Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko kwitandukanya n’amacakubiri

Ubwo yaganirizaga urubyiruko rwo mu majyaruguru, Minisitiri w’Urubyiruko Utumatwishima Abdallah yarusabye kwitandukanya n’abafite amacakubiri. Ibi minisitiri w’Urubyiruko yabibwiye urubyiruko mi Kigo cy’Ubutore cya Nkumba ahatangirijwe ibiganiro bise Rubyiruko Menya Amateka Yawe. Yavuze ko hari  ibibazo bikunze kugaragara aho, abaturage bamwe banga mugenzi wabo kubera badakomoka hamwe, abandi bakitandukanya n’abo bakorana mu kazi cyangwa ahandi hatandukanye…

Read More

Barcelona yashyize umucyo ku byo kuzana Luis Diaz cyangwa Marcus Rashford!

Ikipe ya Barcelona yamaze kugaragaza ko izagura Luis Diaz wa Liverpool byakunda ikazana na Marcus Rashford mu gihe Manchester United yakwemera kumutanga ku ntizanyo. Hari hamaze iminsi hari urujijo kuri ibi, cyane ko bisa nk’ibigoye ko Barcelona aba basore bombi yabagura icyarimwe, amakuru akemeza ko umukinnyi Barcelona yifuza ari Luis Diaz mu gihe Rashford we…

Read More

Sepp Blatter na Micheal Platini bahoze bayobora FIFA bagiye kongera kugezwa mu rukiko

Sepp Blatter wahoze ari umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku isi [ FIFA ] n’Umufaransa Micheal Platini bagiye kongera kugaruka mu rukiko kugirango batangire kwiregura ku byaha birimo ibya ruswa bashinjwa . Mu mwaka wa 2022 , aba bagabo bombi bahanaguweho ibi byaha nyuma y’Iperereza ry’Imyaka 7 ryakozwe n’Urukiko rw’Ibanze rwo mu Busuwisi gusa abatangabuhamya baza…

Read More

Carlo Ancelotti utoza Real Madrid yashyize umucyo ku bivugwa k’ubuzima bwa Kylian Mbappe

umukambwe Carlo Ancelotti, usanzwe ari umutoza mukuru w’ikipe ya Real Madrid, yahakanyije abakomeje gutangaza amakuru we yise ibinyoma avuga ko rutahizamu Kylian Mbappe, amaze igihe kinini ahanganye n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe. Ubwo yari mu ikiganiro n’itangazamakuru mbere y’umukino ikipe ya Real Madrid yatsinzemo Leganes, 3-0, Ancelotti yavuze ko afitiye ikizere rutahizamu we ndetse yizeye…

Read More

Joseph Kabila wayoboye DRC yashimangiye ko ingabo z’amahanga zigomba kuva muri iki gihugu

Joseph Kabila wari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yifuza ko ingabo z’amahanga zibarizwa mu burasirazuba bw’iki gihugu zavanwayo ndetse hakanimakazwa inzira z’ibiganiro hagati y’impande zishyamiranye nk’umuti urambye w’ikibazo cy’umutekano muke muri iki gihugu . Ubwo yaganirizaga ikinyamakuru Digital News mu ntangiriro z’uku kwezi mbere yuko yerekeza muri Namibia aho yari yitabiriye…

Read More

DRC yatangaje ko yishimiye ibihano bya EU ku bayobozi bakuru muri M23 na RDF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yishimiye ibihano bishya Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wafatiye bamwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa M23 nabo mu gisirikare cy’u Rwanda . Ku munsi wejo nibwo Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi bwemeje ko bamwe mu bayobozi b’umutwe wa M23 ndetse n’abandi batatu bo mu gisirikare cy’u Rwanda wabafatiye ibihano birimo…

Read More

Tariki ya 14 Nzeri mu mateka y’Isi : Kizito Mihigo na Ingabire Victoire bahawe imbabazi

Bimwe mu byabaye ku itariki ya 14 Nzeri mu mateka: 1829: Hasinywe amasezerano ya Andrinople, hagati y’ubwami bwa Ottaman n’u Burusiya arangiza intambara yatangiye mu 1828 hagati y’ibi bihugu byombi. 1901: Theodore Roosevelt yabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika 1960: Hashinzwe umuryango w’ibihugu bikize kuri peteroli OPEP (Organisation des pays exportateurs de pétrole). 1814…

Read More

MIFOTRA yemeje iminsi  ibiri y’ikiruhuko  

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize ahagaragara itangazo rigenewe abakozi n’abakoresha bose, ribamenyesha ko iminsi ibiri iri imbere izaba iminsi y’ikiruhuko ku rwego rw’igihugu. Nk’uko biri mu itangazo ryatanzwe, ku wa Gatanu tariki ya 18 Mata 2025, hazaba ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Gatanu Mutagatifu.  Uyu ni umunsi w’ingenzi mu myemerere ya…

Read More

Asaga miliyoni 861 amaze gucibwa abanyereje umutungo wa Leta mu mezi atanu gusa !

Umushinjacyaha Mukuru Havugiyaremye Aimable yatangaje ko abanyereza umutungo wa leta batazigera bihanganirwa, ko ahubwo bakomeje gukurikiranwa no guhanwa ndetse n’amafaranga banyereje akagaruzwa. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta iheruka kugaragaza ko mu mwaka ushize w’ingengo y’imari, amafaranga yakoreshejwe nabi yageze kuri miliyari 8.6 z’amafaranga y’u Rwanda avuye kuri miliyari 5.6 mu mwaka wabanje. Mu kiganiro…

Read More