igihano cy’igifungo cya burundu yahawe n’inkiko. Kazungu, wafashwe muri Nzeri 2023 nyuma y’amakimbirane n’uwo yakodeshaga inzu i Busanza mu Karere ka Kicukiro, yafashwe ubwo inzego z’umutekano zasangaga imirambo myinshi ishyinguwe inyuma y’inzu ye….

Read More

Rutsiro : Imirima y’abagize Koperative  ihinga icyayi ishobora gutezwa cyamunara

Mu Karere ka Rutsiro, abahinzi b’icyayi bibumbiye muri Koperative ‘RUTEGROC’ barasaba Leta kubafasha kwishyura umwenda urenga miliyari 2 Frw babereyemo Banki y’u Rwanda y’Iterambere (BRD).  Uyu mwenda waturutse ku nguzanyo yahawe abahinzi mu myaka ya 2010 na 2011, yagombaga kubafasha guhinga icyayi ku buso bwa hegitari zirenga 1,200 mu mirenge ya Rusebeya, Manihira na Murunda….

Read More

Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 181 bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Werurwe 2025, bambitswe imidali yo kubashimira ubwitange n’umurava bagaragaje mu gihe cy’umwaka bamaze mu kazi ko kubungabunga amahoro muri icyo gihugu. Abambitswe imidali kuri uyu munsi ni abapolisi 180 bagize itsinda RWAFPU2-9 n’undi mupolisi umwe…

Read More

Indege yari itwaye Vice-president wa Malawi yaburiye irengero!

Saulos Chilima,Perezida wungirije wa Malawi,yaburiwe irengero mu ndege yafashe mu masaha ya mugitondo Aho yerekezaga Mzuzu mu majyaruguru y\’icyo gihugu. Mu masaha yashize, ibiro bya perezida wa Malawi,byatangaje ibura ry\’indege yari itwaye uyu mwunganizi wa perezida mu nshingano,yaburiwe irengero ndetse na radari zikaba zakomeje kuyibura.Iyi ndege yari itegerejwe kugera I Mzuzu ku isaha ya saa…

Read More

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byikubise hasi !

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imirimo Imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro rwashyize hanze ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho igiciro cya lisansi cyavuye kuri 1,629 Frw kigera kuri 1,574 Frw, mu gihe igiciro cya mazutu cyavuye kuri 1,652 Frw kigera kuri 1,576 Frw. Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho guhera kuri uyu wa 10 Ukwakira…

Read More

Kuva tariki ya 21 kugeza tariki ya 30 /Ugushingo hateganijwemo imvura idasazwe : Meteo Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere [ Meteo Rwanda ], cyatangaje ko mu gice cya gatatu y’ukwezi k’Ugushyingo 2024, hateganijwemo imvura idasazwe ndetse n’umuyaga uri hejuru, unashobora kuzatera inkangu n’imyuzure.  Meteo Rwanda ivuga ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi k’Ugushyingo 2024 (kuva tariki ya 21 kugeza tariki ya 30), mu Rwanda hateganyijwe ingano y’imvura iri hagati ya milimetero…

Read More