Ruud van Nistelrooy ngo ntatewe ubwoba na gato n’ibyo yaza kuvugwaho n’abo bahoze bakinana naramuka atsinzwe na Chelsea

Kuri iki cyumweru, umutoza w’umusigarire wa Manchester united witwa Ruud van Nistelrooy yatangaje ko yiteze kuza kunengwa n’abahoze bakinana mu ikipe ya Manchester United bakora nk’abasesenguzi ku ma shene ya televiziyo atandukanye mu gihugu cy’ubwongereza naramuka atsinzwe umukino we wa mbere wa Premier League nk’umutoza w’agateganyo afitanye na Chelsea ku isaha y’i saa kumi n’ebyiri…

Read More

APR FC yasubukuye imyitozo yitegura Pyramids FC

Nyuma yo gutsinda no gusezerera Azam FC mu ijonjora ry’ibanze, APR FC ikomeje imyitozo yitegura iyo zizahura mu cyiciro gikurikiyeho. Kuwa gatandatu tariki ya 24/8/2024 ni bwo APR FC yatsinze Azam FC ibitego 2-0, iyisezerera ityo ku bitego 2-1 hateranyijwe imikino yombi y’ijonjora ry’ibanze mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere…

Read More

MONUSCO yahakanye ibyo gukorana na FARDC mu kuzatera M23 muri Goma

Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’Umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ MONUSCO] bwahakanye amakuru akomeje gukwirakwira avuga ko ku bufatanye na leta ya Kinshasa bari gutera kugaba ibitero simusiga bigamije kongera kwigarurira umujyi wa Goma umaze iminsi amezi warigaruriwe na M23 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku cyumweru cya tariki ya 13…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Byasabye penaliti kugirango Brazil itware Ubutaliyani igikombe cy’isi naho Moussa Dembélé abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927 Tour de France yabaye ku nshuro yayo ya 21: Nicolas Frantz wo muri Luxembourg yegukanye umwanya wa mbere mu gace kavaga mu mujyi wa Nice kerekeza mu bubiligi akoresheje kingana na 1h 48′ 21″ . 1963 Ikipe y’umupira wamaguru ya Telstar yarashinzwe mu gace…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Nyuma yo gusifurirwa mu buryo benshi batishimiye APR FC igiye kumenyesha CAF! Pyramids iri kunyagira APR FC na Azam n’ukoga magazi!

Kuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yatsindiwe na AZAM FC igitego 1-0 kuri stade ya AZAM Complex mu mukino ubanza wa Total CAF Champions League. Umukino wo kwishyura uzaba kuri uyu w’agatandatu taliki ya 24 kanama 2024 ubere I Kigali mu Rwanda.(#APRFC) Ikipe y’Ingabo  z’igihugu  APR FC iri gutegura  kugira icyo ikora (imenyesha CAF)…

Read More

Munyenyezi Beatrice ushinjwa ibyaha bya Jenoside yahakanye ibyo kuba yarigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu 1994

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukurikirana ibyaha byambukiranya imipaka ruherereye mu karere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo rwakomeje kumva ishingiro ry’ubujurire bwa Beatrice Munyenyezi wajuririye igifungo cya burundu yakatiwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 . Abashinjaga Munyenyezi batangaje ko uyu mugore yigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mbere ya jenoside nubwo we abihakana…

Read More

Pep Guardiola yaciye amarenga y’igihe Rodri ashobora kugarukira

Bitunguranye umutoza Pep Guardiola, yatangaje ko igaruka ry’Umunya-Esipanye Rodrigo Cascante, rishobora kuba mbere y’Irangira ry’Uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo uheruka guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu, yavunitse ubwo hari hashize ibyumweru 5, uyu mwaka w’imikino utangiye ndetse biza guhita bitangazwa ko atazongera gukina kugeza uyu mwaka w’imikino urangiye. Nubwo ibyo byavugwaga ariko ntibyabuzaga ko Rodri, we…

Read More

Uburusiya bwakatiye gufungwa imyaka 12 uwo bwashinjaga gutanga ubufasha kuri Ukraine

Urukiko rwo mu Burusiya rwakatiye ballerina Ksenia Karelina igifungo cy’imyaka 12 kubw’ubugambanyi ku gihugu nyuma yo gutanga amadorari 51 mu kigo cy’abagiraneza gishyigikira Ukraine. Mu cyumweru gishize, Karelina ufite ubwenegihugu bw’Abanyamerika n’Uburusiya, yemeye icyaha nyuma y’urubanza rwabereye mu muhezo. Karelina wabaye i Los Angeles ari naho yakuye ubwenegihugu bwa Amerika mu 2021 , yatawe muri…

Read More