Amakuru Mashya: Igisirikare cy’u Rwanda cyirukanye abasirikare batandukanye kubera imyitwarire idahwitse

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen Maj Martin Nzaramba, Col Dr Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Gen Maj Martin Nzaramba wavutse mu 1967 yavukiye mu gace ka Mpigi muri Uganda, aho umuryango we wari warahungiye, akaba yarigeze kuba Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri rya Gisikare cya Nasho.Naho…

Read More

Inama ya EAC isize Perezida William Samoeri Ruto wa Kenya atorewe kuyobora uyu muryango

Iyi nama ifite insanganyamatsiko yo “guteza imbere ubucuruzi, iterambere rirambye, amahoro n’umutekano hagamijwe guteza imbere imibereho.” igiye kuba mu gihe EAC yizihiza isabukuru y’imyaka 25 imaze yongeye gutangizwa bundi bushya. Ubwo twakoraga iyi nkuru, Perezida Paul Kagame w’U Rwanda, William Ruto wa Kenya, Hassan Sheikh Mohamud wa Somalia na Yoweri Museveni wa Uganda ni bo…

Read More

H.E Paul Kagame: iyo hagize utuzanaho urugomo n’ubushotoranyi, duhagurukira kwirwanaho

Kuri uyu wa 04/07/2024,u Rwanda,abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bizihije umunsi mukuru w’imyaka 30 ishize u Rwanda rwibohoye ingoma y’amacakubiri,ivangura,akarengane n’ibindi byakandamizaga abanyarwanda. Uyu munsi Kandi nibwo abanyarwanda bibuka Ingabo za FPR Inkotanyi zahoze Ari iza RPA zabohoye u Rwanda zikanahagarika Genocide yakorewe abatusi mu 1994.Ku itariki ya 04/07/1994,nibwo ingabo za FPR Inkotanyi,zabohoye u Rwanda,urugamba zari…

Read More

Tariki 27 /Kanama mu mateka : Hamad ben Khalifa Al Thani yabaye Umuyobozi wa Qatar [ byinshi kuri uyu munsi]

Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu Malrub na Monique. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1828: Uruguay yatangaje intangiriro y’ubwigenge bwayo, hari mu biganiro by’amahoro byari biyobowe n’Abongereza hagamijwe guhuza Brésil na Argentine mu ntambara bari bamazemo iminsi. 1896: Habaye intambara yamaze igihe gito hagati y’Ingabo z’u Bwongereza n’iza Zanzibar. Iyi ntambara yamaze igihe kigera ku…

Read More

Rulindo : Gitifu umaze iminsi avugwaho guhangana na Meya w’akarere yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo aho akurikiranyweho ibyaha birimo koshya abitabajwe mu nzego z’ubutabera ndetse uyu muyobozi akaba amaze iminsi avugwaho amakuru yuko yarebanaga ayingwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo . Amakuru yuko uyu Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo witwa Ndagijimana Frodouard  yatawe muri yombi yemejewe n ‘Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu…

Read More

INKURU YIHARIYE : Ibyo utamenye ingingo ku yindi  ku ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana  

Inkuru zose zivuga ku minota ya nyuma ya ‘Falcon 50’ ya Juvénal Habyarimana n’abari bayirimo, zitangirira mu nama i Dar es Salaam ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, tariki 6 Mata 1994, zikongera gusimbukira i Kanombe ku mugoroba wo kuri iyo tariki ubwo indege yaraswaga, abari bayirimo bose bagapfa.  Amaperereza yarakozwe, inkiko zabyinjiyemo, ubushakashatsi bwarakozwe…

Read More

Umukinnyi wa Young Africans ukomeye yahawe ipeti rya sergeant avuye kuri Corporal

Umukinnyi w’Umupira w’Amaguru ukomoka muri Tanzania Ibrahim Abdallah Hamad uzwi nka “Ibrahim Bacca” yamaze kuzamurwa mu mapeti ava kuri Corporal ajya kuri sergeant mu mutwe abarizwamo wo kurwanya magendu zambukiranya imipaka muri Zanzibar. Uyu musore w’imyaka 27 akinira ikipe ya Young Africans mu bwugarizi ndetse akaba akinira n’ikipe y’Igihigu ya Tanzania , yatangiye kugaragaramo mu…

Read More

ikipe ya HT Helinski yarashinzwe ku munsi nkuyu,Pickford,Sven Davidson …taliki ya 4/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka mu isi ya siporo: 1916 ikipe y\’umupira w\’amaguru yo muri Finland yitwa HT Helinski yarashinzwe ku munsi nkuyu. 1924 umikino wahuje ubufaransa na Hongiriya wari umukino w\’ijana…

Read More

Jean Bosco Ntagungira uherutse kugirwa Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare yatangiye inshingano ze

Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare, Jean Bosco Ntagungira yagiye gutangira inshingano aherutse guhabwa n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Musenyeri Ntagungira yerekeje i Huye, aherekejwe n’abakristu babanaga muri Arikidiyosezi ya Kigali. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francisco, yagennye Padiri Jean Bosco…

Read More