Uwari umuvandimwe wa Micheal Jackson yapfuye ku myaka 70

Tito Jackson, umwe mu bibanze batangije itsinda rya muzika rya Jackson 5 akaba n’umuvandimwe w’icyamamare Michael Jackson, yapfuye ku myaka 70, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru muri Amerika. Steve Manning, inshuti y’igihe kirekire y’umuryango wa ba Jackson wahoze anashinzwe ibikorwa byawo, yabwiye Entertainment Tonight ko Tito yapfuye kuri uyu wa mbere. Ayo makuru yemejwe kandi kuri Instagram…

Read More

Amnesty International irashinja M23 gukora ibyaha by’intambara muri Congo

Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, urashinja inyeshyamba z’umutwe wa M23 zirimo kurwana mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gukora ibyaha  by’intambara. Mu igenzura ryasohowe kuri uyu wa kabiri, Amnesty yavuze ko izi nyeshyamba Kinshasa yemeza ko zishyigikiwe n’u Rwanda zishinjwa kwica, gukorera iyicarubozo no gushimuta abaturage mu buryo bunyuranyije…

Read More

Ubwongereza bwemeje ko nta andi mafaranga buzishyura u Rwanda ku masezerano y’abimukira yasheshwe

Leta y’ Ubwongereza yatangaje ko itazigera yishyura u Rwanda amafaranga yari asigaye ku masezerano yo guhahahana impunzi ibihugu byombi byari byarasinyanye akaza kuvanwaho . Ku munsi wo ku wa mbere nibwo umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda , Makolo Yolande yatangaje ko Ubwongereza bwasabye iki gihugu kurekera kubwishyuza amafaranga yari asigaye angana na miliyoni 64 z’amapawundi…

Read More

Umutoza wa Rutsiro FC yatangaje icyo agiye gukora nyuma yo gutsindwa na APR FC mu buryo we yavuze ko budasobanutse

Umutoza w’ikipe ya Rutsiro FC , GATERA Mousa , yatangaje ko agiye gukurikirana uburyo ikipe ye yatsinzwe ku mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona batsinzwemo n’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu [APR FC] ibitego bitanu ku busa (5-0). Ni umukino wabereye kuri sitade Umuganda iherereye mu karere ka Rubavu,aho APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino kugirango ifate umwanya…

Read More

DRC: umuryango w’abibumbye uratangaza ko ikigero cy’ihohoterwa gikomeje gufata indi ntera

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu (UNJHRO) ryatunze agatoki ihohoterwa rikabije ndetse ritanga ibirego bigera kuri 400 bifite aho bihuririye n’ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu byanasize inzirakarengane zigera ku 1,487 muri kamwe mu duce twa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, hamwe n’abantu . Iyi ni imwe muri raporo nyamukuru zashyizwe ahagaragara na UNJHRO ukwezi…

Read More

Bukavu : abantu 17 bapfiriye mu iturika ryabaye mu nama ya M23 bashyinguwe

Ishami ry’umuryango mpuzamahanga utabara imbabare ku isi rya Croix Rouge rikorera mu ntara ya Kivu y’Epfo ryatangaje ko ryashyinguye imirambo y’abantu 17 bapfiriye mu iturika ry’igisasu ryabereye mu mujyi wa Bukavu ubwo abaturage bari bitabiriye inama y’umutwe wa M23 . Amakuru yatanzwe n’ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC / M23 yemeza ko mu mirambo 17 yashyinguwe harimo…

Read More

Victor Osimhen yahaye impano idasanzwe myugariro w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda nyuma y’umukino

Rutahizamu w’ikipe ya Galatasaray mu gihugu cya Turkey Victor Osimhen  yahaye impano y’umupira(Jezi) myugariro Mutsinzi Ange Jimmy nyuma y’umukino ikipe ye yabonyemo amanota atatu ku bitego bibiri ku busa(2-0). Ubwo uyu mukino warangiraga uyu rutahizamu uri mu bakomeye ku mugabane wa Africa yafashe umupira w’Ikipe ye ya Galatasaray awuha Ange byatumye na Mutsinzi Ange amuha…

Read More

Byinshi byihishe inyuma y\’uruzinduko rwa Perezida Ruto i Washington.

Perezida William Ruto wa repubulika ya kenya na mugenzi we Joe Biden kuri uyu wa kane batangaje imbonerahamwe y\’ishoramari ryagutse ry\’amamiliyari menshi muri KENYA ryakomotse kubuhahirane hagati y\’ibihugu byombi mugihe cy\’imyaka 60 y\’ubu buhahiranire,Uyu mushinga w\’ishoramari rishya muri iki gihugu ryatangajwe ku munsi wanyuma w\’uruzinduko rw\’iminsi ine uyu mukuru w\’igihugu cya kenya yaramaze asura leta…

Read More

Minembwe : Ibihumbi by’Abaturage biri guhunga ubutitsa kubera Imirwano yamaze gufata indi ntera

Mu karere ka Minembwe, mu ntara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ibihumbi by’abaturage bakomeje guhunga kubera imirwano ikomeye hagati y’ingabo za Leta na mitwe w’intwaro izi nka twirwaneho. Abo baturage bava mu midugudu ya Kalingi, Bidegu, Kitavi, Ilundu ndetse na Kiziba, bahungira mu bihuru, imirima cyangwa mu nkengero z’imihana y’ibitaro n’amashuri…

Read More

Paper Talk: Erling Haaland Kuba muri city! ibyo Hansi Flick atekereza kuri Joao Felix,Paris St-Germain kuri NapoliKhvicha Kvaratskhelia

Manchester City ntakindi kintu irigutekereza usibye kongerera amasezerano umunya  Norway Erling Haaland, 23, nyuma y’uko Real Madrid ya muvugwagaho ya maze kugura  Kylian Mbappé byo ngerera amahirwe  Manchester city ko ya mugumisha  Etihad. (#Mirror) Arsenal  ya tangiye gukusanya amakuru ku musore wa FC Barcelona w’Imyaka,19, Mikayil Faye myugariro ukomoka mu gihugu cya  Senegal, Mikel Arteta ari gutekereza…

Read More