Batatu ni bo bonyine bemerewe byagateganyo kwiyamamaza ku mwanya wa perezida

Kuri uyu wa kane komisiyo y\’igihugu y\’amatora [NEC] yatangaje urutonde rwa agateganyo rwa abakandida bemerewe kwiyamamariza amatora yo ku mwanya w\’umukuru w\’igihugu ndetse n\’aya abadepite ateganijwe kuba hagati ya taliki 14-16/nyakanga /2024. Komiseri mukuru wa Komisiyo y\’igihugu y\’amatora Hon. Oda Gasinzigwa yatangaje ko abakandinda batatu bonyine aribo bujuje ibisabwa aribo: Kurundi ruhande ,uyu muyobozi yanakomeje…

Read More

Ibiciro by’amatike yo kwinjira kuri Rayon Day byahindutse!

Ubuyobozi bwa ekipe ya Rayon sports bwatangaje ibiciro bishya by’amatike yo kwinjira kuri Rayon day bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro. Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben, yatangaje ko bitewe n’uko “Rayon Day” itakibereye kuri Stade Amahoro kubera impamvu zitabaturutseho, hari uburyo bagerageje guhuza ibiciro by’amatike yari yashyizwe ku isoko n’ibijyanye na Kigali…

Read More

Manchester United yahishuye akayabo k’amafaranga yatakaje ubwo yirukanaga umutoza Erick Ten Hag

Mu minsi ishize nibwo Ikipe ya Manchester United yafashe icyemezo cyo gutandukana n’uwari umutoza wayo Erick Ten Hag gusa nubwo yafashe icyo cyemezo ntibyayibujije gutakaza akayabo k’amafaranga, dore ko iyi kipe byayisabye miliyoni 21 z’amayero, akabakaba miliyari 30 mu mafaranga y’u Rwanda ngo yinjize Ruben Amorim mu mirimo. Bisa nk’ibyatunguranye cyane dore ko abenshi batiyumvishaga…

Read More

Cristiano Ronaldo yatangaje amagambo akomeye kuri Vinicius Junior ashobora no kumuteranya na Rodri

Kizigenza Cristiano Ronaldo yavuze ko bitari bikwiye ko Rodrigo Cascante ahabwa umupira wa zahabu mu gihe yari ahanganye na Vinicius Junior wamurushaga byinshi. Rodrigo Cascante ukomoka mu gihugu cya Esipanye niwe uherutse guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu. Ni ibirori byasize impagarara n’urunturuntu mu mitima y’abakunzi b’umupira w’amaguru kuko abenshi bahaga amahirwe menshi Vinicius Junior usanzwe…

Read More

Biramahire Abeddy yashyize umucyo ku mpamvu yagarutse gukina mu Rwanda

Umukinnyi Rayon Sports iherutse gusinyisha Biramahire Abeddy yavuze ko impamvu yavuye mu ikipe yakiniraga mu gihugu cya Mozambique ari umutekano mucye wari muri iki gihugu. Uyu musore ukina nka rutahizamu yaba aciye hagati ndetse no ku mpande yasinyiye ikipe ya Rayon Sports ku mpera y’ifunga ry’isoko ry’ukwezi kwa mbere 2025 ndetse bikaba byaratunguye benshi kuko…

Read More

Nzakora uko nshoboye ngarure Ben White mu ikipe y’igihugu : Thomas Tuchel

Umudage Thomas Tuchel uherutse kugirwa umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yatangaje ko yiteguye kubura ibiganiro bigamije kugarura myugariro wa Arsenal witwa Ben White mu kipe y’igihugu nyuma yuko yagiranye ibibazo n’umutoza yasimbuye witwa Gareth Southgate . Benjamin White [Ben White] aheruka mu kipe y’igihugu y’ubwongereza izwi nka Three Lions ubwo iyi kipe yari mu…

Read More

Paper Talk [Europe] : Arsenal, Real Madrid na  Atletico Madrid  zihanganiye umukinnyi umwe,Mikel Merino agiye kwinjira muri Arsenal!

West Ham  United   irasha gukora taransiferi ebyeri icyarimwe harimo  iya Niclas Fullkrug, 31,  ukinira Borussia Dortmund  ndetse nundi wa Leeds United  Umuhorandi  Crysencio Summerville, 22. (Sky Sports) Amakipe atandukanye arimo  Arsenal, Real Madrid ndetse na  Atletico Madrid zose zirifuza gutwara Adrien Rabiot  Umufaransa w’imyaka 29 ukina hagati mu kibuga  dore ko  yasoje amasezerano ye muri Juventus mu gihugu…

Read More

Nyuma ya Mali ; Igihugu cya Niger nacyo cyimaze gucana umubano n’igihugu cya Ukraine

Igihugu cya Niger cyahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Ukraine nyuma yo kugaragarwaho nyuma yo gushyigikira ibitero by’inyeshyamba ku gisirikare cya Mali cyaguyemo ingabo za Mali mu minsi ishize . iki kikaba ari ikimenyetso cyerekana ko amakimbirane akomeje kwiyongera hagati y’ibihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika y’iburengerazuba na leta ya Kyiv.Guverinoma ya gisirikare cya…

Read More

FDLR yemeje ko Gakwerere ushinjwa kwica Rozalia Gicanda yari mu buyobozi bwayo bukuru

Ubuyobozi bw’umutwe wa FDLR bwemeje ko umwe wari mu bayobozi bawo bo mu nzego nkuru zawo witwa Gakwerere unakekwaho kwica umwamikazi Gicanda Rozalia ari mu basirikare b’uyu mutwe bahawe u Rwanda n’umutwe wa M23 mu mpera z’icyumweru gishize . Inyandiko z’icyahoze ari urukiko rwa Arusha rwashyiriweho kuburanisha ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zerekana…

Read More