Paper Talk [Rwanda&Africa]: Uwikunda Samuel yagarutse nyuma yibihano by’igihe kirekire, Mashami Vincent yavuze kubya Joackiam Ojera!

Umutoza w’ikipe y’igihugu  ya  Africa y’Epfo  Hugo Broos yamaze gushyira hanze urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bazavamo ababurundu bazakina imikino yo gushaka tike y’igikombe cya Africa cya 2025 kizabera mu gihugu cya Morocco mu kwezi ku Kwakira 2024.  (MickyJr) Ikipe  ya  Zamalek  yo mu gihugu cya Misiri  yamaze  kugera  i Riyadh muri  Saudi Arabia mu mukino w’ishiraniro…

Read More

Kepa Arrizabalaga yerekeje muri Arsenal: Urugendo rushya ku mpano yaciriwe urubanza n’igiciro cyayo

Ikipe ya Arsenal yemeje ko yasinyishije ku mugaragaro umunyezamu w’Umwesipanyoli Kepa Arrizabalaga avuye muri Chelsea ku masezerano y’imyaka itatu, mu igurwa ryatwaye miliyoni £5. Ibi bikurikiye igihe yamaze ari mu ikipe ya Bournemouth ku ntizanyo, aho yakinnye imikino 35 mu mwaka ushize. Kepa w’imyaka 30 yavuze ko yishimiye intambwe yateye agira ati: “Ndanezerewe cyane kuba…

Read More

Ni iki cyo kwitega kuri Van Nistelrooy ugiye gusigarana Man Utd mu nzibacyuho ?

Ikipe ya Manchester united yatangaje ko yatandukanye n’Umuholandi Erick Ten Hag wari umutoza wayo, aho yahise asimbuzwa uwari umwungiriza we Ruud Van Nistelrooy. Si ubwa mbere izina Van Nistelrooy ryumvikanye I Manchester dore ko, akiri n’umukinnyi yanyuze muri iyi kipe igihe kigera ku myaka itanu, bikaba ari yo mpamvu byorohera buri mufana wa Manchester united…

Read More

Rusizi : Umukecuru warokotse Jenoside yatatswe n’abataramenyekana baramukubita bamusiga ari intere

Mu Kagari ka Shagasha mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi hari Umukecuru warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wo mu 1994, urembeye mu Bitaro nyuma yuko atewe n’abantu batazwi ku manywa y’ihangu, baramukubita bamubwira ko baje kurangiza umugambi wabo, bakamusiga bazi ko yapfuye . Uyu  mukecuru witwa Mukantagara Pelagie ufite imyaka 74  arembeye…

Read More

Uganda Cranes yahamagaye Denis Omedi na Hakim Kiwanuka ba APR FC

Kuri uyu wa mbere tariki ya 10 werurwe 2025 ,ikipe y’igihugu ya Uganda itozwa n’umubiligi Paul Put yamaze gutangaza urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi iyi kipe igomba kuzifashisha mu mikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi igomba kuzakinamo na Mozambique na Guinea . Ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere i Kampala ku cyicaro…

Read More

Ubushakashatsi bwerekanye Ko urubyiruko ruri ahaga kubera imikoreshereze y’Imbuga Nkoranyambaga

Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu by’imitekerereze bwerekanye ko urubyiruko rwinshi mu Rwanda, rwiganjemo abantu bafite imyaka hagati ya 18 na 30, ruri mu bihombo by’imitekerereze, by’umwihariko agahinda gakabije n’izindi ndwara zishobora gukurura ibibazo bikomeye. Ubu ni ubushakashatsi, bwakozwe mu gihe cy’amezi atanu (kanama 2023 kugeza muri Mutarama 2024), bwerekanye ko 43,3% by’urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga, ariko…

Read More

Ghana yegukanye umwanya w’umunyamabanga mukuru wa commonwealth

Shirley Ayorkor Botchwey usanzwe ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ghana, yegukanye umwanya wo kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza commonwealth. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 ukwakira 2024, umuryango wa commonwealth washyize hanze itangazo rivuga ko Shirley Ayorkor Botchwey yagizwe umunyamabanga mukuru mushya w’ibihugu 56 bigize commonwealth yatorewe munama y’abakuru bibihugu…

Read More

EURO 2024: Rya buye ryanzwe n’abubatsi niryo rikomeje imfuruka,Wout Weghorst afashije ubuholandi kwikura imbera ya Polonye

ikipe y’igihugu y’ubuholandi ibonye intsinzi imbere y’ikipe y’igihugu ya polonye nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kuri kimwe mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’uburayi cyiri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uyu wari umukino ubanza mu itsinda D ry’iyi imikino y’iburayi iri kubera mu gihugu cy’ubudage,ukaba wayobowe n’umusifuzi witwa Arur Diaz ukomoka mu gihugu cya Portigal ubera kubera…

Read More

DRC : Uburayi bwatanze impuruza ku bikorwa bibi bya M23 mu duce yafashe

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko utejwe inkeke n’ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko uduce twamaze kwigarurirwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 . Ibi byatangajwe n’Uhagaririye inyungu z’uyu muryango muri iki gihugu aho afite icyicaro gihoraho mu mujyi wa Beni uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku munsi wejo…

Read More